RDF ikomeje ibikorwa byagenewe icyumweru cy’ingabo hategurwa umunsi wo kwibohora, aho iherutse gufasha abatishoboye mu turere twa Kamonyi na Muhanga.


Ku itariki 30 Kamena nibwo mu karere ka Kamonyi na Muhanga, Ingabo z’u Rwanda zatanze inzu enye ku miryango y’abatishoboye ndetse zibagabira n’inka zo korora kugira ngo biteze imbere nk’uko urubuga rwa minisiteri y’ingabo dukesha iyi nkuru rukomeza ruvuga.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
@bwiza.com


