Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?

Sangiza iyi nkuru

Nitwa Anitha nkaba ndi umukobwa w’imyaka 38 y’amavuko, sinagize amahirwe yo gukura ndi kumwe n’ababyeyi bange kuko bitabye Imana nkiri muto, ntangira kugira inshingano zo kurera barumuna bange babiri nkiri muto.

Nagize amahirwe ndiga na kaminuza, mbona akazi keza ndetse nkomeza no gucunga imitungo ababyeyi basize. Mu by’ukuri ntabwo nakunze kwinjira mu by’inkundo mu myaka y’ubukumi kuko nahoraga nitekerezaho hamwe na barumuna banjye babiri.

Nabo bagize amahirwe yo kwiga barangiza ayisumbuye ndetse banashaka abagabo, narabashyingiye nk’umubyeyi wabo, none ubu nge nahasigaye ari njyewe mukuru.

Uko imyaka igenda iba myinshi niko ngenda niheba, ubu nsigaye ndyama nkumva agatotsi wapi; si uko ndi mubi, si uko nkennye ariko nibaza impamvu abasore batangezaho igitekerezo.

Bamwe mu bakobwa tungana barabyiruye, ngewe nkibaza ikibazo naba mfite bikanyobera. Noneho barumuna bange bo baba bansabira kurusha uko nisabira, birabababaza cyane kuba narabafashije bo bakaba batabona ubukwe bwange.

Ibitekerezo (Comments) mushyira kuri ubu butumwa bwange nizeye ko binyubaka.

Murakoze cyane!

Soma Izindi Nkuru

122 Responses

  1. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    Mukobwa we ni ikibazo bikomeye cyane ufite. Wowe wishinze kubenga abahungu mu myaka bagushakaga none urasheje. Niyo mpamvu ntawe ukugana. Kubwibyo rero wakwirundumurira mumasengesho wazagira amahirwe ukabona umusore cyangwa umugabo wigendera akakwangura. Nanjye nigeze gutereta umukobwa imyaka 2 yose anyima urukundo maze nyuma nishakira undi. None uwo mukobwa nawe agize 38 ans yabuze na mayibobo imubaza izina. None rero nawe kenyera ukubitike niwowe wabyiteye. Ndaguhuhuye niko babaye.

  2. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    Mukobwa we ni ikibazo bikomeye cyane ufite. Wowe wishinze kubenga abahungu mu myaka bagushakaga none urasheje. Niyo mpamvu ntawe ukugana. Kubwibyo rero wakwirundumurira mumasengesho wazagira amahirwe ukabona umusore cyangwa umugabo wigendera akakwangura. Nanjye nigeze gutereta umukobwa imyaka 2 yose anyima urukundo maze nyuma nishakira undi. None uwo mukobwa nawe agize 38 ans yabuze na mayibobo imubaza izina. None rero nawe kenyera ukubitike niwowe wabyiteye. Ndaguhuhuye niko babaye.

  3. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    UWO MUKOBWA YABUZUMUGABO,REKA JEWE NZOMUMUBERE.

  4. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    UWO MUKOBWA YABUZUMUGABO,REKA JEWE NZOMUMUBERE.

  5. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    uriya mukobwa Witwa Anitha mu muhe number yanjye amvugishe mufitiye ubutumwa bwiza.0788728123

  6. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    uriya mukobwa Witwa Anitha mu muhe number yanjye amvugishe mufitiye ubutumwa bwiza.0788728123

  7. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    Amakuru sister wanjye…ku kibazo cyawe rero ugomba gutuza ukitonda kuko abasore batinya abakobwa bafite amafr impamvu nuko umugore aba ameze nkaho agufiteho ijambo.birasaba ko wowe ubwawe umanuka hasi nkurugero ukajya usohoka ,ukajya gusenga se kandi na internet yagufasha nzi benshi byahiriye rwose.tuba turi mu buzima twese tubabaye kandi tudahuje ibibazo.hari nkumusore uri ahantu nawe yifuza kubaka ariko yarabze ubwo bushobozi cg se nuwo hubakana.byose bisaba kwihangana,nukenera ko twaganira birambuye feel free to email me on kolosim10@gmail.com.murakoze

  8. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    Amakuru sister wanjye…ku kibazo cyawe rero ugomba gutuza ukitonda kuko abasore batinya abakobwa bafite amafr impamvu nuko umugore aba ameze nkaho agufiteho ijambo.birasaba ko wowe ubwawe umanuka hasi nkurugero ukajya usohoka ,ukajya gusenga se kandi na internet yagufasha nzi benshi byahiriye rwose.tuba turi mu buzima twese tubabaye kandi tudahuje ibibazo.hari nkumusore uri ahantu nawe yifuza kubaka ariko yarabze ubwo bushobozi cg se nuwo hubakana.byose bisaba kwihangana,nukenera ko twaganira birambuye feel free to email me on kolosim10@gmail.com.murakoze

  9. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    Contact me.. If interested

  10. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    Contact me.. If interested

  11. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    Bibaho gusa nawe ubifitemo uruhare kuko wasanga ubasuzugura bagahitamo kukureka

  12. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    Bibaho gusa nawe ubifitemo uruhare kuko wasanga ubasuzugura bagahitamo kukureka

  13. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    Dore numero yanjye uzampamagare , nkufashe
    0787429577

  14. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    Dore numero yanjye uzampamagare , nkufashe
    0787429577

  15. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    Dore numero yanjye uzampamagare ngufashe
    9787429577/0722082474

  16. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    Dore numero yanjye uzampamagare ngufashe
    9787429577/0722082474

  17. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    Ihangane utegereze uwawe arahari

    1. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
      Ihangane nshuti IMANA IZAGUSUBIZA.

    2. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
      Ihangane nshuti IMANA IZAGUSUBIZA.

  18. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    Ihangane utegereze uwawe arahari

  19. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    Nibyiza wakoze igikorwa cy’intashyikirwa nawe bizacamo Anitha kuba warafashije Barumuna bawe, ahubwo icyo nagusaba uzampamagare kuri 0722348908

  20. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    Nibyiza wakoze igikorwa cy’intashyikirwa nawe bizacamo Anitha kuba warafashije Barumuna bawe, ahubwo icyo nagusaba uzampamagare kuri 0722348908

  21. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    ubishoboye wanyandikira kuri ino email:jkalisa73@gmail.com tukavugana

  22. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    ubishoboye wanyandikira kuri ino email:jkalisa73@gmail.com tukavugana

  23. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    Gyewe numva niba uwomukobwa atita kumafaranga amashuri ni bindi ahubwo wenda akita kurukundo kuburyo aramutse abonye umuntu bakundana bakubaka urukundo byaba ari byiza,yanyandikira via my email or facebook,facebuk yangye ni ngabo Heavenly,she can simply add me nd we get connected,murakoze

  24. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    Gyewe numva niba uwomukobwa atita kumafaranga amashuri ni bindi ahubwo wenda akita kurukundo kuburyo aramutse abonye umuntu bakundana bakubaka urukundo byaba ari byiza,yanyandikira via my email or facebook,facebuk yangye ni ngabo Heavenly,she can simply add me nd we get connected,murakoze

  25. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    ushobora kuba wirata, uri umwiyemezi cyane ko ufite nakazi keza, rero niba ukeneye nka DR, cg nka moyor, umukozi muri ministere, muri MTN, muri Revenue autority, muri bank, ……… n’ahandi nkaho biragusaba kuba utegereje gato.

    plz hindura imitekerereze umenye icyo ushaka. uzamubona bidatize, naho ubundi nukomeza gutyo uracyafite igihe. merci

  26. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    ushobora kuba wirata, uri umwiyemezi cyane ko ufite nakazi keza, rero niba ukeneye nka DR, cg nka moyor, umukozi muri ministere, muri MTN, muri Revenue autority, muri bank, ……… n’ahandi nkaho biragusaba kuba utegereje gato.

    plz hindura imitekerereze umenye icyo ushaka. uzamubona bidatize, naho ubundi nukomeza gutyo uracyafite igihe. merci

  27. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    Contact me tubivugan nkurangire uburyo bikemuka ntubipinge am serious 0780765437 WhatsApp or call

  28. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    Contact me tubivugan nkurangire uburyo bikemuka ntubipinge am serious 0780765437 WhatsApp or call

  29. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    IHANGANE NTURASAZA UZABONA UMUGABO WOWE UZAMANURE IBICIRO UZASABWA UKOBWE UHEKE UBERWE NK’ABANDI BABYEYI

  30. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    IHANGANE NTURASAZA UZABONA UMUGABO WOWE UZAMANURE IBICIRO UZASABWA UKOBWE UHEKE UBERWE NK’ABANDI BABYEYI

  31. NITWA IYAKA REMYE SAMWEIR NDUMUSORE WIMYAKA 30 NIBA UBIKUNZE NYANDIKIRA KURI WANSAP KURIZINO 0727810695 TUGANIRE MURAKOZE says:

    Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    NYANDIKIRA KURI WANSAP 0727810695 TUGANIRE MURAKOZE

  32. NITWA IYAKA REMYE SAMWEIR NDUMUSORE WIMYAKA 30 NIBA UBIKUNZE NYANDIKIRA KURI WANSAP KURIZINO 0727810695 TUGANIRE MURAKOZE says:

    Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    NYANDIKIRA KURI WANSAP 0727810695 TUGANIRE MURAKOZE

  33. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    ABAGABO BARAHARI SINZI IMPAMVU WABABUZE

  34. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    ABAGABO BARAHARI SINZI IMPAMVU WABABUZE

  35. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    ukoresha iyihe telephone?

  36. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    ukoresha iyihe telephone?

  37. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    Nyandikira kuri whatsapp tuganire ni 0786857331

  38. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    Nyandikira kuri whatsapp tuganire ni 0786857331

  39. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    Mpamagara kuri iyi numero twikundanire nanjye wasanga ari wowe nari ntegereje.0784181718

    1. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
      call me if possible 0736724882

    2. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
      call me if possible 0736724882

  40. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    Mpamagara kuri iyi numero twikundanire nanjye wasanga ari wowe nari ntegereje.0784181718

  41. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    Aha niho rwose mwaziye igihe 0788356364

  42. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    Aha niho rwose mwaziye igihe 0788356364

  43. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    Aha niho rwose mwaziye igihe 0788356364

  44. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    Aha niho rwose mwaziye igihe 0788356364

  45. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    abantu bandika kuri bwiza nabatekamutwe gusa baba bashaka kurya fr yabantu nogusambana ntamuzima ndabonayo

  46. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    abantu bandika kuri bwiza nabatekamutwe gusa baba bashaka kurya fr yabantu nogusambana ntamuzima ndabonayo

  47. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    buriwese ufite intego kubye ariko nabonye abantu barabonye ahobashakira abobasambanya umugabo akigira umusore ngoyariyarabuze uwamukunda kd aribyagamije nubwambuzi amahirwe nuko bakwiyereka ariko ubuyobozi burahari

  48. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    buriwese ufite intego kubye ariko nabonye abantu barabonye ahobashakira abobasambanya umugabo akigira umusore ngoyariyarabuze uwamukunda kd aribyagamije nubwambuzi amahirwe nuko bakwiyereka ariko ubuyobozi burahari

  49. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    cal me on 0785451292 or send me an email on g10100296@gmail then we discuss

  50. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    cal me on 0785451292 or send me an email on g10100296@gmail then we discuss

  51. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    Niba uri serieux nyandikira kuri watsapp 0785506699,nziko tuzahuza.

  52. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    Niba uri serieux nyandikira kuri watsapp 0785506699,nziko tuzahuza.

  53. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    Number yanjye niyo mpamagara nkufashe rwose mukobwa mwiza

    0785538867,0739678834

  54. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    Number yanjye niyo mpamagara nkufashe rwose mukobwa mwiza

    0785538867,0739678834

  55. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    nshuti niyemeje kugufasha. mpamagara kuri 0727652217 tuvugane. ariko ubanze wohereze sms ndakwihamagarira

  56. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    nshuti niyemeje kugufasha. mpamagara kuri 0727652217 tuvugane. ariko ubanze wohereze sms ndakwihamagarira

  57. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    Imana niba uyizera senga uyisabe Aho kubisaba abana b’abantu izagusubiza bidatinze.

  58. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    Imana niba uyizera senga uyisabe Aho kubisaba abana b’abantu izagusubiza bidatinze.

  59. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    Imyaka 38 , komeza wihangane, utegereze, Kandi usenge Imana uyisaba umugabo. Nta rirarenga rwose umugabo wamubona. Wirinde kwiheba mumutima wawe kuko kugira umutima wihebye bituma wijima mumaso. Ikindi ugerageze kujya usabaana n’abantu wiyiteho cyane, ugirire neza abo urusha ubushobozi kuko nabyo bitera akanyamuneza. Ahasigaye nkwifurije amahirwe masa.

  60. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    Imyaka 38 , komeza wihangane, utegereze, Kandi usenge Imana uyisaba umugabo. Nta rirarenga rwose umugabo wamubona. Wirinde kwiheba mumutima wawe kuko kugira umutima wihebye bituma wijima mumaso. Ikindi ugerageze kujya usabaana n’abantu wiyiteho cyane, ugirire neza abo urusha ubushobozi kuko nabyo bitera akanyamuneza. Ahasigaye nkwifurije amahirwe masa.

  61. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    Urimwiza ndakwemeye icyo kifuzo nagikemura uzampamagare kuri 0786965745

  62. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    Urimwiza ndakwemeye icyo kifuzo nagikemura uzampamagare kuri 0786965745

  63. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    hari uwo muhuje amateka.
    icyo nakora nukubahuza.
    icyo nakora nukubahuza
    icyitondera:atinya umukobwa ufata kugatama, arashaka umuntu usenga nawe arasenga cyane

    0783 42 62 74

  64. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    hari uwo muhuje amateka.
    icyo nakora nukubahuza.
    icyo nakora nukubahuza
    icyitondera:atinya umukobwa ufata kugatama, arashaka umuntu usenga nawe arasenga cyane

    0783 42 62 74

  65. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    Sha be sorry biragoye ariko wihanganire ubuzima urimo kuko Imana izi impamvu,ntibinaguhangayikishe kuko isaha y’Imana iyo igeze ibintu biratungana, gusa njye binkoze kumutima mfashe tasks yokugufasha isengesho,naho mvuzengo haricyo nakumarira naba mbeshye pe ,kuko nubwo ndikurangiza ariko ndacyari umunyeshuri.haribidashoboka rero. Humura Imana irahari ntuzayobe ngo ushukwe God’s in control ????

  66. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    Sha be sorry biragoye ariko wihanganire ubuzima urimo kuko Imana izi impamvu,ntibinaguhangayikishe kuko isaha y’Imana iyo igeze ibintu biratungana, gusa njye binkoze kumutima mfashe tasks yokugufasha isengesho,naho mvuzengo haricyo nakumarira naba mbeshye pe ,kuko nubwo ndikurangiza ariko ndacyari umunyeshuri.haribidashoboka rero. Humura Imana irahari ntuzayobe ngo ushukwe God’s in control ????

  67. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    Welcome if you are really telling us the truth

  68. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    Welcome if you are really telling us the truth

  69. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    Muvandimwe wanjye, Shaka umwana, inzozi zabagabo uzigabanye.

    Nutabyara,ntunashake uzababara birenze.

    Witinda munzozi zingo n’amakwe. Ugomba kugira deadline muri plan zawe.

  70. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    Muvandimwe wanjye, Shaka umwana, inzozi zabagabo uzigabanye.

    Nutabyara,ntunashake uzababara birenze.

    Witinda munzozi zingo n’amakwe. Ugomba kugira deadline muri plan zawe.

  71. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    Jya usenga kandi umenyane n’ a

  72. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    Jya usenga kandi umenyane n’ a

  73. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    Usenge kandi ube social cyane.

  74. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    Usenge kandi ube social cyane.

  75. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    Niyihangane akomeze ashikame kigabo nkuko yabikoze kuko Imana iba izi ibikwiriye kugihe ntacyo. Anyandikire kuri yo email frodnambaj1@gmail.com tuvugane

  76. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    Niyihangane akomeze ashikame kigabo nkuko yabikoze kuko Imana iba izi ibikwiriye kugihe ntacyo. Anyandikire kuri yo email frodnambaj1@gmail.com tuvugane

  77. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    Hari umusore nzi ufite gahunda…mbwira mbahuze 0722554949

  78. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    Hari umusore nzi ufite gahunda…mbwira mbahuze 0722554949

  79. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    Hamagara 0781855954

  80. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    Hamagara 0781855954

  81. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    Jewe ndabona ikibazo wagize, n’ukutamenya. Ni wige gusabana n’abandi! Waguke mu ncuti. Abahungu benshi bakunda gusabana. Reka kwigunga. Ambara neza nk’umwari ubikwiye! Ikirato cyiza, agakanzu keza! Ntutinye aho abasore n’inkumi bataramiye. Ntutinye ugwenya. Ntutinye kubwira umusore ushima ko yambaye neza nimba arivyo koko. Nimba utagaragaza yuko ukunda ntawe uzabikugaragariza.

  82. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    Jewe ndabona ikibazo wagize, n’ukutamenya. Ni wige gusabana n’abandi! Waguke mu ncuti. Abahungu benshi bakunda gusabana. Reka kwigunga. Ambara neza nk’umwari ubikwiye! Ikirato cyiza, agakanzu keza! Ntutinye aho abasore n’inkumi bataramiye. Ntutinye ugwenya. Ntutinye kubwira umusore ushima ko yambaye neza nimba arivyo koko. Nimba utagaragaza yuko ukunda ntawe uzabikugaragariza.

  83. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    Anita pole, let’s chat via my email, I have good news for u.

  84. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    Anita pole, let’s chat via my email, I have good news for u.

  85. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    Ndasha kuguhuza n’umuntu nawe ushaka umugore Kandi afite gahunda gusa urabe utiganirira.

  86. Ndi mwiza, mfite amafaranga ariko sinkibona ibitotsi kubera kubura umukunzi- Nkore iki?
    Ndasha kuguhuza n’umuntu nawe ushaka umugore Kandi afite gahunda gusa urabe utiganirira.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *