‘’Vatican Secret Archives’’ inzu igerwamo na Papa wenyine gusa, ibitse impapuro zo mu kinyejana cya 8

Vatican secret archives ni ububiko bukomeye cyane mu mateka y’idini Gatulika, bubitse impapuro zo mu kinyejana cya 8, bubarizwa i Vatican ndetse kandi budashobora kwinjirwamo, kwegerwa nuwo ari we wese utari Papa uriho. Izina secret archives ryashyizweho hagamijwe kwereka isi yuko ubwo bubiko ntawundi bwagenewe utari nyir’ubutungane [papa], ndetse kabone niyo yaba afite ikibazo icyaricyo cyose […]

“Soulmate” indirimbo nshya ya Mudandi Frank

Mudandi Frank, ubusanzwe akaba witwa Ndamyirokoye Franà§ois nyuma yo gusohora indirimbo zirimo iyitwa “Ni Miss” yasohoye iyitwa “ Soulmate”. Aganira na bwiza.com yatangaje ko iyo ndirimbo yayikoreye by’umwihariko abakundana dore ko “Soulmate” bisobanura umukunzi nyawe wo mu byiza n’ibibi. Yagize ati “Ni indirimbo nakoze kugira ngo ishimishe abafite abakunzi bamwe b’ukuri batagira uburyarya. Muri make […]

Nyuma ya Davido, Diamond nawe mu nzira zihagarika umuziki burundu

Mu minsi ishize nibwo umuhanzi Davido yatangaje ko agiye guhagarika umuziki ubwo aza yujuje imyaka 30 dore ko ubu afite 25 akayoboka izindi nzira, kuri ubu Diamond Platnumz nawe yatangaje ko ari kwitegura guharika umuziki agashyira imbaraga muzindi business(ibikorwa by’ubucuruzi). Nkuko Nairobi News ibitangaza ngo Diamond ari munzira zo guhagarika umuziki kuko atakora umuziki mpka […]

Nyabihu: Gitifu w’umurenge yatunguranye ubwo yagaragaraga mu ruhame yikoreye inkwi

Umunyamabanga Nshingabikorwa w’Umurenge wa Muramba mu Karere ka Nyabihu, Ngandu Marcel, yagaragaye mu muhanda yikoreye umutwaro w’inkwi bigaragara ko yari yakiriye umucecuru, ibintu byatangaje bikanatungura abantu bamubonye. Uwo muyobozi ngo yahuye n’umukecuru wo mu kigero cy’imyaka 80 yikoreye umutwaro w’inkwi,agenda asukuma mu nzira intege zashize, aramwakira arazimutwaza amugeza iwe mu rugo. Ngandu Marcel wari utashye […]

Niba urangiza vuba,dore ibiribwa byagusha kongera igihe umura utera akabariro

Gutera akabariro ni igikorwa gisaba kugitegura gusa hari benshi kijya gikoza isoni mu gihe barangije (gusohora) aribwo bagitangira igikorwa nyirizina ibi bikaba bigira ingaruka mbi zirimo no kutanyurwa n’igikorwa hagati yabari kugikora niyo mpamvu Bwiza.com yagerageje kubakusanyiriza nkuko lifestyle ibivuga ngo hari bimwe mu biribwa bifasha umugabo ufite ikibazo cyo kurangiza vuba mu gihe atera […]

Perezida Kagame yeretswe ibyagezweho mu ikoranabuhanga mbere yo gusoza urugendo yagiriraga mu Bufaransa

Perezida Kagame ari kumwe na mugenzi we Emmanuel Macron, bitabiriye Inama ya ‘Viva Tech’aho ibigo bisaga 60 harimo n’ibyo mu Rwanda byamuritse ibyagezweho mu ikoranabuhanga. Aba bakuru b’ibihugu byombi beretswe umushinga w’ikoranabuhanga witwa ‘Kigali Innovation City’ugamije gutanga abahanga mu bumenyi n’ikoranabuhanga haba mu Rwanda no ku isi yose. Biteganyijwe ko Kagame asoza uruzinduko rw’akazi yagiriraga […]

Nyuma y’imyaka 61 bashakanye, bapfiriye umunsi umwe

Umusaza n’umukecuru bo muri New Zeland baherutse gutungura abantu ubwo bapfiraga umunsi umwe nyuma y’amasaha macye bizihije isabukuru y’imyaka 61 bari bamaze bashakanye. Uyu musaza witwa Peter n’umukecuru we Ruth batabarutse mu ri uku kwezi kwa Gicurasi, aho umukecuru yabanje gupfa mu masaha ya mugitondo, hanyuma umusaza we akaza kumukurikira nyuma y’amasaha 9 gusa umunsi […]

U Rwanda rusigaranye iminsi ibarirwa ku ntoki ngo rusubize Amerika ku bijyanye no guca caguwa

U Rwanda rusigaje iminsi ine gusa kugira ngo rutangarize Leta Zunze Ubumwe za Amerika ibijyanye n’icyemezo rwafashe cyo guca caguwa .Ni nyuma yaho muri Werurwe ruhawe iminsi 60 ngo rwisubireho kuri iki cyemezo kuko ngo ruzabihomberamo. U Rwanda rugomba kugira icyo ruvuga kuri iyi ngingo mu rwego rwo kubahiriza ibyo akanama gahagarariye iby’ubucururuzi bwa Amerika(USTR) […]

Uganda: Abakozi ba leta ntibavuga rumwe ku mushinga wo kujya bishyurwa bubyizi

Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 23 Gicurasi 2018, nibwo ibiro bya Minisitiri w’Intebe muri Uganda byatangaje ko guverinoma iri kurebera hamwe uko abakozi ba leta bajya bahemberwa iminsi bakoze mu kwezi aho kubarirwa umushahara w’ukwezi. Ibi bias n’ibyazamuye impaka mu bakozi ba leta muri kiriya gihugu ndetse abenshi bagaragaza kutavuga rumwe kuri uwo mushinga […]

Menya imihindagurikire y’umubiri wawe, umenye imyaka igorana ku bahungu na bakobwa

Ubuzima bugizwe n’intambwe zigenda zihererekana bitewe n’ikigero umuntu aba agezemo, zimwe mu ntambwe zibanze umubiri ukenera harimo ibigenga kurya,guhumeka,gutembera kwa maraso ndetse n’imikorere y’ubwonko. Si ibyo gusa kuko hari n’ibindi bigenga kubaho ndetse no kororoka kwa bantu benshi bazi nk’ubuzima bw’imyororokere. Iyo umuntu avutse bitewe n’igihe amaze ku isi hari ibigenda bihinduka kuri we igihe […]

Dr Monique Nsanzabaganwa avuga ko umuco wo kwizigamira mu Banyarwanda ukiri hasi

Guverineri wungirije wa Banki nkuru y’Igihugu , Dr Monique Nsanzabaganwa avuga ko kugeza ubu abanyarwanda batarasobanukirwa n’muco wo kwizigamira bigatuma n’ubwizigame bw’igihugu muri rusange bukiri hasi ugereranyije no mu bindi bihugu. Ibi yabitangaje ubwo hasozwaga inama mpuzamahanga yari imaze iminsi 2 ibera i Kigali, ikaba yari igamije kuganira ku kamaro k’amatsinda yo kuzigama n’imbogamizi zikibangamiye […]

Umubano w’u Rwanda n’Ubufaransa ugiye kuvamo agatotsi

Umubano w’u Rwanda n’Ubufaransa ushobora kuba ugiye kuba mwiza bitewe n’ubushake bwo kunoza ubutwererane perezida w’Ubufaransa Emmanuel Macron na mugenzi we w’u Rwanda Paul Kagame bakomeje kugaragaza. Ubwo aba bakuru b’ibihugu bagiranaga ikiganiro n’Abanyamakuru kuri uyu wa Gatatu tariki ya 23 Gicurasi,i Paris mu Bufaransa,Perezida Macron yavuze ko ibyaranze umubano utari mwiza hagati y’ibigugu byombi […]

Umujyanama wa Diamond Platnumz yatawe muri yombi

Umujyanama wa Diamond Platnumz uzwi nka Babu Tale yatawe muri yombi na Police azira kutishyura amafaranga yategetswe n’urukiko nyuma yo gukoresha amashusho y’ikompanyi ya Tip top entertainment mu buryo bunyuranyije n’amasezerano bagiranye. Ni nyumayaho uyu Tale Babu  kuri uyu wagatatu tariki 22 Gicurasi 2018 ahamijwe ubwambuzi bushingiye ku gukoresha amashusho mu buryo bubyara afaranga y’ikompanyi […]

Uganda: Hadutse indwara itaramenyekana yibasira abana, 8 bamaze gupfa

Leta ya Uganda ihangayikishijwe n’icyorezo cy’indwara itaramenyekana irimo kwibasira abana bato, aho bafatwa banyara amaraso, kugeza ubu 8 mu basaga 45 bafashwe mu minsi 7 gusa bakaba bamaze gupfa. Ibi byatangajwe n’umwe mu bagize Inteko ishinga amategeko ya Uganda kuri uyu wa Gatatu tariki ya 23 Gicurasi 2018, Rose Mutonyi aho yavuze ko iyi ndwara […]