Umugore uzwi ku izina rya Tentine, afasha abagore n’abakobwa mu gikorwa cya Kinyarwanda wo guca imyeyo, avuga ko ari iby’ingenzi kuko uwabikoze ashimisha umugabo mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina.
Uyu mugore usanzwe anafasha abakobwa cyangwa se abagore ‘gukuna’ cyangwa se ‘guca imyeyo’; ‘kujya mu rubohero’ avuga y’uko iyo umukobwa akuna, biba byiza iyo akuruye imishino ikaringanira n’urutoki rwa musumbazose.
Bikorwa bite?
Ati “imishino niyo basigaho imiti, ukayikurura wayisize imiti, ukagera ku rutoki rwawe rwa musumbazose, urutoki rugira ingingo eshatu, ugeza mu ngingo ebyiri n’igice, iyo bibaye birebire na none ntabwo biba ari byiza”.
Arakomeza avuga uko bikorwa, pozisiyo ukuna aba arimo, akamaro ko gukuna, aha ati “Gukuna ni umwambaro w’abagore, uwakunnye ntabwo aba ameze nk’utarakunnye,….”.
Byinshi kuri ibi: REBA VIDEO cyangwa se uhamagare usobanuze kuri nimero 0783479504/ 0722796243,

Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
@Bwiza.com


