Kamala Harris yasimbuye Perezida Joe Biden by’agateganyo

Visi Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Kamala Harris kuri uyu wa 19 Ugushyingo 2021 yasimbuye Perezida Joe Biden by’agateganyo mu gihe cy’iminota 82, ubwo uyu Mukuru w’Igihugu yisuzumishaga amara mu bitaro bya Walter Reed. Umuvugizi w’ibiro by’Umukuru w’Igihugu, Jen Psaki yasobanuriye ku mbuga nkoranyambaga ze ati: “Perezida yavuganye na Visi Perezida hamwe na […]

Mali: ECOWAS yafatiye ibihano abayobozi 149, Col. Goïta wakoze ‘Coup d’Etat’ ntarimo

Umuryango w’ibihugu bigize akarere ka Afurika y’uburengerazuba, ECOWAS, wafatiye ibihano abayobozi 149 bo muri Leta ya Mali y’inzibacyuho, Col. Assimi Goïta uyiyoboye na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Abdoulaye Diop barasigara. Urutonde ruriho aba bayobozi bakuriwe na Minisitiri w’Intebe, Choguel Maiga, ECOWAS yarutangaje tariki ya 17 Ugushyingo 2021. Ruriho abandi baminisitiri 21 bagize iyi guverinoma y’inzibacyuho. Mu […]

Bebe Cool yifatiye ku gahanga abakunzi ba Diamond Platinumz

Umuhanzi Moses Ssali wo muri Uganda wamamaye nka Bebe Cool yibasiye abakunzi ba mugenzi we wo muri Tanzania, Nasib Abdul Juma wamamaye nka Diamond Platinumz. Bitewe n’uburyo akomeje gutera imbere mu muziki byihuse, hari ababona ko Diamond yaba amaze kugera ku rwego rumwe n’ibyamamare bitatu byo muri Uganda: Bebe Cool, Jose Chameleone na Bobi Wine […]

Rwamagana: Abakobwa babyariye iwabo batishoboye bavuga ko guhabwa imfashanyo bibafasha kwirinda kongera guterwa inda

img-20211119-wa0003.jpg

Abakobwa bavuka mu miryango itishoboye batewe inda imburagihe, baravuga ko guhabwa imfashanyo bituma batsinda ibishuko by’abagabo bashobora kubashukisha kubafasha kubera ubuzima bubi baterwa no kurera abana badafite ubushobozi Kuwa Kane tariki ya 18 Ugushyingo 2021, abaturage batishoboye barimo abafite ubumuga 40 ndetse n’abakobwa 40 babyaye imburagihe batishoboye, bahawe ibiribwa n’bikoresho by’isuku, abandi batishoboye bagera ku […]

Kagame promet une solution aux préoccupations concernant les amendes de circulation

Le président Paul Kagame a promis aux automobilistes rwandais qu’ils trouveraient bientôt une solution aux préoccupations croissantes concernant les nouvelles sanctions routières imposées dans la ville de Kigali et dans tout le pays. Cela fait suite à un tollé général dans différents médias où les automobilistes se sont plaints des amendes pour excès de vitesse […]

Gen. Niyombare na Sinduhije bashakishwa n’u Burundi mu bakuriweho ibihano na USA

Maj. Gen. Godefroid Niyombare na Alexis Sinduhije bashakishwa n’u Burundi kubera impamvu zirimo uruhare bubakurikiranyeho mu ihirika ry’ubutegetetsi ryageragerejwe kuri Pierre Nkurunziza, bari mu bo Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) zakuriyeho ibihano. Kuri uyu wa 18 Ugushyingo 2021 ni bwo Perezida wa USA, Joe Biden yakuyeho ibihano igihugu cye cyari cyarashyiriyeho u Burundi tariki […]

USA: Nyuma y’igice cy’ikinyejana kirenga abari barahamijwe kwica Malcolm X bagizwe abere

_117107347_gettyimages-515287438.jpg

Nyuma y’igihe kirenga kimwe cya kabiri cy’ikinyejana impirimbanyi y’uburenganzira bw’Abirabura muri Amerika, Malcolm X, yishwe, babiri mu bari bahamijwe kumwica bagizwe abere kuri uyu wa Kane nyuma y’imyaka myinshi yo gushidikanya. Umucamanza wo muri Manhattan, Ellen Biben, yatesheje agaciro ibyemezo byahamije icyaha Muhammad Aziz na Khalil Islam wamaze no gupfa, nyuma y’aho abashinjacyaha n’abunganizi b’aba […]

Uwamahoro wa NTV yavuze ku ndwara y’amayobera yamuvuzweho

Uwamahoro Lynda, uzwi nka Lynda Ddane, umunyamakuru wa Televiziyo ya NTV muri Uganda mu minsi ishiz yafashwe n’indwara bamwe bavuga ko ari amayobera, we akavuga ko yatumye ananuka bidasanzwe. Ibinyamakuru bimwe byo muri Uganda byandika ku myidagaduro byavuze ko ” Amasengesho menshi yari akenewe ku munyamakuru wa NTV na KFM Uwamahoro Lynda kuko ubu arwaye […]

Goma: Abarwanyi batandatu ba M23 n’Abanyarwanda 42 batawe muri yombi

Igisirikare cya Congo Kinshasa (FARDC) gifatanyije na Polisi ya kiriya gihugu, cyataye muri yombi abantu 175 babaga mu mujyi wa Goma mu buryo butemewe n’amategeko barimo abarwanyi batandatu bo mu mutwe wa M23 n’Abanyarwanda 42. Aba bantu batawe muri yombi nyuma y’umukwabu inzego z’umutekano zakoreye mu gace ka Bujovu kari hafi y’umupaka wa Congo n’u […]

Perezida Kagame yasabye Polisi gukemura ibibazo bya camera n’ibyapa byo ku muhanda

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yatangaje ko yavuganye n’abayobozi muri Polisi y’u Rwanda kugira ngo bakemura ibibazo by’imfatashusho (caméras) n’ibyapa byo ku muhanda bimaze iminsi biteze impaka mu batwara ibinyabiziga. Yabitangaje ubwo yatangaga ubutumwa kuri uyu wa 19 Ugushyingo 2021 mu muhango wo gushimira abatanze umusoro neza mu 2020. Abatwara ibinyabiziga bamaze iminsi […]

U Bufaransa: Hagiye gutangira urubanza rwa gatatu rw’Umunyarwanda ushinjwa uruhare muri jenoside

Umunyarwanda Claude Muhayimana wahoze ari umushoferi wa Guest House Kibuye, agiye gutangira kuburanishwa mu Bufaransa guhera kuri uyu wa Mbere, itariki 22 Ugushyingo ku byaha bya jenoside n’ibyibasiye inyokomuntu byakozwe mu 1994. Uru rubanza biteganyijwe ko ruzamara ukwezi ruzasozwa ku itariki ya 23 Ukuboza 2021, rugiye gufungurwa nyuma y’imyaka 10 rutegurwa no gusubikwa inshuro ebyiri, […]

Kugira inshoreke ni byiza 100%-Pasiteri mu badive

Pasiteri mu itorero ry’Abadivantisiti b’umunsi wa Karindwi (SDA) muri Ghana, Osofo Acheampong, avuga ko kuba umugabo yajya mu bandi bagore b’inshoreke ze ari byiza ku gipimo cya 100%, anenga abapasiteri bagenzi be bigisha inyigisho zirwanya iyi migirire. Pasiteri Osofo ufite imyaka itari mike avuga ko ” Numvise bintangaje kumva abapasiteri bagenzi banjye bigisha bavuga ko […]

Bose bamenyekanye: Abatorewe kuyobora uturere tw’igihugu

Kuri uyu wa 19 Ugushyingo 2021, mu turere 27 tugize intara y’Amajyaruguru, Amajyepfo, Iburasirazuba n’Uburengerazuba habaye amatora ya biro y’Inama Njyanama na Komite Nyobozi y’Uturere; igizwe n’Umuyobozi w’Akarere uzwi nka Meya, umwungirije ushinzwe ubukungu n’ushinzwe imibereho myiza y’abaturage (ba Visi Meya). Hano hari abayobozi batorewe kuyobora utu turere twose: Mu Burasirazuba Mu Karere ka Bugesera […]

Mu Bufaransa ubukene buranuma, hari ababyeyi biyiriza ngo abana barye – Caritas

Umuryango utabara imbabare mu gihugu cy’u Bufaransa, Secours Catholique, kuri uyu wa Kane wasohoye raporo y’umwaka ku bukene muri iki gihugu. Ivuga ko n’abantu bahabwa imfashanyo basiba amafunguro amwe kugira ngo ejo bazabone amaramuko, ikibazo cyibasiye cyane cyane abadafite akazi gahamye ndetse n’ababa bonyine. 27% by’abantu basanzwe bahabwa imfashanyo y’ibiribwa n’umuryango wa Secours Catholique “rimwe […]

MONUSCO na OVG biri gukurikiranira hafi ikirunga cya Nyamuragira

Abahanga n’ingabo ziri mu butumwa bw’amahoro z’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo bari gufasha ikigo cy’i Goma gishinzwe ubumenyi bw’ibirunga, OVG, gukurikiranira hafi imyitwarire ya Nyamuragira nyuma y’aho bitangajwe ko yaba iri hafi kuruka. Ummuhanga mu by’ubumenyi bw’ibirunga, Dario Tedesco yabimenyesheje Radio Okapi kuri uyu wa 18 Ugushyingo 2021, uyu muryango ukaba wafashe […]

Basanga amakosa yakozwe n’umucamanza waburanishije Cyuma ashobora kuba icyasha ku butabera

Nyuma y’aho kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki 17 Ugushyingo 2021, ubushinjacyaha bujuririye kimwe mu byaha bwari bwareze umunyamakuru Niyonsenga Dieudonne uzwi nka nka Cyuma Hassan, nyamara icyo cyaha cyarakuwe mu mategeko mu Rwanda mu 2019, hakomeje kwibazwa ku bushobozi bw’umucamanza wamuburanishije kuri iki cyaha n’ingaruka bishobora kugira ku butabera bw’igihugu. Ku itariki ya 11 […]

Polisi ikorera mu muhanda yasubijwe Umuvugizi nyuma y’igihe kirekire

Ishami rya Polisi rishinzwe umutekano wo mu muhanda ryahawe Umuvugizi nyuma y’imyaka igera kuri itatu ritamufite. Uwahawe iyi nshingano ni SSP Irere René wigeze gukorera mu ishami rishinzwe imikoranire ya Polisi y’u Rwanda n’abaturage rizwi nka Community Policing). Polisi y’u Rwanda yaherukaga Umuvugizi mu 2018, ari SSP Ndushabandi Jean Marie Vianney. Inshingano zo kuvugira Polisi […]

Uganda kills 5, arrest 21 terror suspects

BY AFP Uganda police shot dead five suspects and arrested 21 people Thursday, an official said, as part of an investigation into twin suicide bombings claimed by the Islamic State group that killed four people. Tuesday’s explosions were the latest in a string of attacks in the East African country, which has tightened security and […]

ICT Network and Infrastructure Officer at SANLAM

TERMS OF REFERENCE Network & Infrastructure Officer Sanlam Assurances Générales Plc wishes to recruit a Network & Infrastructure Officer: Note to Applicants: It must be clearly demonstrated on your CV and supporting documents how you meet the required skills, competencies, and/or knowledge for the post. Failure to do so may result in you not being […]

Accountant at Mango Telecom Ltd

COMPANY BACKGROUND Mango Telecom Ltd is a licensed Internet Service Provider (ISP) that is incorporated under the laws and regulations of the Republic of Rwanda. The company is engaged in the business of providing advanced information and Communication Technology (“ICT”) services based on 4G LTE, Fiber Connectivity, and 4G compatible devices. Mango Telecom Ltd is […]

Perezida Ndayishimiye yakoze impinduka zikomeye muri Guverinoma

Perezida wa Repubulika y’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, kuri uyu wa 18 Ugushyingo 2021 yakoze impinduka mu bayobozi ba Minisiteri eshanu. Nk’uko bigaragara mu itangazo ryashyizweho umukono na Perezida Ndayishimiye hamwe na Minisitiri w’Intebe, Alain Guillaume Bunyoni, muri Minisiteri y’Ubutabera, Jeanine Niyibizi wari uyiyoboye yasimbujwe Domine Banyankimbona wari usanzwe ari Minisiteri w’Abakozi n’Umurimo. Muri Minisiteri y’Ubuzima […]

Trio arrested for assaulting foreigners

Rwanda National Police (RNP) on Tuesday, November 16, arrested Neema Ishamiryase, 32, Zaudjia Nshimiyimana, 23, and Denyse Umuhoza, 25, accused of surrounding, finger pointing, touching the hair and laughing at their customers, all who are foreigners and currently visiting Rwanda. Three traders were in Inyarurembo Village, Kiyovu Cell of Nyarugenge Sector in Nyarugenge District for […]

Muhanga: Aregwa kwica se n’ubwinjiracyaha ku mugore wa se wabo

Ubushinjacyaha Urwego Rwisumbuye rwa Muhanga, muri iki cyumweru bwashyikirijwe dosiye y’umusore ukekwaho kwica se no kugerageza kwica umugore wa se wabo, abahora ko yari yarabwiwe ko umugore wa se wabo yamuroze, naho ise ntabyemere. Ubushinjacyaha Bukuru dukesha iyi nkuru buvuga ko uregwa akekwaho icyaha cy’ubwicanyi buturutse ku bushake yaba yarakoreye se, ndetse n’ubwinjiracyaha bwo kugerageza […]

Harmonize yavuze uko ishyari rya Diamond no kwita se umurozi byabatandukanyije

Umuhanzi Rajab Abdul Kahali ukunzwe mu muziki wa Tanzania nka Harmonize, yavuye imuzi ibyatumye atandukana na mugenzi we Diamond Platnumz, agaragaza amashyari y’uyu muhanzi na nyina nka kimwe mu byatumye urugendo rwabo rurangira. Harmonize yabigarutseho kuri uyu wa Kane aganira n’itangazamakuru, nyuma yo kugera muri Tanzania avuye muri Leta zunze Ubumwe za Amerika aho yari […]

Amakuru y’ibanga kuri Kabila yashyizwe ku karubanda

Kompanyi z’umuryango n’inshuti za Joseph Kabila wahoze ari Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo zohererejwe za miliyoni z’amadolari y’Amerika zo mu mari ya leta kuri konti zazo bwite zo muri banki, nkuko amakuru y’ibanga yamenwe ya mbere menshi muri Afurika abigaragaza. Ayo mafaranga yoherejwe kuri za konti z’izo kompanyi mu ishami ryo muri DR […]

Perezida Joe Biden yakuyeho ibihano Amerika yari yarafatiye u Burundi

Perezida Joe Biden wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yakuyeho ibihano igihugu cye cyari kimaze inyaka itandatu cyarafatiye u Burundi. Muri 2015 ni bwo u Burundi bwari bwarafatiwe ibihano na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, kubera ibikorwa by’ubwicanyi, ihonyora ry’uburenganzira bwa muntu, guhohotera abanyagihugu ntacyo bazira, imvururu zishingiye kuri Politiki, kubangamira abatavuga rumwe n’ubutegetsi n’ibindi. […]