Umukobwa witwa Diane (Izina ryahinduwe) avuga ko Se umubyara yamusabye kudakundana n’abantu yita ab’amazuru kuko ngo ari ba bihemu.
Ubu ngo ni ubutumwa Se yamuhaye nyuma yo kubona umukobwa we yasuwe n’umusore ufite Se ufungiwe ibyaha bya jenoside. Uyu musore ngo bariganaga mu kiciro rusange muri rimwe mu ishuri ryo mu Bugesera. Yandikiye Bwiza.com kuri info@bwiza.com ko umubano we n’uyu muhungu wasaga n’uw’abakundana. Avuga ko ” Ubwo Se yageraga mu rugo, ntiyigeze atongana. Yategereje ko umusore, William (izina ryahinduwe) ataha, nyuma yadukira umukobwa we aramutonganya.” Uyu wanditse asaba inama, avuga ko Se atashatse kumusobanurira byinshi kuri iyi ngingo. Yamusabye kumvira ibyo amubwiye gusa. Abajije nyina, yamubwiye ko yabaza neza uwamuhaye amabwiriza nkayo, ngo we nta mpamvu azi. Diane agisha inama avuga ko gutandukana na William bimugoye cyane ko ibyo ababyeyi be bamubwiye ntacyo arabimubwiraho kandi ko barushaho gukundana uko umunsi utashye. Aribaza niba yazamugezaho ubutumwa yahawe na Se ndetse n’uburyo uyu muhungu azabwakira. Ababyeyi bamwe baracyarangwaho n’iyi myumvire, nyamara Leta ntihwema kubasaba ko bakwimakaza ubumwe n’ubwiyunge.



12 Responses
Papa yambujije gukundana n’abo yita ab’amazuru-umukobwa w’ i Bugesera
Inama nagira Dianne nuko yareba Imbere he Heza kuko ababyeyi barakubyara ariko sibo bakubakira urugo, ikindi yatubwira Uwo murenge ,akagari, umudugudu tukajyanayo ubukangurambaga bwihariye bwa gahunda ya leta ya Ndumunyarwanda, ntazareke umukunzi we kubwizo mpamvu
Papa yambujije gukundana n’abo yita ab’amazuru-umukobwa w’ i Bugesera
Inama nagira Dianne nuko yareba Imbere he Heza kuko ababyeyi barakubyara ariko sibo bakubakira urugo, ikindi yatubwira Uwo murenge ,akagari, umudugudu tukajyanayo ubukangurambaga bwihariye bwa gahunda ya leta ya Ndumunyarwanda, ntazareke umukunzi we kubwizo mpamvu
Papa yambujije gukundana n’abo yita ab’amazuru-umukobwa w’ i Bugesera
Imana yahaye autority yo kuvyara kurera no gishingira abana, abavyeyi babo mwisi. Umuvyeyi atakerekuye uba ugiye ukutariko. Umuvyeyi birashobora kuba bimutsitaza kugendana naba bantu canke bariya. Kuba umunyarwanda si kuvuga ko mu ça mwubaka. ..Diane akwiye kumviriza abavyeyi bo bonyene bafise autority muri iyo domaine
Papa yambujije gukundana n’abo yita ab’amazuru-umukobwa w’ i Bugesera
ariko abakobwa muranyobera kabisa ,wowe ugizeamahirwe ubonyeukuburira ko ibyourimo ataribyo noneuje mukinyamakuru ngo uragishinama ,inamairenze iyumubyeyi yakubwiye ushaka niyihe.mukinyarwanda bavugako utumviye se nanyina yumvirijeri.
Papa yambujije gukundana n’abo yita ab’amazuru-umukobwa w’ i Bugesera
ariko abakobwa muranyobera kabisa ,wowe ugizeamahirwe ubonyeukuburira ko ibyourimo ataribyo noneuje mukinyamakuru ngo uragishinama ,inamairenze iyumubyeyi yakubwiye ushaka niyihe.mukinyarwanda bavugako utumviye se nanyina yumvirijeri.
Papa yambujije gukundana n’abo yita ab’amazuru-umukobwa w’ i Bugesera
ariko abakobwa muranyobera kabisa ,wowe ugizeamahirwe ubonyeukuburira ko ibyourimo ataribyo noneuje mukinyamakuru ngo uragishinama ,inamairenze iyumubyeyi yakubwiye ushaka niyihe.mukinyarwanda bavugako utumviye se nanyina yumvirijeri.
Papa yambujije gukundana n’abo yita ab’amazuru-umukobwa w’ i Bugesera
ariko abakobwa muranyobera kabisa ,wowe ugizeamahirwe ubonyeukuburira ko ibyourimo ataribyo noneuje mukinyamakuru ngo uragishinama ,inamairenze iyumubyeyi yakubwiye ushaka niyihe.mukinyarwanda bavugako utumviye se nanyina yumvirijeri.
Papa yambujije gukundana n’abo yita ab’amazuru-umukobwa w’ i Bugesera
Imana yahaye autority yo kuvyara kurera no gishingira abana, abavyeyi babo mwisi. Umuvyeyi atakerekuye uba ugiye ukutariko. Umuvyeyi birashobora kuba bimutsitaza kugendana naba bantu canke bariya. Kuba umunyarwanda si kuvuga ko mu ça mwubaka. ..Diane akwiye kumviriza abavyeyi bo bonyene bafise autority muri iyo domaine
Papa yambujije gukundana n’abo yita ab’amazuru-umukobwa w’ i Bugesera
utumviye se nanyina yumvirijeri,Kandi ngonyamwanga kubyirwa ntiyanze kubona,kinywa Cha mzee kinanuka lakini hakisemi uwongo .
Papa yambujije gukundana n’abo yita ab’amazuru-umukobwa w’ i Bugesera
utumviye se nanyina yumvirijeri,Kandi ngonyamwanga kubyirwa ntiyanze kubona,kinywa Cha mzee kinanuka lakini hakisemi uwongo .
Papa yambujije gukundana n’abo yita ab’amazuru-umukobwa w’ i Bugesera
Noneho Bwiza murandangije rwose? Ibise hari aho bikiba mu Rwanda muri 2020? icyo nabwira Dianne ni uko umushumba ashora inka ku iriba ariko iyo nka ni yo inywa amazi iyo itanyoye umushumba ayihata inkoni akayicyura maze igahangana na Rwakamigabo (inyota,kurumanga…) na we uri mut ariko ntuzabe umwana cyangwa ngo wifubike cya cyenda cya kera cy’amoko ubu gifatwa nk’ikitameshe , niba agukunda nawe mukunde ibya so bivemo nawe ashaka nyoko uzamubaze uburebure bw’amazuru ntarengwa yagendeyeho
Papa yambujije gukundana n’abo yita ab’amazuru-umukobwa w’ i Bugesera
Noneho Bwiza murandangije rwose? Ibise hari aho bikiba mu Rwanda muri 2020? icyo nabwira Dianne ni uko umushumba ashora inka ku iriba ariko iyo nka ni yo inywa amazi iyo itanyoye umushumba ayihata inkoni akayicyura maze igahangana na Rwakamigabo (inyota,kurumanga…) na we uri mut ariko ntuzabe umwana cyangwa ngo wifubike cya cyenda cya kera cy’amoko ubu gifatwa nk’ikitameshe , niba agukunda nawe mukunde ibya so bivemo nawe ashaka nyoko uzamubaze uburebure bw’amazuru ntarengwa yagendeyeho