fygevuvwqaemb2s.jpg

Rwanda FDA yahagaritse imiti gakondo 37

Sangiza iyi nkuru

Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe kugenzura Ubuziranenge bw’Ibiribwa n’Imiti cyategetse ko imiti 37 ikomoka ku byatsi ihagarikwa ku isoko kuko itujuje ubuziranenge.

Imwe muri yo hari iyitwa Rusenyanzoka, Umurerabana, Umuti w’Isi n’iyindi.

fygevuvwqaemb2s.jpg
Itangazo rya FDA

Soma Izindi Nkuru

The Ben ari mu bitaro

April 16, 2026

10 Responses

  1. Rwanda FDA yahagaritse imiti gakondo 37
    Mfite ikibazo iyi iki kigo gihagarika imiti imwe nimwe cyarangiza kikandika mucyongerza ubundi hari umunyamahanga ukoresha iyo miti ?
    Ko ikoreshwa natwe abanyarwanda kuki batandika ikinyarwanda ngo tumenye neza niyo miti ivugwa ?

  2. Rwanda FDA yahagaritse imiti gakondo 37
    Mfite ikibazo iyi iki kigo gihagarika imiti imwe nimwe cyarangiza kikandika mucyongerza ubundi hari umunyamahanga ukoresha iyo miti ?
    Ko ikoreshwa natwe abanyarwanda kuki batandika ikinyarwanda ngo tumenye neza niyo miti ivugwa ?

  3. Rwanda FDA yahagaritse imiti gakondo 37
    IYOMITI YAHAGARITSWE MUYITWANDIKIRE TUYIMENYE 37 NTABWO ARIMYINSHI UKURIKIJE NIKORESHWA. MUGACE NTUYEMO HARIYO BAJE KUGURISHA MAKE KANDI YAHENDAGA

  4. Rwanda FDA yahagaritse imiti gakondo 37
    IYOMITI YAHAGARITSWE MUYITWANDIKIRE TUYIMENYE 37 NTABWO ARIMYINSHI UKURIKIJE NIKORESHWA. MUGACE NTUYEMO HARIYO BAJE KUGURISHA MAKE KANDI YAHENDAGA

  5. Rwanda FDA yahagaritse imiti gakondo 37
    Muzige kwandika inkuru zuzuye.ubwo c iyo uvuze imiti 37 ntuyivuge ngo tuyimenye uba uvuze iki?

    Mwisubireho

  6. Rwanda FDA yahagaritse imiti gakondo 37
    Muzige kwandika inkuru zuzuye.ubwo c iyo uvuze imiti 37 ntuyivuge ngo tuyimenye uba uvuze iki?

    Mwisubireho

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *