Polisi ikorera mu muhanda yasubijwe Umuvugizi nyuma y’igihe kirekire

Sangiza iyi nkuru

Ishami rya Polisi rishinzwe umutekano wo mu muhanda ryahawe Umuvugizi nyuma y’imyaka igera kuri itatu ritamufite.

Uwahawe iyi nshingano ni SSP Irere René wigeze gukorera mu ishami rishinzwe imikoranire ya Polisi y’u Rwanda n’abaturage rizwi nka Community Policing).

Polisi y’u Rwanda yaherukaga Umuvugizi mu 2018, ari SSP Ndushabandi Jean Marie Vianney. Inshingano zo kuvugira Polisi muri rusange zakorwaga na CP John Bosco Kabera.

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *