Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe kugenzura Ubuziranenge bw’Ibiribwa n’Imiti cyategetse ko imiti 37 ikomoka ku byatsi ihagarikwa ku isoko kuko itujuje ubuziranenge. Imwe muri yo hari iyitwa Rusenyanzoka, Umurerabana, Umuti w’Isi n’iyindi.

Itangazo rya FDA



10 Responses
Rwanda FDA yahagaritse imiti gakondo 37
Mfite ikibazo iyi iki kigo gihagarika imiti imwe nimwe cyarangiza kikandika mucyongerza ubundi hari umunyamahanga ukoresha iyo miti ?
Ko ikoreshwa natwe abanyarwanda kuki batandika ikinyarwanda ngo tumenye neza niyo miti ivugwa ?
Rwanda FDA yahagaritse imiti gakondo 37
Mfite ikibazo iyi iki kigo gihagarika imiti imwe nimwe cyarangiza kikandika mucyongerza ubundi hari umunyamahanga ukoresha iyo miti ?
Ko ikoreshwa natwe abanyarwanda kuki batandika ikinyarwanda ngo tumenye neza niyo miti ivugwa ?
Rwanda FDA yahagaritse imiti gakondo 37
IYOMITI YAHAGARITSWE MUYITWANDIKIRE TUYIMENYE 37 NTABWO ARIMYINSHI UKURIKIJE NIKORESHWA. MUGACE NTUYEMO HARIYO BAJE KUGURISHA MAKE KANDI YAHENDAGA
Rwanda FDA yahagaritse imiti gakondo 37
IYOMITI YAHAGARITSWE MUYITWANDIKIRE TUYIMENYE 37 NTABWO ARIMYINSHI UKURIKIJE NIKORESHWA. MUGACE NTUYEMO HARIYO BAJE KUGURISHA MAKE KANDI YAHENDAGA
Rwanda FDA yahagaritse imiti gakondo 37
Ni Batubwire iyo miti yose Tuyimenye
Rwanda FDA yahagaritse imiti gakondo 37
Ni Batubwire iyo miti yose Tuyimenye
Rwanda FDA yahagaritse imiti gakondo 37
Ni Batubwire iyo miti yose Tuyimenye
Rwanda FDA yahagaritse imiti gakondo 37
Ni Batubwire iyo miti yose Tuyimenye
Rwanda FDA yahagaritse imiti gakondo 37
Muzige kwandika inkuru zuzuye.ubwo c iyo uvuze imiti 37 ntuyivuge ngo tuyimenye uba uvuze iki?
Mwisubireho
Rwanda FDA yahagaritse imiti gakondo 37
Muzige kwandika inkuru zuzuye.ubwo c iyo uvuze imiti 37 ntuyivuge ngo tuyimenye uba uvuze iki?
Mwisubireho