img-20211114-wa0024.jpg

Musanze: Imbangukiragutabara yari itwaye umubyeyi yagonzwe n’ikamyo, bane barimo bose bararokoka

Sangiza iyi nkuru

Imbangukiragutabara (ambulance) y’ibitaro bikuru bya Ruhengeri yari itwaye umubyeyi wari ugiye kubyara yakoze impanuka, igongwa n’ikamyo yari itwaye ibinyobwa ariko ku bw’amahirwe abarimo bose barokotse.

Amakuru agera kuri Bwiza avuga ko iyi mpanuka yabaye mu masaa tanu y’ijoro ryo kuri uyu wa 13 Ugushyingo 2021 ubwo iyi Mbangukiragutabara yanyuraga mu muhanda wa Cyanika-Musanze ivanye uyu mubyeyi ku kigo nderabuzima cya Karwasa, imugejeje ahari ishuri rya Sonrise mu Murenge wa Cyuve, igongwa n’iyi kamyo ya rukururana ifite pulake RAB 049 Y yahindukiraga.

Amafoto yafatiwe ahabereye impanuka agaragaza iyi mbangukiragutabara ifite pulake GR 194 E yangiritse bikomeye ku gice cy’imbere, ndetse umuforomo wari uyirimo yari yafatiwemo, abapolisi bo mu ishami rishinzwe kuzimya inkongi n’ubutabazi bajya kuyikata, bamukuramo.

Umushoferi wari utwaye Imbangukiragutabara yakomeretse byoroheje ku kiganza, umuforomo agira imvune ku kuboko, umubyeyi n’umurwaza na bo bakomeretse byoroheje.

Aba bose uko ari bane bajyanywe kuvurirwa ku bitaro bya Ruhengeri, umubyeyi we yaraye anabyaye, we n’umwana bakaba bameze neza nk’uko umwe mu bahavurira abyemeza.

Ibitaro bya Ruhengeri byari byateganyije gusezerera abandi bakomerekeye muri ibi bitaro.

img-20211114-wa0024.jpg
img-20211114-wa0026.jpg
img-20211114-wa0025.jpg
img-20211114-wa0027.jpg

Soma Izindi Nkuru

18 Responses

  1. Musanze: Imbangukiragutabara yari itwaye umubyeyi yagonzwe n’ikamyo, bane barimo bose bararokoka
    Bigaragara neza ko ikamyo itangonze,ahubwo ambulance yihutaga hanyuma isanga ikamyo irimo ihindukira mu muhanda,ihita iyinjiramo!biragaragara rwose.

  2. Musanze: Imbangukiragutabara yari itwaye umubyeyi yagonzwe n’ikamyo, bane barimo bose bararokoka
    Bigaragara neza ko ikamyo itangonze,ahubwo ambulance yihutaga hanyuma isanga ikamyo irimo ihindukira mu muhanda,ihita iyinjiramo!biragaragara rwose.

  3. Musanze: Imbangukiragutabara yari itwaye umubyeyi yagonzwe n’ikamyo, bane barimo bose bararokoka
    Ndadepoza mumwanya wumuyobozi murakoze mugihe tugitegereje igisubizo cyanu kiza

  4. Musanze: Imbangukiragutabara yari itwaye umubyeyi yagonzwe n’ikamyo, bane barimo bose bararokoka
    Ndadepoza mumwanya wumuyobozi murakoze mugihe tugitegereje igisubizo cyanu kiza

  5. Musanze: Imbangukiragutabara yari itwaye umubyeyi yagonzwe n’ikamyo, bane barimo bose bararokoka
    Ndadepoza mumwanya wumuyobozi murakoze mugihe tugitegereje igisubizo cyanu kiza

  6. Musanze: Imbangukiragutabara yari itwaye umubyeyi yagonzwe n’ikamyo, bane barimo bose bararokoka
    Ndadepoza mumwanya wumuyobozi murakoze mugihe tugitegereje igisubizo cyanu kiza

  7. Musanze: Imbangukiragutabara yari itwaye umubyeyi yagonzwe n’ikamyo, bane barimo bose bararokoka
    Kuzamura ubukungu

  8. Musanze: Imbangukiragutabara yari itwaye umubyeyi yagonzwe n’ikamyo, bane barimo bose bararokoka
    Kuzamura ubukungu

  9. Musanze: Imbangukiragutabara yari itwaye umubyeyi yagonzwe n’ikamyo, bane barimo bose bararokoka
    Kuzamura ubukungu

  10. Musanze: Imbangukiragutabara yari itwaye umubyeyi yagonzwe n’ikamyo, bane barimo bose bararokoka
    Kuzamura ubukungu

  11. Musanze: Imbangukiragutabara yari itwaye umubyeyi yagonzwe n’ikamyo, bane barimo bose bararokoka
    Ok murakoze kubwibyo

  12. Musanze: Imbangukiragutabara yari itwaye umubyeyi yagonzwe n’ikamyo, bane barimo bose bararokoka
    Ok murakoze kubwibyo

  13. Musanze: Imbangukiragutabara yari itwaye umubyeyi yagonzwe n’ikamyo, bane barimo bose bararokoka
    Ok murakoze kubwibyo

  14. Musanze: Imbangukiragutabara yari itwaye umubyeyi yagonzwe n’ikamyo, bane barimo bose bararokoka
    Ok murakoze kubwibyo

  15. Musanze: Imbangukiragutabara yari itwaye umubyeyi yagonzwe n’ikamyo, bane barimo bose bararokoka
    Ok murakoze kubwibyo

  16. Musanze: Imbangukiragutabara yari itwaye umubyeyi yagonzwe n’ikamyo, bane barimo bose bararokoka
    Ok murakoze kubwibyo

  17. Musanze: Imbangukiragutabara yari itwaye umubyeyi yagonzwe n’ikamyo, bane barimo bose bararokoka
    Ok murakoze kubwibyo

  18. Musanze: Imbangukiragutabara yari itwaye umubyeyi yagonzwe n’ikamyo, bane barimo bose bararokoka
    Ok murakoze kubwibyo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *