Ndabizi ko hari abahita banyita indaya cyangwa ko mfite abadayimoni ariko ni ukuri kwanjye, kuko ubu nahuzwe umugabo wanjye, nsigaye numva ntanashaka kuryamana na we.
Mfite inda y’amezi agiye kuzura atanu, hari ibiribwa nahuzwe n’ibinyobwa. Ikimbabaza ni uko n’umugabo wanjye namuhuzwe, kwakundi yankoragaho nkumva ngize ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina siko bikimeze.
Ahubwo iyo ankorakoye mba numva ambangamiye. Noneho ahubwo nsigaye nifuza abagabo b’abandi, hari nk’umwe duturanye, rwose iyo mubonye bitewe n’ahantu nkorera akunze kuba ahari, mba numva nshira iyo mureba.
Ngira ubushake bikandenga, umugabo wanjye ntabwo nari nabimuhingukiriza ariko namubwiye ko nsigaye numva ntashaka imibonano. si uko ntayishaka ahubwo we naramuhuzwe.
Mungire inama nkore iki? ubu maze amezi abiri ntayikora, umugabo wanjye naramuhuzwe pe pe!!! ndaryama nkarara nitekerereza abandi ku buryo bigera hahandi ububobere buza bukaba bwinshi kandi ndi kumwe n’umugabo kandi ntacyo yamfasha. Murakoze!!
Â
Â



4 Responses
Ndatwite, mba numva nshaka cyane gukorana imibonano n'umugabo utari uwanjye- Nkore iki?
ugomba gusenga cyane IMANA IGUFASHE
Ndatwite, mba numva nshaka cyane gukorana imibonano n'umugabo utari uwanjye- Nkore iki?
ugomba gusenga cyane IMANA IGUFASHE
Ndatwite, mba numva nshaka cyane gukorana imibonano n'umugabo utari uwanjye- Nkore iki?
ugomba gusenga cyane IMANA IGUFASHE
Ndatwite, mba numva nshaka cyane gukorana imibonano n'umugabo utari uwanjye- Nkore iki?
ugomba gusenga cyane IMANA IGUFASHE