18198611_10212966287972915_2518845699061382798_n.jpg

Papa Francis agiye kugirira uruzinduko muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo

Sangiza iyi nkuru

Papa Francis azakora urugendo rw’ivugabutumwa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva ku ya 2 kugeza ku ya 5 Nyakanga.

Intumwa ya Papa muri iki gihugu ni yo yabitangaje, kuri uyu wa Kane, itariki ya 03 Werurwe 2022, mu kiganiro n’abanyamakuru cyabereye i Kinshasa nk’uko tubikesha Mediacongo.net.

Urugendo rwe muri Congo-Kinshasa ni igisubizo ku butumire bw’umukuru w’igihugu, nk’uko byatangajwe na Minisitiri w’intebe Jean-Michel Sama Lukonde, wari uhari muri uku kungurana ibitekerezo n’abanyamakuru.

18198611_10212966287972915_2518845699061382798_n.jpg

Papa Francis agiye kugenderera igihugu cy’abaturanyi nyuma y’imyaka 37 Papa Yohani Paul wa II akigendereye.

Soma Izindi Nkuru

2 Responses

  1. Papa Francis agiye kugirira uruzinduko muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo
    Ariko papa araza ngutanga ubutumwa muri Congo.nnbuhe butimwa? ubutumwa bwo ndufite nu bwa baraika ba tatu.azabusobanute?ko niwe nyamaswa ivugwa mu byahishuwe 14-:6-9.ikimetso cyi nyamaswa ni dimanche.igishushanyo namadini asenga ku chumweru:mube maso harigihe yoza gutangaza icyumweru: bifurije isababato nziza

  2. Papa Francis agiye kugirira uruzinduko muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo
    Ariko papa araza ngutanga ubutumwa muri Congo.nnbuhe butimwa? ubutumwa bwo ndufite nu bwa baraika ba tatu.azabusobanute?ko niwe nyamaswa ivugwa mu byahishuwe 14-:6-9.ikimetso cyi nyamaswa ni dimanche.igishushanyo namadini asenga ku chumweru:mube maso harigihe yoza gutangaza icyumweru: bifurije isababato nziza

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *