ââVatican Secret Archivesââ inzu igerwamo na Papa wenyine gusa, ibitse impapuro zo mu kinyejana cya 8
Vatican secret archives ni ububiko bukomeye cyane mu mateka yâidini Gatulika, bubitse impapuro zo mu kinyejana cya 8, bubarizwa i Vatican ndetse kandi budashobora kwinjirwamo, kwegerwa nuwo ari we wese utari Papa uriho. Izina secret archives ryashyizweho hagamijwe kwereka isi yuko ubwo bubiko ntawundi bwagenewe utari nyirâubutungane [papa], ndetse kabone niyo yaba afite ikibazo icyaricyo cyose […]
âSoulmateâ indirimbo nshya ya Mudandi Frank
Mudandi Frank, ubusanzwe akaba witwa Ndamyirokoye Franà §ois nyuma yo gusohora indirimbo zirimo iyitwa âNi Missâ yasohoye iyitwa â Soulmateâ. Aganira na bwiza.com yatangaje ko iyo ndirimbo yayikoreye byâumwihariko abakundana dore ko âSoulmateâ bisobanura umukunzi nyawe wo mu byiza nâibibi. Yagize ati âNi indirimbo nakoze kugira ngo ishimishe abafite abakunzi bamwe bâukuri batagira uburyarya. Muri make […]
Menya ibyâimva ihenze cyane ku isi yubatsweho umusigiti- ishyinguyemo nde?- AMAFOTO
Taj Mahal ni imva cyangwa ugituro cyashyizweho nâumwami wâabami SHAH JAHAL wayoboraga ubwami bwa MUGAL mu Buhinde , yashyizweho ngo ishyingurwemo umugore we yakundaga cyane. Mu mwaka wi 1632, nibwo mu gace ka Agra mu Buhinde mu bwami bwa Mugal, batangiye kubaka taj mahal, gusa iyi nzu yaje kurangira mu mwaka wi 1653 imaze imyaka […]
Nyuma ya Davido, Diamond nawe mu nzira zihagarika umuziki burundu
Mu minsi ishize nibwo umuhanzi Davido yatangaje ko agiye guhagarika umuziki ubwo aza yujuje imyaka 30 dore ko ubu afite 25 akayoboka izindi nzira, kuri ubu Diamond Platnumz nawe yatangaje ko ari kwitegura guharika umuziki agashyira imbaraga muzindi business(ibikorwa by’ubucuruzi). Nkuko Nairobi News ibitangaza ngo Diamond ari munzira zo guhagarika umuziki kuko atakora umuziki mpka […]
Nyabihu: Gitifu wâumurenge yatunguranye ubwo yagaragaraga mu ruhame yikoreye inkwi
Umunyamabanga Nshingabikorwa wâUmurenge wa Muramba mu Karere ka Nyabihu, Ngandu Marcel, yagaragaye mu muhanda yikoreye umutwaro wâinkwi bigaragara ko yari yakiriye umucecuru, ibintu byatangaje bikanatungura abantu bamubonye. Uwo muyobozi ngo yahuye nâumukecuru wo mu kigero cyâimyaka 80 yikoreye umutwaro wâinkwi,agenda asukuma mu nzira intege zashize, aramwakira arazimutwaza amugeza iwe mu rugo. Ngandu Marcel wari utashye […]
Niba urangiza vuba,dore ibiribwa byagusha kongera igihe umura utera akabariro
Gutera akabariro ni igikorwa gisaba kugitegura gusa hari benshi kijya gikoza isoni mu gihe barangije (gusohora) aribwo bagitangira igikorwa nyirizina ibi bikaba bigira ingaruka mbi zirimo no kutanyurwa n’igikorwa hagati yabari kugikora niyo mpamvu Bwiza.com yagerageje kubakusanyiriza nkuko lifestyle ibivuga ngo hari bimwe mu biribwa bifasha umugabo ufite ikibazo cyo kurangiza vuba mu gihe atera […]
Perezida Kagame yeretswe ibyagezweho mu ikoranabuhanga mbere yo gusoza urugendo yagiriraga mu Bufaransa
Perezida Kagame ari kumwe na mugenzi we Emmanuel Macron, bitabiriye Inama ya âViva Techâaho ibigo bisaga 60 harimo nâibyo mu Rwanda byamuritse ibyagezweho mu ikoranabuhanga. Aba bakuru bâibihugu byombi beretswe umushinga wâikoranabuhanga witwa âKigali Innovation Cityâugamije gutanga abahanga mu bumenyi nâikoranabuhanga haba mu Rwanda no ku isi yose. Biteganyijwe ko Kagame asoza uruzinduko rwâakazi yagiriraga […]
Nyuma yâimyaka 61 bashakanye, bapfiriye umunsi umwe
Umusaza nâumukecuru bo muri New Zeland baherutse gutungura abantu ubwo bapfiraga umunsi umwe nyuma yâamasaha macye bizihije isabukuru yâimyaka 61 bari bamaze bashakanye. Uyu musaza witwa Peter nâumukecuru we Ruth batabarutse mu ri uku kwezi kwa Gicurasi, aho umukecuru yabanje gupfa mu masaha ya mugitondo, hanyuma umusaza we akaza kumukurikira nyuma yâamasaha 9 gusa umunsi […]
U Rwanda rusigaranye iminsi ibarirwa ku ntoki ngo rusubize Amerika ku bijyanye no guca caguwa
U Rwanda rusigaje iminsi ine gusa kugira ngo rutangarize Leta Zunze Ubumwe za Amerika ibijyanye nâicyemezo rwafashe cyo guca caguwa .Ni nyuma yaho muri Werurwe ruhawe iminsi 60 ngo rwisubireho kuri iki cyemezo kuko ngo ruzabihomberamo. U Rwanda rugomba kugira icyo ruvuga kuri iyi ngingo mu rwego rwo kubahiriza ibyo akanama gahagarariye ibyâubucururuzi bwa Amerika(USTR) […]
Uganda: Abakozi ba leta ntibavuga rumwe ku mushinga wo kujya bishyurwa bubyizi
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 23 Gicurasi 2018, nibwo ibiro bya Minisitiri wâIntebe muri Uganda byatangaje ko guverinoma iri kurebera hamwe uko abakozi ba leta bajya bahemberwa iminsi bakoze mu kwezi aho kubarirwa umushahara wâukwezi. Ibi bias nâibyazamuye impaka mu bakozi ba leta muri kiriya gihugu ndetse abenshi bagaragaza kutavuga rumwe kuri uwo mushinga […]
Menya imihindagurikire yâumubiri wawe, umenye imyaka igorana ku bahungu na bakobwa
Ubuzima bugizwe n’intambwe zigenda zihererekana bitewe n’ikigero umuntu aba agezemo, zimwe mu ntambwe zibanze umubiri ukenera harimo ibigenga kurya,guhumeka,gutembera kwa maraso ndetse n’imikorere y’ubwonko. Si ibyo gusa kuko hari n’ibindi bigenga kubaho ndetse no kororoka kwa bantu benshi bazi nk’ubuzima bwâimyororokere. Iyo umuntu avutse bitewe n’igihe amaze ku isi hari ibigenda bihinduka kuri we igihe […]
Dr Monique Nsanzabaganwa avuga ko umuco wo kwizigamira mu Banyarwanda ukiri hasi
Guverineri wungirije wa Banki nkuru yâIgihugu , Dr Monique Nsanzabaganwa avuga ko kugeza ubu abanyarwanda batarasobanukirwa nâmuco wo kwizigamira bigatuma nâubwizigame bwâigihugu muri rusange bukiri hasi ugereranyije no mu bindi bihugu. Ibi yabitangaje ubwo hasozwaga inama mpuzamahanga yari imaze iminsi 2 ibera i Kigali, ikaba yari igamije kuganira ku kamaro kâamatsinda yo kuzigama nâimbogamizi zikibangamiye […]
Umubano wâu Rwanda nâUbufaransa ugiye kuvamo agatotsi
Umubano wâu Rwanda nâUbufaransa ushobora kuba ugiye kuba mwiza bitewe nâubushake bwo kunoza ubutwererane perezida wâUbufaransa Emmanuel Macron na mugenzi we wâu Rwanda Paul Kagame bakomeje kugaragaza. Ubwo aba bakuru b’ibihugu bagiranaga ikiganiro nâAbanyamakuru kuri uyu wa Gatatu tariki ya 23 Gicurasi,i Paris mu Bufaransa,Perezida Macron yavuze ko ibyaranze umubano utari mwiza hagati yâibigugu byombi […]
Umujyanama wa Diamond Platnumz yatawe muri yombi
Umujyanama wa Diamond Platnumz uzwi nka Babu Tale yatawe muri yombi na Police azira kutishyura amafaranga yategetswe n’urukiko nyuma yo gukoresha amashusho y’ikompanyi ya Tip top entertainment mu buryo bunyuranyije n’amasezerano bagiranye. Ni nyumayaho uyu Tale Babu kuri uyu wagatatu tariki 22 Gicurasi 2018 ahamijwe ubwambuzi bushingiye ku gukoresha amashusho mu buryo bubyara afaranga y’ikompanyi […]
Uganda: Hadutse indwara itaramenyekana yibasira abana, 8 bamaze gupfa
Leta ya Uganda ihangayikishijwe nâicyorezo cyâindwara itaramenyekana irimo kwibasira abana bato, aho bafatwa banyara amaraso, kugeza ubu 8 mu basaga 45 bafashwe mu minsi 7 gusa bakaba bamaze gupfa. Ibi byatangajwe nâumwe mu bagize Inteko ishinga amategeko ya Uganda kuri uyu wa Gatatu tariki ya 23 Gicurasi 2018, Rose Mutonyi aho yavuze ko iyi ndwara […]