Polisi y’u Rwanda yatangaje ko guhera kuwa 12 Ugushyingo 2022 saa kumi, abifuza gukorera impushya zo gutwara ibinyabiziga by’agateganyo, bazatangira kwiyandikisha. Polisi kandi yavuze ko Ibizamini bizatangira gukorerwa kuri site yatanze kuwa 14 Ugushyingo 2022.



