G5vfg_oWUAA4nbF

Ndayishimiye aremeza ko miliyoni 6,8 $ yamaze kugera mu isanduku avuye mu mabuye

Sangiza iyi nkuru

Amadolari ya Amerika 6.844.000 (miliyoni 6.834 USD) yamaze kugera mu isanduku ya leta mu Burundi aturutse mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro nk’uko byemejwe na Perezida Ndayishimiye.

G5vfhUYXwAADfoZ

Radio na Televiziyo by’u Burundi byavuze ko nyuma y’iminsi ijana Perezida wa Repubulika, General Evaritse Ndayishimiye, yiyemeje gukurikiranira hafi ibikorwa by’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, yatangaje mu kiganiro n’abanyamakuru ku wa Gatanu, itariki ya 14 Ugushyingo 2025, ko amafaranga yinjijwe agera kuri 6.844.000 y’amadolari ya Amerika.

G5vfhCSWwAAsLDm

Umukuru w’igihugu cy’u Burundi yerekanye kandi ko hamenyekanye ahandi hantu 29 hacukurwa amabuye y’agaciro, 13 muri ho hakaba haratangiye gukora.

Yakomeje asobanura ko kugeza ubu, mu Burundi hamaze kuvumburwa ubwoko 27 bw’amabuye y’agaciro.

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *