Manchester United yaguye miswi na Liverpool FC
Kuri iki cyumweru tariki ya 20 Ukwakira 2019 ku isaha ya saa kumi n’imwe n’igice z’ikigoroba ni bwo umukino wahuzaga Manchester United na Liverpool wari utangiye, urangira amakipe yombi anganyije 1-1. Wari umukino wavuzweho byinshi cyane, nta mahirwe Manchester United ihabwa yo kuba yatsinda cyangwa ikanganya na Liverpool bitewe n’uburyo imaze iminsi yitwara. United yaje […]
Rwanda Premier League: Mukura itsinze umukino wayo wa 4 itsinda Gicumbi Fc 3-1-AMAFOTO
Kuri iki Cyumweru taliki ya 20 Ukwkira, nibwo hakinwaga imikino yo kumunsi wa Kane ya Shampiyona aho Gicumbi FC bikomeje kuyibana ibibazo, nyuma yo Gutsindwa imikino ine ya Shampiyona yatsinzwe na Mukura VC 3-1. Ni umukino watangiye ku isaha ya saa cyenda zuzuye (15H00’) aho wagombaga guhuza Mukura VC iherutse gusezerera uwari umutoza wayo mukuru […]
RDC: Tshisekedi yasubitse uruzinduko mu Buyapani kubera impanuka ya bisi
Impanuka ya bisi yatwaye ubuzima bw’abantu 30 yatumye Perezida Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo asubika umuhango wo kwimika Umwami mushya w’Ubuyapani yari yaratumiwemo. Iyi mpanuka yabereye mu murwa mukuru wa Kinshasa, hafi y’agace ka Mbanza Ngungu mu ntara ya ‘Congo Central’. Iyi bisi yari itwaye abagenzi biganjemo abacuruzi yari ivuye ku isoko ry’umupaka […]
Afurika: Abaperezida 9 bo muri Africa bayoboye manda zirenze ebyiri hahinduwe itegekonshinga
Afurika ni umugabane ufite Abakuru b’Ibiguhu bayoboye igihe kirekire ahanini bitewe n’icyizere abaturage baba bakibafitiye ariko kandi hakaba abavuga ko bo ubwabo bagira uruhare mu ihindurwa ry’itegekonshinga ribahesha amahirwe bwo kuyobora manda zirenze ebyiri. Abayoboye igihe kinini bakiriho ubu ngubu ni nka Teodoro Obiang Ngwema wa Guinée Equatorial amaze imyaka 40, Paul Biya wa Cameroun […]
Patriots BBC yatsindiye itike iyinjiza mu cyiciro cya kabiri (BAL)
Ku munsi weje Traiki ya 19 Ukwakira 2019, Patriots BBC ihagarariye u Rwanda, Basketball Africa League (BAL) yabonye itike yo gukomeza mu cyiciro cya kabiri cy’amajonjora y’irushanwa rizaba mu mwaka utaha, ni nyuma yo gutsinda umukino wayihuje na JKT yo muri Tanzania ku manota 79-65, umukibo waraye ubaye kuri uyu wa Gatandatu. Wari umukino wa […]
Biravugwa ko Perezida Magufuli yafashwe n’uburwayi butunguranye
Amakuru akomeje gucicikana kuri iki Cyumweru ni uko Perezida wa Tanzania, John Pombe Magufuli yagiye kuvurirwa mu gihugu cy’Ubudage nyuma yo gufatwa n’indwara z’umutima. Ku mbunga nkoranyambaga, Abanya-Tanzania bakomeje gusa ibiro by’umukuru w’igihugu gutanga amakuru kuri iyi ngingo. Kugeza ubu ntacyo Leta ya Tanzania iratangaza kuri iyi ngingo gusa umwe mu bantu batatangajwe amazina […]
Rusizi: Hatewe 'grenade' ikomeretsa bane
Mu masaa moya n’igice y’umugoroba wa tariki ya 19 Ukwakira 2019, mu mugi wa Kamembe umuntu utaramenyekana yateye ‘grenade’ ikomeretsa abantu bane. Aya makuru yatangajwe na Polisi y’u Rwanda avuga ko aba bantu bajyanwe ku bitaro, bitabwaho ubu bakaba basubiye iwabo mu ngo. Inzego z’umutekano zatangiye iperereza kugira ngo hashakishwe uwaba yagize uruhare muri iki […]
Tanzania: Ubuzima bwa Perezida Magufuli bwaba buri mu kaga!
Mu gihugu cya Tanzania kuri iki cyumweru haramukiye icyoba nyuma y’amakuru yavugaga ko ubuzima bwa Perezida Magufuli bwaba butameze neza. Ibi rero byatangiye gukwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga, Abanyatanzaniya bashaka kumenya uko ubuzima bw’umukuru w’igihugu cyabo bwifashe. Guverinoma ya Tanzania, ntacyo iratangaza kuri aya makuru. Ariko amakuru aturukamo imbere aravuga ko ahagana saa sita hasohorwa itangazo […]
Nyina wa Diamond yahawe urw’amenyo kubera umwuzukuru we
Nyina w’umuhanzi Diamond Platnumz, Sanura Sandra Kasimu yahawe inkwenene ku mbuga nkoranyambaga ku bw’ifoto y’umwuzukuru we, uvuka kuri Tanasha. Yifashishije urukuta rwe rwa Instagram, Mama Dangote nk’uko bakunze kumwita, yashyize hanze amafoto y’uwo yavugaga ko ari umwana wa Diomond na Tanasha. Bamwe mu bamukurikirana bavugaga ko yataye umwanya w’ubusa ajijisha kuko uwo mwana ari uwo […]
Wabishobora- Rev. Nibintije
2 Abakorinto 12:9 “Ubuntu bwange buraguhagije kuko aho intege nke ziri ariho imbaraga zange zuzura.” Imana ikora umurimo ukomeye iyo dufite intege nke, nta cyo dufite ndetse nta n’icyo twakwimarira. Aho si ahantu twifuza kuba ariko ni ho Imana igaragariza imbaraga zayo. Dukunda ibyuzuye, Imana igakunda ibirimo ubusa kubera ko kubamo ubusa ari intambwe ituma […]
Ngoma: Polisi yafashe moto yari imaze amezi abiri yaribwe
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Ngoma mu murenge wa Jarama iravuga ko kuri uyu wa gatanu tariki ya 18 ukwakira yafashe umuntu wari waribye moto akayimarana amezi abiri yarayihinduriye ibyapa biyiranga(Plaque). Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburasirazuba Chief Inspector of Police (CIP) Hamdun Twizeyimana avuga ko umuturage witwa Maniraho Joseph utuye mu murenge […]
Syria: Perezida Erdogan ngo azamena impanga z'aba-Kurdes
Perezida Recep Tayyip Erdogan wa Turkiya yavuze ko abarwanyi b’aba-Kurdes bahungabanya umutekano wa Syria nibatuhiriza amasezerano bagiranye azabamena impanga. Ibi Erdogan yabitangarije itangazamakuru ku wa kane tariki ya 18 Ukwakira ubwo yemeraga guhagarika ibitero mu majyaruguru ya Syria cyane mu gace ka Ras Al-Ain; agace uyu mutwe w’abarwanyi uherereyemo. Bemeranyije ko bagomba kuvamo bitarenze ku […]
RDC: Umukuru w’inyeshyamba yiciwe mu mirwano yazihuje n’undi mutwe
Umuyobozi w’inyeshyamba witwa Cisayura wari warihaye ipeti rya General, mu ijoro ryo kuwa Gatanu, itariki 18 Ukwakira, yiciwe mu mirwano hagati y’imitwe ibiri y’inyeshyamba yabereye muri Pariki y’igihugu ya Kahuzi Biega, muri Teritwari ya Kabare, ho muri Kivu y’Amajyepfo. Biravugwa ko yarashwe n’inyeshyamba za Col Chance bari bahanganye. Aba bayobozi bombi b’inyeshyamba bakaba batunzwe no […]
Perezida Donald Trump akomeje guhangana n’ibibazo by’urudaca by’abashaka kumweguza
Nubwo Perezida Donald Trump akomeje kugerageza guca intege Abademokarate bamugera amajanja, kuri ubu Abademokarate bafatanyije n’Abarepubulikani baranenga bikomeye icyemezo cye cyo kuvana ingabo muri Syria. Trump ngo amenyereye gusimbuka inkubiri za politiki ariko ngo iyi noneho ifite ubukana cyane cyane ko iyi yo ije mu gihe ateganya kongera kwiyamamaza nk’uko iyi nkuru dukesha Ijwi rya […]
96 % by'abafite ibibazo byo mu mutwe ntibagana ibitaro
Ushinzwe ubuzima bwo mu mutwe ku rwego rw’ibanze mu Kigo k’Igihugu cy’Ubuzima RBC, Misago Claire Nansi, yatangaje ko mu bafite ibibazo byo mu mutwe, abagana amavuriro bakiri bake, ku kigero cya 4%, bakaba bifuza ubufatanye n’inzego zose n’Abanyarwanda kubakangurira kumenya ubuvuzi bw’indwara zo mu mutwe n’uko zifata. Yabitangaje kuwa 18 Ukwakira 2019, ku Kigo ‘Icyizere […]
Biravugwa ko Ben Rutabana wari warabuze ari muri Uganda
Amakuru mashya yagiye hanze, ahamya ko Ben Rutabana ari muri Uganda kuva mu gihe gishize kirenga ukwezi, nyuma yo kuburirwa irengero bigatuma umuryango we ukomeza gutabaza, ukanandika ibaruwa usaba RNC kumurekura cyangwa ukavuga ibyo umurega. Ben Rutabana usanzwe ari komiseri muri RNC ushinzwe kongera ubushobozi, ari muri Uganda aho yatangiye urugendo rwe ku wa 5 […]
Dr Francis ushinjwa gukubitira umukobwa mu ruhame arashakishwa
Ubushinjacyaha bwatangaje ko bukomeje gushakisha Dr Francis Habumugisha uregwa gukubitira umukobwa mu ruhame, ngo hashyirwe mu bikorwa umwanzuro w’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge, ruheruka gutegeka ko aburana afunzwe. Ku wa 23 Nzeri 2019 nibwo Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwarekuye by’agateganyo Dr Francis Habumugisha, umushoramari akaba na nyiri Goodrich TV, ukurikiranyweho gukubitira mu ruhame umukobwa witwa Kamali […]