Perezida Kagame yifurije Noheli Nziza abamukurikira kuri Twitter

Sangiza iyi nkuru

   Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame, yanyujije ubutumwa ku rubuga rwe rwa Twitter, yifuriza abamukurikira bose umunsi mwiza wa Noheli n’umwaka mwiza wa 2019.

 

Mu gicuku cyo kuri uyu wa 25/12/2019, ku isaha ya 02h09 , nibwo Perezida Paul KAGAME yanditse ubutumwa bugira buti: “Noheli Nziza kuri mwese. Mbifurije kandi umwaka w’Uburumbuke wa 2019. Abankurikirana bose, Ndabashimiye cyane”

kg

Nyuma ayo kwandika ubu butumwa. bwahise bukopororwa na benshi nabo bakongera kubwohereza mu izina rye, hari benshi bahise bagaragaza ko babukunze, banandika nabo bamwifuriza umwaka w’imigisha n’ibyiza byinshi wa 2019, hakaba n’abamugaragarije ko bishimiye kugira umuyobozi nka we.

kgg 1

3 1

2 1

1 1

Aba ni bamwe muri benshi bagaragarije Perezida Kagame ko bishimiye ubutumwa bwe

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *