Rihanna yashyizwe ku rutonde rw’abo abajura baziba

Sangiza iyi nkuru

Ifoto y’umuhanzi Rihanna igaragara ku rutonde rw’abo itsinda ry’abajura ryateganya kwiba muri uyu mwaka.

Ibi byamenyekanye nk’uko TMZ dukesha iyi nkuru ibitangaza nyuma yaho umwe mu bagize iri tsinda ry’abajura afatiwe n’inzego z’umutekano.

Inzego z’umutekano zivuga ko zataye muri yombi Jshawne Daniels wagize uruhare mu kwiba uwitwa Chief Keef kuwa 23 Nzeri 2018  mu kabande ka San Fernando.

1005 chief keef milian puig reed jshawne daniels mug tmz getty 7
Ushinzwe umutekano yerekana urutonde rwakozwe n’abajura rugaragaza abatahiwe kwiba

Biravugwa ko uyu watawe muri yombi  ari umwe mu bibye Yassiel Puig kuwa 18 Nzeri kandi ko bamwe mu bagize iri tsinda ari nabo bagerageje kwiba Rihanna na Robert Woods.

[penci_related_posts taxonomies=”undefined” title=”Inkuru wasoma” background=”” border=”” thumbright=”no” number=”4″ style=”list” align=”none” displayby=”recent_posts” orderby=”random”]

Aba bajura kandi bafite urutonde rw’abandi bateganyaga kwiba barimo Lebron James, Viola Davis na Matt Damon

Kuri ubu abakekwaho ubufatanyacyaha na Daniels barafunzwe.

 

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *