Umuyobozi w’Akarere ka Bugesera, Richard Mutabazi kuri uyu wa 24 Nyakanga 2020 yizihije isabukuru y’imyaka 10 amaze ashakanye n’umugore we, amwita Isi n’Isanzure.
Ni ubutumwa Meya Mutabazi yacishije ku rubuga rwa Twitter, asaba abamukurikira aya magambo: “Mumbwirire ko ari Isi akaba n’Isanzure icya rimwe. Twizihiza ikinyacumi dukoze ubukwe bushimishije. Ni imanzi (tattoe) yaritse ku mutima wanjye.”
Meya Mutabazi n’umugore we bashakanye tariki ya 24 Nyakanga 2010, kuri uyu munsi muri uyu mwaka bakaba bujuje imyaka 10 bitwa umuryango umwe.
Ijambo ‘Isi’ rikoreshwa cyane n’urubyiruko iyo rushatse gusobanura ko umuntu cyangwa ikintu ari cyiza cyane, cyangwa ku rwego rwo hejuru. ‘Isanzure’ naryo rikoreshwa iyo iyo umuntu cyangwa ikintu gifatwa nk’icyiza kurusha ibindi byose bihaho. Imikoreshereze y’aya magambo, ibamo ikabya risanzwe mu buvanganzo nyarwanda.
Kuba Meya Mutabazi aya magambo, yari muri uwo mujyo dore ko ari umuntu ukunda kugira urwenya, akoresheje urubuga rwa Twitter.
Tariki ya 14 Ugushyingo 2019, umubyeyi wa Meya Mutabazi yamusanze mu biro by’Akarere ka Bugesera. Uyu muyobozi yasangije abamukurikira ibyishimo yagize ku nshuro ya mbere nyina yari amusanze mu kazi nk’Umuyobozi w’Akarere.
Meya Mutabazi yatangaje ko nyina yamubajije ati: “Amakuru make yo mu muryango hanyuma ati: ‘Ubu se mwana wa, urarya ryari?’ […] Antera urwenya nyuma ati: ‘Ese wowe no mu kazi nuko!’ ”
Meya Mutabazi n’umubyeyi we mu biro
Amafoto: Richard Mutabazi/Twitter
Richard Mutabazi wahoze ari mu Nama Njyanama, yayoboye Bugesera kuva tariki ya 27 Gicurasi 2018. Yasimbuye Nsanzumuhire Emmanuel wari umaze kwegura.



32 Responses
Mumbwirire uyu mugore wanjye ko ari Isi akaba n’Isanzure_Meya wa Bugesera
Tumubwiye ko ari isi nisanzure twaba tumubeshye nkuko wamubeshye ahubwo numugore mwashakanye yewe sinanavuga ngo mwarambana kuko nabyo ntibibaho igihe nikigera umwe azasiga undi ntimuzajyana uko niko kuri niba ugukunda niba mukunda ibinyoma mukomeze mubyo mwipashe bitariho.
Mumbwirire uyu mugore wanjye ko ari Isi akaba n’Isanzure_Meya wa Bugesera
Twizere ko atajya amuca inyuma!! Naho ubundi Ibintu bidushimisha kurusha ibindi Imana yaduhaye,ni Ubukwe no Kubyara.Byombi ni IMPANO y’Imana. Gusa tugomba kwibuka ko Imana ishaka ko Umugore n’Umugabo “baba umubiri umwe” nkuko Intangiriro 2,umurongo wa 24 havuga.Ikibabaje nuko ababyubahiriza ari bake.Benshi bacana inyuma,bararwana,baricana,ndetse bagatandukana.Amadini amwe abeshyera Imana ngo ibemera gutunga abagore benshi.Ntabwo aribyo kubera ko bitera ibibazo mu ngo kandi Yesu yadusabye gushaka umugore umwe. Nkuko Yesu yabisobanuye muli Matayo 19:6,Imana yihoreye Abayahudi batunga Abagore benshi kuko bali barananiye Imana.Abantu bose bakora ibyo Imana itubuza,yashyizeho umunsi wa nyuma kugirango izabakure mu isi.Izasigaza mu isi gusa abantu bayumvira nkuko Imigani 2 imirongo ya 21 na 22 havuga
Mumbwirire uyu mugore wanjye ko ari Isi akaba n’Isanzure_Meya wa Bugesera
Twizere ko atajya amuca inyuma!! Naho ubundi Ibintu bidushimisha kurusha ibindi Imana yaduhaye,ni Ubukwe no Kubyara.Byombi ni IMPANO y’Imana. Gusa tugomba kwibuka ko Imana ishaka ko Umugore n’Umugabo “baba umubiri umwe” nkuko Intangiriro 2,umurongo wa 24 havuga.Ikibabaje nuko ababyubahiriza ari bake.Benshi bacana inyuma,bararwana,baricana,ndetse bagatandukana.Amadini amwe abeshyera Imana ngo ibemera gutunga abagore benshi.Ntabwo aribyo kubera ko bitera ibibazo mu ngo kandi Yesu yadusabye gushaka umugore umwe. Nkuko Yesu yabisobanuye muli Matayo 19:6,Imana yihoreye Abayahudi batunga Abagore benshi kuko bali barananiye Imana.Abantu bose bakora ibyo Imana itubuza,yashyizeho umunsi wa nyuma kugirango izabakure mu isi.Izasigaza mu isi gusa abantu bayumvira nkuko Imigani 2 imirongo ya 21 na 22 havuga
Mumbwirire uyu mugore wanjye ko ari Isi akaba n’Isanzure_Meya wa Bugesera
Tumubwiye ko ari isi nisanzure twaba tumubeshye nkuko wamubeshye ahubwo numugore mwashakanye yewe sinanavuga ngo mwarambana kuko nabyo ntibibaho igihe nikigera umwe azasiga undi ntimuzajyana uko niko kuri niba ugukunda niba mukunda ibinyoma mukomeze mubyo mwipashe bitariho.
Mumbwirire uyu mugore wanjye ko ari Isi akaba n’Isanzure_Meya wa Bugesera
yewe nukuri n’isi n’isanzure koko rwose.
Mumbwirire uyu mugore wanjye ko ari Isi akaba n’Isanzure_Meya wa Bugesera
yewe nukuri n’isi n’isanzure koko rwose.
Mumbwirire uyu mugore wanjye ko ari Isi akaba n’Isanzure_Meya wa Bugesera
Ariko uyu iyo aterekanye Nyina yerekana umugore utazi ikimwirukankana arata uwo bashakanye nuko ukiri mayor buretse uzaveho uzatubwira ugira iyo SI harutarayiciyemo jya umubwira icyo wakoreye akarere gishya naho ushobora kumurata harumukurushaho ubutoni
Mumbwirire uyu mugore wanjye ko ari Isi akaba n’Isanzure_Meya wa Bugesera
Ishyari Ninzangano Bizabata ku Gasi, Aramaze kwerekana Nyina numugore Bigutwaye iki ko Abafite? ishiiiiii, Nyuma yo kugira ibyo akorera akarere afire ubuzima bwe Bwite kdi ntiwamubuza kubwishimamo kuko Nturi IMANA ye! Gabanya umushiha
Mumbwirire uyu mugore wanjye ko ari Isi akaba n’Isanzure_Meya wa Bugesera
Ishyari Ninzangano Bizabata ku Gasi, Aramaze kwerekana Nyina numugore Bigutwaye iki ko Abafite? ishiiiiii, Nyuma yo kugira ibyo akorera akarere afire ubuzima bwe Bwite kdi ntiwamubuza kubwishimamo kuko Nturi IMANA ye! Gabanya umushiha
Mumbwirire uyu mugore wanjye ko ari Isi akaba n’Isanzure_Meya wa Bugesera
Ishyari Ninzangano Bizabata ku Gasi, Aramaze kwerekana Nyina numugore Bigutwaye iki ko Abafite? ishiiiiii, Nyuma yo kugira ibyo akorera akarere afire ubuzima bwe Bwite kdi ntiwamubuza kubwishimamo kuko Nturi IMANA ye! Gabanya umushiha
Mumbwirire uyu mugore wanjye ko ari Isi akaba n’Isanzure_Meya wa Bugesera
Ishyari Ninzangano Bizabata ku Gasi, Aramaze kwerekana Nyina numugore Bigutwaye iki ko Abafite? ishiiiiii, Nyuma yo kugira ibyo akorera akarere afire ubuzima bwe Bwite kdi ntiwamubuza kubwishimamo kuko Nturi IMANA ye! Gabanya umushiha
Mumbwirire uyu mugore wanjye ko ari Isi akaba n’Isanzure_Meya wa Bugesera
Nyamara umubwiriyemo gusa ibyo uvuga ni ukuri kuko ashobora gusanga atazi uwo arata Aho kurara umugore nashobora nkarata Mama!Buretse ejo imihigo imunanire kwesa nawe yandike yegura ndebe ko iyo si n’isanzure azakomeza kuyivuga!Uramurata bigakunda kuko Hari icyo yashyize munda Ari ntacyo wamutamitse ayo magambo ntiwayavuga
Mumbwirire uyu mugore wanjye ko ari Isi akaba n’Isanzure_Meya wa Bugesera
Nyamara umubwiriyemo gusa ibyo uvuga ni ukuri kuko ashobora gusanga atazi uwo arata Aho kurara umugore nashobora nkarata Mama!Buretse ejo imihigo imunanire kwesa nawe yandike yegura ndebe ko iyo si n’isanzure azakomeza kuyivuga!Uramurata bigakunda kuko Hari icyo yashyize munda Ari ntacyo wamutamitse ayo magambo ntiwayavuga
Mumbwirire uyu mugore wanjye ko ari Isi akaba n’Isanzure_Meya wa Bugesera
Ariko uyu iyo aterekanye Nyina yerekana umugore utazi ikimwirukankana arata uwo bashakanye nuko ukiri mayor buretse uzaveho uzatubwira ugira iyo SI harutarayiciyemo jya umubwira icyo wakoreye akarere gishya naho ushobora kumurata harumukurushaho ubutoni
Mumbwirire uyu mugore wanjye ko ari Isi akaba n’Isanzure_Meya wa Bugesera
Utazi ikimwirukankana arata uwo bashakanye.Narinzi NGO nibura wujuje amashuri abana bazigiramo ubu usigaje kuvuga na abana ntacyo byubaka abanyabugesera.
Mumbwirire uyu mugore wanjye ko ari Isi akaba n’Isanzure_Meya wa Bugesera
Utazi ikimwirukankana arata uwo bashakanye.Narinzi NGO nibura wujuje amashuri abana bazigiramo ubu usigaje kuvuga na abana ntacyo byubaka abanyabugesera.
Mumbwirire uyu mugore wanjye ko ari Isi akaba n’Isanzure_Meya wa Bugesera
Isabukuru nziza kuri famille ya Mutabazi, Imana izakomeze inkingi z’urukundo rwanyu kdi izabahe kurambana!
Mumbwirire uyu mugore wanjye ko ari Isi akaba n’Isanzure_Meya wa Bugesera
Isabukuru nziza kuri famille ya Mutabazi, Imana izakomeze inkingi z’urukundo rwanyu kdi izabahe kurambana!
Mumbwirire uyu mugore wanjye ko ari Isi akaba n’Isanzure_Meya wa Bugesera
ariko yakweguye hakiri kare. yigize gouverneur?
Mumbwirire uyu mugore wanjye ko ari Isi akaba n’Isanzure_Meya wa Bugesera
ariko yakweguye hakiri kare. yigize gouverneur?
Mumbwirire uyu mugore wanjye ko ari Isi akaba n’Isanzure_Meya wa Bugesera
Ariko mbega aba contre succès! Yishimiye umugore we in byiza rwose. Ikigaragara babanye ataraba Mayor ntimukwiriye kuvuga ko navaho, umugore azahita amwanga Rata nimwikundanire
Mumbwirire uyu mugore wanjye ko ari Isi akaba n’Isanzure_Meya wa Bugesera
Ariko mbega aba contre succès! Yishimiye umugore we in byiza rwose. Ikigaragara babanye ataraba Mayor ntimukwiriye kuvuga ko navaho, umugore azahita amwanga Rata nimwikundanire
Mumbwirire uyu mugore wanjye ko ari Isi akaba n’Isanzure_Meya wa Bugesera
Woooo,mubyeyi mwiza uri isi n’isanzure rwose,mukomeze mubeho ibihe ibihumbi,imana ikomeze urukundo rwanyu.kandi namwe mutishimiye ibyo mutabazi yanditse muri abana babi.kuko nibyo kwishimirwa
Mumbwirire uyu mugore wanjye ko ari Isi akaba n’Isanzure_Meya wa Bugesera
Woooo,mubyeyi mwiza uri isi n’isanzure rwose,mukomeze mubeho ibihe ibihumbi,imana ikomeze urukundo rwanyu.kandi namwe mutishimiye ibyo mutabazi yanditse muri abana babi.kuko nibyo kwishimirwa
Mumbwirire uyu mugore wanjye ko ari Isi akaba n’Isanzure_Meya wa Bugesera
Amamara Mayor wacu!! naho abavuga bihorere kuko impamvu abadamu babo babisubirana nuko ibyo babinaniwe
Mumbwirire uyu mugore wanjye ko ari Isi akaba n’Isanzure_Meya wa Bugesera
Amamara Mayor wacu!! naho abavuga bihorere kuko impamvu abadamu babo babisubirana nuko ibyo babinaniwe
Mumbwirire uyu mugore wanjye ko ari Isi akaba n’Isanzure_Meya wa Bugesera
Congz rata Mr mayor ni byiza cyane Kandi Imana ibahe kurambana mu rukundo haba mu bibi no mu mu byiza.Courage muyobozi.
Mumbwirire uyu mugore wanjye ko ari Isi akaba n’Isanzure_Meya wa Bugesera
Congz rata Mr mayor ni byiza cyane Kandi Imana ibahe kurambana mu rukundo haba mu bibi no mu mu byiza.Courage muyobozi.
Mumbwirire uyu mugore wanjye ko ari Isi akaba n’Isanzure_Meya wa Bugesera
Kuba ari isi nisanzure bizwi nawe umurarana, naho njyewe ndabona arumudugudu.
Mumbwirire uyu mugore wanjye ko ari Isi akaba n’Isanzure_Meya wa Bugesera
Kuba ari isi nisanzure bizwi nawe umurarana, naho njyewe ndabona arumudugudu.
Mumbwirire uyu mugore wanjye ko ari Isi akaba n’Isanzure_Meya wa Bugesera
Mayor Nibyiza urukundo nirwogere Rurambe muzarame musagure ijana( ndavuga Imyaka) naho ubundi Abavuga nabi nabo nibenshi hari abatabona ibyiza.Sintuye I Bugesera Ariko ndabibona ukora neza ibyo si Ibikombe by’Imihigo mbona hejuru yákabati?bihorere Rata iyo mu rugo hari urukundo n” imirimo ikoreka neza.CONGS LONG LIVE LOVE
Mumbwirire uyu mugore wanjye ko ari Isi akaba n’Isanzure_Meya wa Bugesera
Mayor Nibyiza urukundo nirwogere Rurambe muzarame musagure ijana( ndavuga Imyaka) naho ubundi Abavuga nabi nabo nibenshi hari abatabona ibyiza.Sintuye I Bugesera Ariko ndabibona ukora neza ibyo si Ibikombe by’Imihigo mbona hejuru yákabati?bihorere Rata iyo mu rugo hari urukundo n” imirimo ikoreka neza.CONGS LONG LIVE LOVE