Urwego rw’Igihugu rw’Itangazamakuru (RBA), rwamaze gusezerera umunyamakuru Lorenzo Musangampfura Christian azira imyitwarire idahwitse.
Amakuru yizewe BWIZA yamenye ni uko uyu munyamakuru wa siporo yasezerewe mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 03 Ugushyingo 2022.
Nta gihe kinini cyari gishize Lorenzo Musangampfura wakoraga ‘Amakuru yo hanze y’ikibuga’ kuri Radiyo Rwanda ndetse akanogeza imikino ya shampiyona y’u Rwanda kuri Televiziyo asubiye kuri RBA, nyuma yo kwirukanwa na Radio/TV10 na yo yakoreye amezi make.
Lorenzo Musangampfura yirukanwe, nyuma y’ubutumwa yanditse ku rubuga rwe rwa Twitter asaba Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Bayisenge Jeannette, amubwira ko nta cupa rye azi.
Uyu musore kuri uyu wa Gatatu yashyize kuri Twitter ye amashusho yâumwana wâumuhungu wagaragaye avuga ko ahohoterwa cyane na nyina umubyara, akavuga ko arambiwe kubana na we.
Muri aya mashusho, uyu mwana wâimyaka 13 yâamavuko yumvikana avuga ko byibura se umubyara amukubita neza, mu gihe nyina umubyara iyo ari kumukibita adatinya kumukubitisha icyo ahuye na cyo cyose.
Ni ihohoterwa uyu mwana wiga mu mashuri abanza yabwiye abaganiraga na we ko arambiwe, bijyanye no kuba atari âinkaâ cyangwa âingoma yâabapolosoâ nkâuko yumvikanye abivuga.
Ababonye aya mashusho yâumwana wavuze ko hari nâubwo nyina umubyara yigeze kumukubita itafari ârikamuca umutsiâ wo hafi yâakagombambari; bahise batangira gutabariza inzego bireba kugira ngo zishobore kurenganura uriya mwana wâumuhungu.
Ni ubutumwa bwanageze ku barimo Minisitiri Bayisenge Jeannette watangaje ko bamaze gusaba Lorenzo Christian kubandikira mu gikari kugira ngo abahe amakuru arambuye yâuko bagera kuri uriya mwana bakamufasha.
Minisitiri Bayisenge yunzemo ati: “Turacyategereje, ariko natwe tugerageza kureba ko twamenya aho aherereye.”
Umunyamakuru Lorenzo mu gusubiza Minisitiri Bayisenge, yamusabye kubanza yamugurira icupa kugira ngo abone ubwamugeza kuri uriya mwana.
Ati: “Erega minister, ikibazo, urabona nawe nta cupa ryawe nzi. Reka tubanze dukemure icyo.”
Minisitiri wâUburinganire nâIterambere ryâUmuryango na we yahise agaruka aramusubiza, amubwira ko ibyâagacupa bizaza ubutaha.
Ati: “Nagira ngo watabarizaga umwana, sinari namenye ko ni ibyâicupa birimo. Ubwo duhe amakuru yâumwana ibindi ni ahâubutaha.”
Amakuru avuga ko buriya butumwa butakiriwe neza n’ubuyobozi bwa RBA, mbere yo gufata icyemezo cyo kumwirukana burundu.



76 Responses
RBA yirukanye umunyamakuru wayo uheruka gusaba Minisitiri kumugurira icupa
uwo mwanditse ko ari umunyamakuru ko mbona asa nkabakobwa se.nu musore cyangwa ni umusore?
RBA yirukanye umunyamakuru wayo uheruka gusaba Minisitiri kumugurira icupa
uwo mwanditse ko ari umunyamakuru ko mbona asa nkabakobwa se.nu musore cyangwa ni umusore?
RBA yirukanye umunyamakuru wayo uheruka gusaba Minisitiri kumugurira icupa
ahubwo x uwo munyamakuru bamujyanye gutozwa ko numva atarintore, cg uwo yarakwiye nka rungu 50 zo kukibuno mbere yo kumwirukana.
RBA yirukanye umunyamakuru wayo uheruka gusaba Minisitiri kumugurira icupa
ahubwo x uwo munyamakuru bamujyanye gutozwa ko numva atarintore, cg uwo yarakwiye nka rungu 50 zo kukibuno mbere yo kumwirukana.
RBA yirukanye umunyamakuru wayo uheruka gusaba Minisitiri kumugurira icupa
UBWOYATEBYAGA.NABONTAGOBARIGUHITA.BAFATA ICYOCYEMEZO!
RBA yirukanye umunyamakuru wayo uheruka gusaba Minisitiri kumugurira icupa
utebya na minister kuri public platform nka twitter?
noneho usa nuwishyuza umuntu ushaka kurenganura umwanam witwa ngo urumunyamakuru?
nibamwirukane ndumva ntaho atandukaniye nuwahohoteraga uwo mwana
RBA yirukanye umunyamakuru wayo uheruka gusaba Minisitiri kumugurira icupa
utebya na minister kuri public platform nka twitter?
noneho usa nuwishyuza umuntu ushaka kurenganura umwanam witwa ngo urumunyamakuru?
nibamwirukane ndumva ntaho atandukaniye nuwahohoteraga uwo mwana
RBA yirukanye umunyamakuru wayo uheruka gusaba Minisitiri kumugurira icupa
Maman shenge yatebyaga na Minister! Erega kumenya kuvuga ni ukumenya ibyo uvuga, kumenya uwo ubibwira n’aho ubivugira. Erega izi mbuga tujye tuzirinda mu gihe twafashe “akantu”. Niyingane, turizera ko amasomo ayumvise cyo kimwe n’izindi nshyomotsi
RBA yirukanye umunyamakuru wayo uheruka gusaba Minisitiri kumugurira icupa
Maman shenge yatebyaga na Minister! Erega kumenya kuvuga ni ukumenya ibyo uvuga, kumenya uwo ubibwira n’aho ubivugira. Erega izi mbuga tujye tuzirinda mu gihe twafashe “akantu”. Niyingane, turizera ko amasomo ayumvise cyo kimwe n’izindi nshyomotsi
RBA yirukanye umunyamakuru wayo uheruka gusaba Minisitiri kumugurira icupa
UBWOYATEBYAGA.NABONTAGOBARIGUHITA.BAFATA ICYOCYEMEZO!
RBA yirukanye umunyamakuru wayo uheruka gusaba Minisitiri kumugurira icupa
Jye ndumva yatebyaga nuko yisumbukuruje arko bamuhannye birenze ikosa yakoze
RBA yirukanye umunyamakuru wayo uheruka gusaba Minisitiri kumugurira icupa
Jye ndumva yatebyaga nuko yisumbukuruje arko bamuhannye birenze ikosa yakoze
RBA yirukanye umunyamakuru wayo uheruka gusaba Minisitiri kumugurira icupa
Ariko sinibaza ukuntu umuntu uri mature amera nkudatekereza kweri,ubu tuvuge ko nubwo yatebya akwiye gutebya kuri Minister kweri????????? Ubushize Radio TV 10 yaramwirukanye kubera kutitwara neza none dorera RBA nayo yunzemo ibi bigaragaza ko ntaburere yahawe akiri muto kd nubwo yize akeneye kwiga ikinyabupfuya kuko nubwo wakwiga amashuri angana gute utarize ikinyabupfura byose byaba ari ? Ubwo rero icyaba kiza bamujyana mubigo ngororamuco kuko yazaguma mururwo pe.
RBA yirukanye umunyamakuru wayo uheruka gusaba Minisitiri kumugurira icupa
Abo ni ba bandi nyine bitwa ko bize bakaminuza ariko ugasanga batahanye gusoma no kwandika (alphabétisation); éducation nulle, instruction douteuse.
RBA yirukanye umunyamakuru wayo uheruka gusaba Minisitiri kumugurira icupa
Abo ni ba bandi nyine bitwa ko bize bakaminuza ariko ugasanga batahanye gusoma no kwandika (alphabétisation); éducation nulle, instruction douteuse.
RBA yirukanye umunyamakuru wayo uheruka gusaba Minisitiri kumugurira icupa
Nibamujyane i Wawa ajye kwiga kuvuga amenye uwo abwira n’aho avugira.
Niba no kuri 10 baramwirukanye se ubwo murumva ashobotse koko?
Gutebya bibaho ariko k’umuntu muri mu rwego rumwe kandi atari hano ku karubanda.
RBA yirukanye umunyamakuru wayo uheruka gusaba Minisitiri kumugurira icupa
Nibamujyane i Wawa ajye kwiga kuvuga amenye uwo abwira n’aho avugira.
Niba no kuri 10 baramwirukanye se ubwo murumva ashobotse koko?
Gutebya bibaho ariko k’umuntu muri mu rwego rumwe kandi atari hano ku karubanda.
RBA yirukanye umunyamakuru wayo uheruka gusaba Minisitiri kumugurira icupa
nawe byakubaho wimucira urubanza Wenda yaratebyaga bimwe byabanyarwanda
RBA yirukanye umunyamakuru wayo uheruka gusaba Minisitiri kumugurira icupa
nawe byakubaho wimucira urubanza Wenda yaratebyaga bimwe byabanyarwanda
RBA yirukanye umunyamakuru wayo uheruka gusaba Minisitiri kumugurira icupa
Ariko sinibaza ukuntu umuntu uri mature amera nkudatekereza kweri,ubu tuvuge ko nubwo yatebya akwiye gutebya kuri Minister kweri????????? Ubushize Radio TV 10 yaramwirukanye kubera kutitwara neza none dorera RBA nayo yunzemo ibi bigaragaza ko ntaburere yahawe akiri muto kd nubwo yize akeneye kwiga ikinyabupfuya kuko nubwo wakwiga amashuri angana gute utarize ikinyabupfura byose byaba ari ? Ubwo rero icyaba kiza bamujyana mubigo ngororamuco kuko yazaguma mururwo pe.
RBA yirukanye umunyamakuru wayo uheruka gusaba Minisitiri kumugurira icupa
UYUMUSORE AZIZE UBUSAPE! NONESE GUTEBYA NTIBIBAHO
RBA yirukanye umunyamakuru wayo uheruka gusaba Minisitiri kumugurira icupa
Gutebya bibaho ariko mu gihe runaka ku muntu runaka nahantu runaka kandi ngirango mo mu mashuri yitangazamakuru baba babyize mu nyo nakwita ethics and professionalism iyo udashoboye kubimenya uba uri mu mwuga utari uwawe
RBA yirukanye umunyamakuru wayo uheruka gusaba Minisitiri kumugurira icupa
Gutebya bibaho ariko mu gihe runaka ku muntu runaka nahantu runaka kandi ngirango mo mu mashuri yitangazamakuru baba babyize mu nyo nakwita ethics and professionalism iyo udashoboye kubimenya uba uri mu mwuga utari uwawe
RBA yirukanye umunyamakuru wayo uheruka gusaba Minisitiri kumugurira icupa
UYUMUSORE AZIZE UBUSAPE! NONESE GUTEBYA NTIBIBAHO
RBA yirukanye umunyamakuru wayo uheruka gusaba Minisitiri kumugurira icupa
Mugira abo mutebyaho Shaa
Ntabwo minister ari umuntu wo gutebyaho uko wiboneye
RBA yirukanye umunyamakuru wayo uheruka gusaba Minisitiri kumugurira icupa
Minister yabaye minister erega âŠ, hari aho se yigiye kuba minister raku buryo atari umuntu nka Bamporiki âŠ?! Bajye biyoroshya twese turi abantu gutebya bibaho ikibi ni ugusesereza , nuko mbyumva dha ntihagire minister ubisoma bigenewe abantu basanzwe
RBA yirukanye umunyamakuru wayo uheruka gusaba Minisitiri kumugurira icupa
Minister yabaye minister erega âŠ, hari aho se yigiye kuba minister raku buryo atari umuntu nka Bamporiki âŠ?! Bajye biyoroshya twese turi abantu gutebya bibaho ikibi ni ugusesereza , nuko mbyumva dha ntihagire minister ubisoma bigenewe abantu basanzwe
RBA yirukanye umunyamakuru wayo uheruka gusaba Minisitiri kumugurira icupa
Mugira abo mutebyaho Shaa
Ntabwo minister ari umuntu wo gutebyaho uko wiboneye
RBA yirukanye umunyamakuru wayo uheruka gusaba Minisitiri kumugurira icupa
Simbona ikose rikakaye ryatumye afatirwa umwanzuro wo kwirukanwa birundu…bishobora no kuba yatebyaga.. kandi ni ibintu bisanzwe cyane.. Nsubije Ngabonziza rero.. muri Africa nitwe dufata bariya bari muri iriya myanya twita iy’ibikomerezwa.bagafatwa nk’ibivejuru ariko… ahandi Ministre ni umuntu usanzwe cyaneee.. nta biba birenze..ibi ari nko muri occident cg za America bifatwa nka joke..twe rero… Ahaa
RBA yirukanye umunyamakuru wayo uheruka gusaba Minisitiri kumugurira icupa
ARIKO IBYO GUTEBYA MUBIJYANE HIRYA . UMUNYAMAKURU AGATEBYA NA MINISTRE NTA SONI ! URWEGO ABANYARWANDA TURIHO SI URWO . MBESE RORENZO ARABIVUGA HO IKI ? SE BURIYA RIB YO , NTIYANGOMBE KUGIRA IBYO IMUBAZA ( GUSABA INDNKE ) .
RBA yirukanye umunyamakuru wayo uheruka gusaba Minisitiri kumugurira icupa
ARIKO IBYO GUTEBYA MUBIJYANE HIRYA . UMUNYAMAKURU AGATEBYA NA MINISTRE NTA SONI ! URWEGO ABANYARWANDA TURIHO SI URWO . MBESE RORENZO ARABIVUGA HO IKI ? SE BURIYA RIB YO , NTIYANGOMBE KUGIRA IBYO IMUBAZA ( GUSABA INDNKE ) .
RBA yirukanye umunyamakuru wayo uheruka gusaba Minisitiri kumugurira icupa
None ko wumva ko ari muri Occident kandi atariho yari ari nabyo nibyo kwiga kuko nkumunyamakuru yagombye kuba azi gukora context analysis
RBA yirukanye umunyamakuru wayo uheruka gusaba Minisitiri kumugurira icupa
None ko wumva ko ari muri Occident kandi atariho yari ari nabyo nibyo kwiga kuko nkumunyamakuru yagombye kuba azi gukora context analysis
RBA yirukanye umunyamakuru wayo uheruka gusaba Minisitiri kumugurira icupa
Simbona ikose rikakaye ryatumye afatirwa umwanzuro wo kwirukanwa birundu…bishobora no kuba yatebyaga.. kandi ni ibintu bisanzwe cyane.. Nsubije Ngabonziza rero.. muri Africa nitwe dufata bariya bari muri iriya myanya twita iy’ibikomerezwa.bagafatwa nk’ibivejuru ariko… ahandi Ministre ni umuntu usanzwe cyaneee.. nta biba birenze..ibi ari nko muri occident cg za America bifatwa nka joke..twe rero… Ahaa
RBA yirukanye umunyamakuru wayo uheruka gusaba Minisitiri kumugurira icupa
Muraho! yewe uyu munyamakuru ashobora kuba agira urwenya rwinshi pe!! gusa si byiza gutebya kuri Bose kuko harimo n’abatabikunda kuko abantu ntibakira ibintu kimwe ikindi akamenya Aho abikorera n’uwo abikorera!! Wenda bashobora kuba basangamywe banaganira cyane ariko yabikoze mugihe kitari cyo!!! gusa ikintu cyose ni isomo mu buzima nawe buriya arabyigiraho!! ikindi mugaye ko yatabarije umwana twese twumvaga ubabaje we yarangiza akabizamo urwenya!!!
RBA yirukanye umunyamakuru wayo uheruka gusaba Minisitiri kumugurira icupa
Sinzi icyo mwese mukomeje kwita gutebya, itangazamakuru rikozwe neza rigira inyungu nyinshi kuko ryihutisha ikemurwa ry’ibibazo by’abaturage, kubw’amahirwe ikibazo kiramenyekanye, uragipositinze murwego rw’ubuvugize Minister akubajije Details ngo ngo habanze icupa?? ni ruswa se ni iki yasabaga Minister kugirango amuhe amakuru arambuye?
RBA yirukanye umunyamakuru wayo uheruka gusaba Minisitiri kumugurira icupa
Sinzi icyo mwese mukomeje kwita gutebya, itangazamakuru rikozwe neza rigira inyungu nyinshi kuko ryihutisha ikemurwa ry’ibibazo by’abaturage, kubw’amahirwe ikibazo kiramenyekanye, uragipositinze murwego rw’ubuvugize Minister akubajije Details ngo ngo habanze icupa?? ni ruswa se ni iki yasabaga Minister kugirango amuhe amakuru arambuye?
RBA yirukanye umunyamakuru wayo uheruka gusaba Minisitiri kumugurira icupa
Muraho! yewe uyu munyamakuru ashobora kuba agira urwenya rwinshi pe!! gusa si byiza gutebya kuri Bose kuko harimo n’abatabikunda kuko abantu ntibakira ibintu kimwe ikindi akamenya Aho abikorera n’uwo abikorera!! Wenda bashobora kuba basangamywe banaganira cyane ariko yabikoze mugihe kitari cyo!!! gusa ikintu cyose ni isomo mu buzima nawe buriya arabyigiraho!! ikindi mugaye ko yatabarije umwana twese twumvaga ubabaje we yarangiza akabizamo urwenya!!!
RBA yirukanye umunyamakuru wayo uheruka gusaba Minisitiri kumugurira icupa
Abize bose siko barezwe
RBA yirukanye umunyamakuru wayo uheruka gusaba Minisitiri kumugurira icupa
Abize bose siko barezwe
RBA yirukanye umunyamakuru wayo uheruka gusaba Minisitiri kumugurira icupa
Mwiriwe neza mwese burya n’iyo utebya ugira aho ugarukira ntibikwiye umuntu nk’uyu ko atebya mu nkuru nk’iyi y’impuruza pe.Ngira ngo RBA imuhaye umwanya wo kwitekerezaho byimbitse.Murakoze
RBA yirukanye umunyamakuru wayo uheruka gusaba Minisitiri kumugurira icupa
Mwiriwe neza mwese burya n’iyo utebya ugira aho ugarukira ntibikwiye umuntu nk’uyu ko atebya mu nkuru nk’iyi y’impuruza pe.Ngira ngo RBA imuhaye umwanya wo kwitekerezaho byimbitse.Murakoze
RBA yirukanye umunyamakuru wayo uheruka gusaba Minisitiri kumugurira icupa
????????????Uyu musore rwose kumwirukana byari bikwiye kuki Ndumva uburerebwe bubarwa mubinyacumi kbx
RBA yirukanye umunyamakuru wayo uheruka gusaba Minisitiri kumugurira icupa
????????????Uyu musore rwose kumwirukana byari bikwiye kuki Ndumva uburerebwe bubarwa mubinyacumi kbx
RBA yirukanye umunyamakuru wayo uheruka gusaba Minisitiri kumugurira icupa
Byiza kabisa. Ivuzivuzi ryateye muri iyi minsi rigomba kugira aho rigarukira
RBA yirukanye umunyamakuru wayo uheruka gusaba Minisitiri kumugurira icupa
Byiza kabisa. Ivuzivuzi ryateye muri iyi minsi rigomba kugira aho rigarukira
RBA yirukanye umunyamakuru wayo uheruka gusaba Minisitiri kumugurira icupa
Yihangane isomo ara ribonye ntazongera niyicara kabiri azumva icyo gukora arko bimugize igihangange nawe mumakosa
RBA yirukanye umunyamakuru wayo uheruka gusaba Minisitiri kumugurira icupa
Yihangane isomo ara ribonye ntazongera niyicara kabiri azumva icyo gukora arko bimugize igihangange nawe mumakosa
RBA yirukanye umunyamakuru wayo uheruka gusaba Minisitiri kumugurira icupa
Yewe abanyamakuru benshi b’iki gihe muzakurikirane batangaza n’ibinyoma Kugura ngo babashake rwose, muzakurikirane Muzasanga dufite benshi bacungana n’uwabaha akantu ngo batamusebya
RBA yirukanye umunyamakuru wayo uheruka gusaba Minisitiri kumugurira icupa
Yewe abanyamakuru benshi b’iki gihe muzakurikirane batangaza n’ibinyoma Kugura ngo babashake rwose, muzakurikirane Muzasanga dufite benshi bacungana n’uwabaha akantu ngo batamusebya
RBA yirukanye umunyamakuru wayo uheruka gusaba Minisitiri kumugurira icupa
Sintekereza ko icyashingiweho yirukanwa atari ugutebya na Minister nubwo nabyo bidakwiriye, ntekereza ko yazize gushaka gucuruza inkuru(indonke), ku kibazo cy’umwana ubabaye. Aho gutanga amakuru ngo umwana atabarwe, umunyamakuru yari ashishikajwe n’icupa.
RBA yirukanye umunyamakuru wayo uheruka gusaba Minisitiri kumugurira icupa
Sintekereza ko icyashingiweho yirukanwa atari ugutebya na Minister nubwo nabyo bidakwiriye, ntekereza ko yazize gushaka gucuruza inkuru(indonke), ku kibazo cy’umwana ubabaye. Aho gutanga amakuru ngo umwana atabarwe, umunyamakuru yari ashishikajwe n’icupa.
RBA yirukanye umunyamakuru wayo uheruka gusaba Minisitiri kumugurira icupa
uyu muntamakuru yarenganye nuko abanyarwanda twiremereza cyane dushobora kuba tubiterwa no kwigirira ikizere gike ariko ndumva ntabirenze byarigutuma yirukanwa gusa wenda byoshobokako harindi mwitwarire idahwitse afite ariko kiriya sicyo yazira minister numuntu nkabandi kabisa!
RBA yirukanye umunyamakuru wayo uheruka gusaba Minisitiri kumugurira icupa
uyu muntamakuru yarenganye nuko abanyarwanda twiremereza cyane dushobora kuba tubiterwa no kwigirira ikizere gike ariko ndumva ntabirenze byarigutuma yirukanwa gusa wenda byoshobokako harindi mwitwarire idahwitse afite ariko kiriya sicyo yazira minister numuntu nkabandi kabisa!
RBA yirukanye umunyamakuru wayo uheruka gusaba Minisitiri kumugurira icupa
Uyu munyamakuru yagombaga gucyahwa ariko batamwirukanye burundu.
Kuko nubwo yakoresheje gutebya nuwo batangana ariko ubundi ntabirenze.
RBA yirukanye umunyamakuru wayo uheruka gusaba Minisitiri kumugurira icupa
Uyu munyamakuru yagombaga gucyahwa ariko batamwirukanye burundu.
Kuko nubwo yakoresheje gutebya nuwo batangana ariko ubundi ntabirenze.
RBA yirukanye umunyamakuru wayo uheruka gusaba Minisitiri kumugurira icupa
Ndumiwe koko, gutabariza umwana uri mu bibazo warangiza ngo “nta cupa ryawe nzi ” ukabibwira minister ! Ni ugushyomoka ukarenza urugero, akwiriye kuganirizwa byihariye
RBA yirukanye umunyamakuru wayo uheruka gusaba Minisitiri kumugurira icupa
Ndumiwe koko, gutabariza umwana uri mu bibazo warangiza ngo “nta cupa ryawe nzi ” ukabibwira minister ! Ni ugushyomoka ukarenza urugero, akwiriye kuganirizwa byihariye
RBA yirukanye umunyamakuru wayo uheruka gusaba Minisitiri kumugurira icupa
Bayita cause imediate. Hari n’ibindi azira mutameya.
RBA yirukanye umunyamakuru wayo uheruka gusaba Minisitiri kumugurira icupa
Bayita cause imediate. Hari n’ibindi azira mutameya.
RBA yirukanye umunyamakuru wayo uheruka gusaba Minisitiri kumugurira icupa
Wasanga uyumusore yarabyanditse yanyoye inzoga cg arimurikabare niyihangane agacupa barakadusaba cyane tukabibona nkurwenya ariko minister nicyitonderwa
RBA yirukanye umunyamakuru wayo uheruka gusaba Minisitiri kumugurira icupa
Wasanga uyumusore yarabyanditse yanyoye inzoga cg arimurikabare niyihangane agacupa barakadusaba cyane tukabibona nkurwenya ariko minister nicyitonderwa
RBA yirukanye umunyamakuru wayo uheruka gusaba Minisitiri kumugurira icupa
Erega baba abayobozi basanzwe ari abo mu muryango nyarwanda ni abantu nkatwe kdi ubusanzwe umuyobozi ni umugaragu w’abo ayobora( servant leadership) gusa nyine si buri wese ubishobora. Ubwo rero murabimenye abo kubahwa mububahe da
RBA yirukanye umunyamakuru wayo uheruka gusaba Minisitiri kumugurira icupa
Erega baba abayobozi basanzwe ari abo mu muryango nyarwanda ni abantu nkatwe kdi ubusanzwe umuyobozi ni umugaragu w’abo ayobora( servant leadership) gusa nyine si buri wese ubishobora. Ubwo rero murabimenye abo kubahwa mububahe da
RBA yirukanye umunyamakuru wayo uheruka gusaba Minisitiri kumugurira icupa
Yatse indonke nawe pe
RBA yirukanye umunyamakuru wayo uheruka gusaba Minisitiri kumugurira icupa
Yatse indonke nawe pe
RBA yirukanye umunyamakuru wayo uheruka gusaba Minisitiri kumugurira icupa
Ni byiza guhuza ibi bintu bitatu ku bantu nize Savoir-faire; Savoir-ĂȘtre et Savoir-vivre iyo bituzuzanije usanga bigoranye kuba umunyamwuga mu byo wize
RBA yirukanye umunyamakuru wayo uheruka gusaba Minisitiri kumugurira icupa
Ni byiza guhuza ibi bintu bitatu ku bantu nize Savoir-faire; Savoir-ĂȘtre et Savoir-vivre iyo bituzuzanije usanga bigoranye kuba umunyamwuga mu byo wize
RBA yirukanye umunyamakuru wayo uheruka gusaba Minisitiri kumugurira icupa
Hagataho njyewe ndumvamo ibintu3.
Icya1 Ruswa yokugirango atange imyirondoro yumuntu ukeneye gufashwa.
Icya2 Gutebya cg Urwenya.
Icya3 Icyinyabupfura gike, kuko nogutebya nabyo bisaba kuba ufite Icyinyabupfura.
Rero ndumva RIB yasesengura mubushishozi bwayo ikamugenera igikwiye, ndetse yasanga ntamutima mubi wa Lolenzo (Arengana) agasubizwa kuri RBA.
RBA yirukanye umunyamakuru wayo uheruka gusaba Minisitiri kumugurira icupa
Hagataho njyewe ndumvamo ibintu3.
Icya1 Ruswa yokugirango atange imyirondoro yumuntu ukeneye gufashwa.
Icya2 Gutebya cg Urwenya.
Icya3 Icyinyabupfura gike, kuko nogutebya nabyo bisaba kuba ufite Icyinyabupfura.
Rero ndumva RIB yasesengura mubushishozi bwayo ikamugenera igikwiye, ndetse yasanga ntamutima mubi wa Lolenzo (Arengana) agasubizwa kuri RBA.
RBA yirukanye umunyamakuru wayo uheruka gusaba Minisitiri kumugurira icupa
NGIZO INTITI (INJIJI) KAMINUZA Z’UBU ZISIGAYE ZISOHORA. UMUNTU BAMUBWIYE BATI TURANGIRE AHO UMWANA WAPOSTINZE UFITE IBIBAZO AHEREREYE NGO ATABARWE…AKAZANA UBUGORYI…
RBA yirukanye umunyamakuru wayo uheruka gusaba Minisitiri kumugurira icupa
NGIZO INTITI (INJIJI) KAMINUZA Z’UBU ZISIGAYE ZISOHORA. UMUNTU BAMUBWIYE BATI TURANGIRE AHO UMWANA WAPOSTINZE UFITE IBIBAZO AHEREREYE NGO ATABARWE…AKAZANA UBUGORYI…
RBA yirukanye umunyamakuru wayo uheruka gusaba Minisitiri kumugurira icupa
Ikibazo rero cyuyu munyamakuru icupa rihurira he no gutabariza umwana? Yashakaga kumunyweraho se? Bajye biga ikinyabupfura batebye nabo basangira ayo macupa yabo
RBA yirukanye umunyamakuru wayo uheruka gusaba Minisitiri kumugurira icupa
Ikibazo rero cyuyu munyamakuru icupa rihurira he no gutabariza umwana? Yashakaga kumunyweraho se? Bajye biga ikinyabupfura batebye nabo basangira ayo macupa yabo
RBA yirukanye umunyamakuru wayo uheruka gusaba Minisitiri kumugurira icupa
Mbeg’abanyamakuru!
RBA yirukanye umunyamakuru wayo uheruka gusaba Minisitiri kumugurira icupa
Mbeg’abanyamakuru!