Muramu wa Teta Sandra yifashe ku kwemeza ko mwenenyina yamukubise

Sangiza iyi nkuru

Umuhanzi Pius Mayanja uzwi nka Pallaso avuga ko abantu badakwiriye gucira imanza mwenenyina, Weasel Manizo, ku bivugwa ko yakubise Teta Sandra,akamukomeretsa.

Aganira n’imwe muri TV zo muri Uganda, Pallaso yavuze ko adashyigikiye kuba Teta yaba yarakubiswe.

Yavuze ko gusa “Ntazi neza Koko Teta yakubiswe na Weasel.

Yagize ati ” Nifatanyije na Sandra. Sinshyigikiye ko Abagabo bakubita abagore. Nanone ntidukwiye guhita duca urubanza keretse dufite ibihamya. Numvise ko Teta yakubiswe n’amabandi ubwo yari agiye mu rugo. Nta byinshi nza kuvuga kuko nta makuru menshi menshi mbifiteyo.”

Uyu muhanzi avuga ko abantu badakwiriye kwihutira kuvuga ejo batajyanwa mu Niko bashinjwa gusebanya.

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *