Rusizi: Hatewe 'grenade' ikomeretsa bane

Sangiza iyi nkuru

Mu masaa moya n’igice y’umugoroba wa tariki ya 19 Ukwakira 2019, mu mugi wa Kamembe umuntu utaramenyekana yateye ‘grenade’ ikomeretsa abantu bane.

Aya makuru yatangajwe na Polisi y’u Rwanda avuga ko aba bantu bajyanwe ku bitaro, bitabwaho ubu bakaba basubiye iwabo mu ngo.

Inzego z’umutekano zatangiye iperereza kugira ngo hashakishwe uwaba yagize uruhare muri iki gikorwa cy’ubugizi bwa nabi.

ITANGAZO
Iri ni itangazo rya polisi ryasohotse kuri uyu wa 20 Ukwakira

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *