20221111_125935.jpg

Polisi yatangaje igihe cyo kwiyandikisha no gukorera impushya zo gutwara ibinyabiziga

Sangiza iyi nkuru

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko guhera kuwa 12 Ugushyingo 2022 saa kumi, abifuza gukorera impushya zo gutwara ibinyabiziga by’agateganyo, bazatangira kwiyandikisha.

Polisi kandi yavuze ko Ibizamini bizatangira gukorerwa kuri site yatanze kuwa 14 Ugushyingo 2022.

20221111_125935.jpg

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *