Amakuru ataremezwa aturuka i Rubavu avuga ko umusore n’umukobwa bari barimo gusambanira muri rimwe mu igorofa ryo mu Mujyi wa Gisenyi, bagwiriwe n’igorofa kubera umutingito. Umwe mu bahaye amakuru BWIZA avuga ko aba bombi bakomeretse nyuma yo kugwirwa n’inzu ubwo bari baryamanye muri Lodge. Avuga ko ” Nabonye uwo mukobwa bari kumukura mu nzu bakoresheje ingobyi gusa yari yahiye ku mutwe, bigaragara ko yababaye.” Aya makuru umunyamakuru wa BTN uri i Rubavu avuga ko na we yabyumvise gusa ngo ntaragera aho byabereye ngo amenye uko byagenze bityo abe yabyemeza.



2 Responses
Rubavu: Abari barimo gusambana bagwiriwe n’igorofa
nukwihangana kabisa imana ni ibarinde
ariko se iyo nzu yari imeze gute
may god protect them
and bless them
Rubavu: Abari barimo gusambana bagwiriwe n’igorofa
nukwihangana kabisa imana ni ibarinde
ariko se iyo nzu yari imeze gute
may god protect them
and bless them