Rihana na ASAP bari babukereye

Rihanna na ASAP batunguranye mu birori bya Met Gala 2023-Amafoto

Sangiza iyi nkuru

Rihana na ASAP bari babukereye
Rihana na ASAP bari babukereye

Mu birori ngarukamwaka bihuriramo ibyamamare mu ngeri zitandukanye, abahanzi batandukanye bagaragaje imyambarire idasanzwe bigeze kuri Rihanna na ASAP Rocky bagaragaza ko uretse kuba ari abahanga mu muziki no mu myarire bagaragaje ko bagaze neza.

Ni umugoroba w’ibirori wabereye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu gace Metropolitan Museum of Art muri Leta ya New York City , aho ibyamamare bitandukanye birimo abahanzi, abakinnyi , abanyamideri n’abandi bagera kuri 400 bari bateranye.
capture1-5.png
Imyambarire ikunze kugaragara muri ibi birori bitegurwa buri taliki ya 1 Gicurasi buri mwaka, ni mu rwego rwo guha agaciro umudozi Karl Lagerfeld ukomoka mu gihugu cy’Ubudage witabye Imana mu mwaka wa 2019.

Uretse Rihanna n’umugabe , mu bitabiriye ibi birori b’ibyamamare, harimo Cardi B, Kim Kardishian, nabandi batandukanye. Uretse abari barahawe ubutumire, abandi bashakaga kubyitabira batatumiwe bishyuraga ibihumbi 50 by’amadorali ku muntu umwe.

Rihanna na ASAP
Rihanna na ASAP

Usher
Usher

Cardi B
Cardi B

Roger Federer
Roger Federer

Kim Kardishian nawe yitabiriye ibirori yambaye neza
Kim Kardishian nawe yitabiriye ibirori yambaye neza

Umuraperi Lil Nas
Umuraperi Lil Nas

Gabrielle Union n’umugabo we Dwyane Wad  wahoze akina muri NBA
Gabrielle Union n’umugabo we Dwyane Wad wahoze akina muri NBA

Jared Leto
Jared Leto

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *