Nyuma ya Davido, Diamond nawe mu nzira zihagarika umuziki burundu

Sangiza iyi nkuru

Mu minsi ishize nibwo umuhanzi Davido yatangaje ko agiye guhagarika umuziki ubwo aza yujuje imyaka 30 dore ko ubu afite 25 akayoboka izindi nzira, kuri ubu Diamond Platnumz nawe yatangaje ko ari kwitegura guharika umuziki agashyira imbaraga muzindi business(ibikorwa by’ubucuruzi).

Nkuko Nairobi News ibitangaza ngo Diamond ari munzira zo guhagarika umuziki kuko atakora umuziki mpka apfuye ahubwo ko ibyo wamugejejeho abikoresha bikamubyarira izindi nyungu zizamutunga ejo hazaza

Yagize ati”Inzozi zanjye zirikunyerekeza muri business, ntago wakora umuziki iteka ni nayo mpamvu inyungu nawukuyemo ngenda nzikoresha mu bindi bikorwa bitandukanye, reka amahirwe tubona ubu tuyabyaze umusaruro w’ibizadutunga ejo hazaza

Diamond wifuza kureka umuziki yatangiye kuva 2009 magingo aya amaze kugera kuri byinshi awukesha aho yabashije kugira inzu ye bwite itunganya indirimbo izwi nka Wasafi record Label, Wasafi TV na Radio, akaba anafite i kompanyi ikora ubunyobwa buzwi nka Diamond Karanga aherutse no kuza kumurikira hano mu Rwanda.

ddddddddd ddddddv

dddddddddddddddddddg
Diamond yabyaranye na Zari(batakibana) abana babiri
dddd
Aheruka no kugura inzu i Kigali
simba
Yamamaza inzoga nabyo biri mu bimwinjiriza agatubutse

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *