Urwego rw’Igihugu rushinzwe Igorora (RCS) rwafunguriye amarembo Abanyarwanda bashaka kurukorera ku rwego rwa ba ofisiye, aho kwiyandikisha bitangira uyu munsi ku itariki ya 30 Kamena kuzageza ku itariki 20 Nyakanga 2026, ndetse abatazabona umwanya wo kwiyandikisha bakaba bafite amahirwe yo kuzabikora ku munsi w’ikizamini.
Soma itangazo ryashyizwe ahagaragara umenye ibisabwa:



