Nsabimana Callixte uzwi nka Major Sankara kuri uyu wa 13 Nyakanga 2020 amaze guhishura ko Perezida wa Zambia, Edgar Lungu mu 2017 yemereye umuyobozi w’ihuriro mpuzamashyaka arwanya ubutegetsi bw’u Rwanda rya MRCD, Paul Rusesabagina guhirika ubutegetsi bw’u Rwanda.
Ni mu rubanza Maj. Sankara yaburaniye mu Rugereko rwihariye rw’urukiko rukuru ruburanisha ibyaha byo ku rwego mpuzamahanga n’iby’iterabwoba rwa Nyanza ruherereye mu Ntara y’Amajyepfo.
Sankara wahoze ari umuvugizi w’umutwe witwaje intwaro wa FLN ushamikiye kuri MRCD yatangaje ko ubwo Perezida Lungu yari amaze kwemerera Rusesabagina kumufasha guhirika ubutegetsi bw’u Rwanda, yamuhaye inkunga y’amafaranga ibihumbi 150 by’amadolari y’Amerika.

Nk’uko byemejwe n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha muri Gicurasi 2019, Maj. Sankara yafatiwe mu birwa bya Comores tariki ya 13 Mata 2019.
Sankara araregwa ibyaha 17 bifitanye isano n’iterabwoba ndetse n’ibyaha guhakana no gupfobya jenoside. Ibyaha by’iterabwoba bifitanye isano n’ibitero umutwe wa FLN wagiye ushinjwa kugaba mu bice byegereye ishyamba rya Nyungwe mu 2018.




16 Responses
Perezida wa Zambia yemereye MRCD kuyifasha guhirika ubutegetsi bw’u Rwanda-Maj. Sankara
yampaye inka. uyu se we ateye aturutse he?
Perezida wa Zambia yemereye MRCD kuyifasha guhirika ubutegetsi bw’u Rwanda-Maj. Sankara
yampaye inka. uyu se we ateye aturutse he?
Perezida wa Zambia yemereye MRCD kuyifasha guhirika ubutegetsi bw’u Rwanda-Maj. Sankara
Mwiriwe,kuvaho iyo nyangabirama yafatiwe nkuko ibyaha bye byose abyemera nakatirwe urwaburundu.Murakoze.
Perezida wa Zambia yemereye MRCD kuyifasha guhirika ubutegetsi bw’u Rwanda-Maj. Sankara
Mwiriwe,kuvaho iyo nyangabirama yafatiwe nkuko ibyaha bye byose abyemera nakatirwe urwaburundu.Murakoze.
Perezida wa Zambia yemereye MRCD kuyifasha guhirika ubutegetsi bw’u Rwanda-Maj. Sankara
Mwiriwe,kuvaho iyo nyangabirama yafatiwe nkuko ibyaha bye byose abyemera nakatirwe urwaburundu.Murakoze.
Perezida wa Zambia yemereye MRCD kuyifasha guhirika ubutegetsi bw’u Rwanda-Maj. Sankara
Mwiriwe,kuvaho iyo nyangabirama yafatiwe nkuko ibyaha bye byose abyemera nakatirwe urwaburundu.Murakoze.
Perezida wa Zambia yemereye MRCD kuyifasha guhirika ubutegetsi bw’u Rwanda-Maj. Sankara
Mwiriwe,kuvaho iyo nyangabirama yafatiwe nkuko ibyaha bye byose abyemera nakatirwe urwaburundu.Murakoze.
Perezida wa Zambia yemereye MRCD kuyifasha guhirika ubutegetsi bw’u Rwanda-Maj. Sankara
Mwiriwe,kuvaho iyo nyangabirama yafatiwe nkuko ibyaha bye byose abyemera nakatirwe urwaburundu.Murakoze.
Perezida wa Zambia yemereye MRCD kuyifasha guhirika ubutegetsi bw’u Rwanda-Maj. Sankara
Mwiriwe,kuvaho iyo nyangabirama yafatiwe nkuko ibyaha bye byose abyemera nakatirwe urwaburundu.Murakoze.
Perezida wa Zambia yemereye MRCD kuyifasha guhirika ubutegetsi bw’u Rwanda-Maj. Sankara
Mwiriwe,kuvaho iyo nyangabirama yafatiwe nkuko ibyaha bye byose abyemera nakatirwe urwaburundu.Murakoze.
Perezida wa Zambia yemereye MRCD kuyifasha guhirika ubutegetsi bw’u Rwanda-Maj. Sankara
Mwiriwe,kuvaho iyo nyangabirama yafatiwe nkuko ibyaha bye byose abyemera nakatirwe urwaburundu.Murakoze.
Perezida wa Zambia yemereye MRCD kuyifasha guhirika ubutegetsi bw’u Rwanda-Maj. Sankara
Mwiriwe,kuvaho iyo nyangabirama yafatiwe nkuko ibyaha bye byose abyemera nakatirwe urwaburundu.Murakoze.
Perezida wa Zambia yemereye MRCD kuyifasha guhirika ubutegetsi bw’u Rwanda-Maj. Sankara
Nitwa Odette nanjye ndi umu maman ukuze. Mfite abana. Maze Imyaka 10 ntandukanye n umugabo byemewe n amategeko. Iyo myaka yose irangiye nta nshuti cg umukunzi nashatse.nahisemo kubanza kwitaho ubuzima bwabana banjye.
Ubu ndumva noneho nshaka inshuti twafatanya ubuzima. Agomba kuba arengeje Imyaka 40,akaba ari umurokore, akaba atifuza ko nazamubyarira.
Abaye afite abana byaba ari OK.
Perezida wa Zambia yemereye MRCD kuyifasha guhirika ubutegetsi bw’u Rwanda-Maj. Sankara
Nitwa Odette nanjye ndi umu maman ukuze. Mfite abana. Maze Imyaka 10 ntandukanye n umugabo byemewe n amategeko. Iyo myaka yose irangiye nta nshuti cg umukunzi nashatse.nahisemo kubanza kwitaho ubuzima bwabana banjye.
Ubu ndumva noneho nshaka inshuti twafatanya ubuzima. Agomba kuba arengeje Imyaka 40,akaba ari umurokore, akaba atifuza ko nazamubyarira.
Abaye afite abana byaba ari OK.
Perezida wa Zambia yemereye MRCD kuyifasha guhirika ubutegetsi bw’u Rwanda-Maj. Sankara
SANKARA AREKE KUBESHERA URIYA MU PEREZIDA YEMERE ANFE KIGABO
Perezida wa Zambia yemereye MRCD kuyifasha guhirika ubutegetsi bw’u Rwanda-Maj. Sankara
SANKARA AREKE KUBESHERA URIYA MU PEREZIDA YEMERE ANFE KIGABO