Umunyamakuru w’imikino Karenzi Samuel, yiseguye nyuma y’amagambo atarakiriwe neza aheruka gutangaza k’umusifuzi Mukansanga Rhadia Salima.
Ku wa Kabiri w’iki cyumweru ni bwo Mukansanga Salima yanditse amateka yo kuba Umunyafurikakazi wa mbere wari ushoboye gusifura imikino y’Igikombe cy’Isi cy’abagabo.
Uyu mukobwa ukomoka mu karere ka Nyamasheke yabigezeho, ubwo yagirwaga umusifuzi wa kane mu mukino Les Bleus y’Abafaransa yanyagiyemo Australia ibitego 4-1.
Ni inkuru yavuzwe cyane haba mu bitangazamakuru bya hano mu Rwanda ndetse n’ibihuza amahanga amahanga.
Ku bakoresha imbuga nkoranyambaga by’umwihariko hano mu Rwanda ho byari ibicika, abenshi bakaba baravugaga Salima imyato ku bwo guhesha ishema igihugu.
Mu kiganiro cya siporo ‘Urukiko rw’Ubujurire’ cy’ejo ku wa Gatatu cya Radiyo Fine FM Sam Karenzi abereye umuyobozi, yumvikanye avuga ko urugendo rwa Salima Mukansanga nk’umusifuzi rwaranzwe no kumusunika cyane, ngo kuko ku bwe atari mu basifuzi beza 10 ba mbere u Rwanda rufite.
Yagize ati: “Salima urebye urugendo rwe nk’umusifuzi navuga ko rwagiye ruba ‘majaabu’. Ni ibitangaza kuva atangiye gusifura kugeza uyu munsi […] Reka tuvugishe ukuri, uyu munsi Salima umuhaye urupapuro n’ikaramu ukamubwira uti ‘Salima, hari irushanwa ry’Igikombe cya Afurika, nyandikira abasifuzi 10 beza mu Rwanda bakijyamo’. Nzi neza ko Salima atakwiyandikaho.”
Karenzi yavuze ko “Salima yazamuwe ku nyungu z’uko ari umukobwa mu bandi bakobwa; mu bandi bagore.”
Ni amagambo atakiriwe neza na benshi mu bakoresha imbuga nkoranyambaga, bashinja uyu munyamakuru kuba intashima buri gihe ndetse no kuba umunyeshyari.
Karenzi mu butumwa yanyujije kuri Twitter ye, yavuze ko yisegura “ku waba yarafashe nabi ibyo navuze kuri @RhadiaSalma kuko babahaye ibyo bashaka kubaha ku mpamvu ntazi!.”
Ni ubutumwa bwari bukurikiwe n’agace k’amashusho y’ikiganiro ‘Urukiko rw’Ubujurire’ cyo kuri uyu wa Kane Karenzi yumvikanyemo asaba abantu ‘kureka guhurura ko kubaha ibyo abandi bakora’.
Karenzi yongeye gushimangira ko Mukansanga yasimbutse inzego, ngo kuko nta muntu n’umwe wigeze asifura Igikombe cy’Isi [cyangwa icyafurika] byibura nta mukino n’umwe ukomeye arasifura iwabo cyangwa indi mikino itandukanye ibera muri Afurika.
Ku bwe ngo abatumva ibyo nk’ibitangaza ni bo ubwabo bafite ikibazo, ngo kuko nta wundi abona bizigera bibaho.



48 Responses
Sam Karenzi yiseguye ku bamwibasiriye bamuhora Salima Mukansanga
kubwawe se ubona ashoboye cg ntashoboye?
uracyafite gushidikanya nyamara isi ibona ko ashoboye kd akanabishyira mubikorwa.
so, let her achieve the greatest!
Sam Karenzi yiseguye ku bamwibasiriye bamuhora Salima Mukansanga
kubwawe se ubona ashoboye cg ntashoboye?
uracyafite gushidikanya nyamara isi ibona ko ashoboye kd akanabishyira mubikorwa.
so, let her achieve the greatest!
Sam Karenzi yiseguye ku bamwibasiriye bamuhora Salima Mukansanga
Sarima ageze heza mugusifura Kandi yarabikoreye,azamuye ibendera ryigihugu na Africa ndetse nitsinzi kubari nabategarugori
Sam Karenzi yiseguye ku bamwibasiriye bamuhora Salima Mukansanga
Nonex Ari UWIKUNDA Samuel na Mukansanga Salima ninde wambere mu Rwanda ngaho
Sam Karenzi yiseguye ku bamwibasiriye bamuhora Salima Mukansanga
Nonex Ari UWIKUNDA Samuel na Mukansanga Salima ninde wambere mu Rwanda ngaho
Sam Karenzi yiseguye ku bamwibasiriye bamuhora Salima Mukansanga
Sarima ageze heza mugusifura Kandi yarabikoreye,azamuye ibendera ryigihugu na Africa ndetse nitsinzi kubari nabategarugori
Sam Karenzi yiseguye ku bamwibasiriye bamuhora Salima Mukansanga
Uyo Karenzi amufitiye ishyari. Kuki se batamuhaye ako kazi nawe niba Salima yarasimbutse inzego?
Abandi banyamakuru b’imikino ( journaliste sportif) bari kumwe na Salima muri Qatar, wasimbutse nawe nk’uko uri kuvuga?
Sam Karenzi yiseguye ku bamwibasiriye bamuhora Salima Mukansanga
Uyo Karenzi amufitiye ishyari. Kuki se batamuhaye ako kazi nawe niba Salima yarasimbutse inzego?
Abandi banyamakuru b’imikino ( journaliste sportif) bari kumwe na Salima muri Qatar, wasimbutse nawe nk’uko uri kuvuga?
Sam Karenzi yiseguye ku bamwibasiriye bamuhora Salima Mukansanga
Imana ntitabara uko ntigira inama cg uko mwabyize yarabikoreye kandi arabikwiye nintsinzi kuriwe ndetse n, urwatubyaye gusa rimwe narimwe abanyamakururu mujya murengera ndabanenyereye gusa nuko uwo muca intege yagezeyo haba hagowe abakigendera kuriyo myumvire
ikindi mbese koko nuwo mu karere ka Nyamasheke cg ni A karere ka Rusizi
Sam Karenzi yiseguye ku bamwibasiriye bamuhora Salima Mukansanga
Imana ntitabara uko ntigira inama cg uko mwabyize yarabikoreye kandi arabikwiye nintsinzi kuriwe ndetse n, urwatubyaye gusa rimwe narimwe abanyamakururu mujya murengera ndabanenyereye gusa nuko uwo muca intege yagezeyo haba hagowe abakigendera kuriyo myumvire
ikindi mbese koko nuwo mu karere ka Nyamasheke cg ni A karere ka Rusizi
Sam Karenzi yiseguye ku bamwibasiriye bamuhora Salima Mukansanga
Ariko nkuyu munyamakuru wanga umwana w’u Rwanda gutera imbere si ba bsndi binter…
Sam Karenzi yiseguye ku bamwibasiriye bamuhora Salima Mukansanga
Ariko nkuyu munyamakuru wanga umwana w’u Rwanda gutera imbere si ba bsndi binter…
Sam Karenzi yiseguye ku bamwibasiriye bamuhora Salima Mukansanga
Karenzi ntari kure yukuri gusa Salima nawe amahirwe ntiyayapfushije ubusa
Sam Karenzi yiseguye ku bamwibasiriye bamuhora Salima Mukansanga
Karenzi ntari kure yukuri gusa Salima nawe amahirwe ntiyayapfushije ubusa
Sam Karenzi yiseguye ku bamwibasiriye bamuhora Salima Mukansanga
Buri gihe Karenzi mu biganiro bye ahorana ishyari no gushaka kwibasira abantu, akunda gutubura. Njye nayobewe ifu asonzemo!!
Jya mbere Salima, ukomeze uheshe u Rwanda ishema.
Sam Karenzi yiseguye ku bamwibasiriye bamuhora Salima Mukansanga
Karenzi uzegure mu kazi ushake ikindi ukora.
Ariko banza usabe imbabazi Mukasanga n’abaturage muri rusange.
Huna uzalendo hata kidogo na uanamichezo siyo fani yako. Umewakosea pia wenzako waandishi kwa mtazamo wako.
Sam Karenzi yiseguye ku bamwibasiriye bamuhora Salima Mukansanga
Karenzi uzegure mu kazi ushake ikindi ukora.
Ariko banza usabe imbabazi Mukasanga n’abaturage muri rusange.
Huna uzalendo hata kidogo na uanamichezo siyo fani yako. Umewakosea pia wenzako waandishi kwa mtazamo wako.
Sam Karenzi yiseguye ku bamwibasiriye bamuhora Salima Mukansanga
Buri gihe Karenzi mu biganiro bye ahorana ishyari no gushaka kwibasira abantu, akunda gutubura. Njye nayobewe ifu asonzemo!!
Jya mbere Salima, ukomeze uheshe u Rwanda ishema.
Sam Karenzi yiseguye ku bamwibasiriye bamuhora Salima Mukansanga
Mwambwira etape par etape mukansanga yagejeje salima hariya ibigwi bye nticyanga bifite kubryo yageze muri mondial nta na derby yomurwanda yari yasifura. So karenz aravuga ukur
Sam Karenzi yiseguye ku bamwibasiriye bamuhora Salima Mukansanga
Mwambwira etape par etape mukansanga yagejeje salima hariya ibigwi bye nticyanga bifite kubryo yageze muri mondial nta na derby yomurwanda yari yasifura. So karenz aravuga ukur
Sam Karenzi yiseguye ku bamwibasiriye bamuhora Salima Mukansanga
Uyu mutype ni umunyeshyari tout simplement aba basore bavuga amakuru y’imikino bose mbona bameze kimwe… Bagira idobori(diarrhée verbal) cyane… Ibyo asobanura ni zéro kuko nta ho byanditse nk’itegeko ko kugera aho uriya munyarwandakazi ageze bisaba ziriya conditions avuga… Ndabona biriya avuga ari ukwishyanura kwabo agamije kwerekana ko ngo ari za basesenguzi da!
Sam Karenzi yiseguye ku bamwibasiriye bamuhora Salima Mukansanga
Uyu mutype ni umunyeshyari tout simplement aba basore bavuga amakuru y’imikino bose mbona bameze kimwe… Bagira idobori(diarrhée verbal) cyane… Ibyo asobanura ni zéro kuko nta ho byanditse nk’itegeko ko kugera aho uriya munyarwandakazi ageze bisaba ziriya conditions avuga… Ndabona biriya avuga ari ukwishyanura kwabo agamije kwerekana ko ngo ari za basesenguzi da!
Sam Karenzi yiseguye ku bamwibasiriye bamuhora Salima Mukansanga
Uyu Karenzi rwose ibyo avuga sibyo..None se hari umuntu ugera ku kintu atanyuze mûri za étapes cg inzego nkuko abivuga? Tuvuge ko aribyo …Hanyuma se no ku kibuga hari umukorera site ubikora?yasifuye nabi se ejobundi kuburyo wavuga ko atabishoboye?Naho ibyo kuvuga ngo ntazi abasifuzi bose,wowe se ubu uzi abakinnyi bose bo mu Rwanda? Ngo ntawundi mukobwa uzongera kubaho uzagera kuri ruriya rwego….Si nishyari gusa ,ni nkuko wavuga ngo nta munyeshuri uzongera kuba uwa mbere mu ishuri,iki kiganiro uzakireke ahubwo niba ukora gutyo nawe ibi ntubishoboye uzarebe ibindi ujyamo noneho!?!
Sam Karenzi yiseguye ku bamwibasiriye bamuhora Salima Mukansanga
Uyu mukobwa w’umunyarwanda nakomereze aho ,naho abandi bakora nkawe bazaboneka nabatinyura kdi barashoboye,waduhesheje ishema u Rwanda rurarushaho kumenyekana muri byose byiza
Sam Karenzi yiseguye ku bamwibasiriye bamuhora Salima Mukansanga
Uyu mukobwa w’umunyarwanda nakomereze aho ,naho abandi bakora nkawe bazaboneka nabatinyura kdi barashoboye,waduhesheje ishema u Rwanda rurarushaho kumenyekana muri byose byiza
Sam Karenzi yiseguye ku bamwibasiriye bamuhora Salima Mukansanga
Uyu Karenzi rwose ibyo avuga sibyo..None se hari umuntu ugera ku kintu atanyuze mûri za étapes cg inzego nkuko abivuga? Tuvuge ko aribyo …Hanyuma se no ku kibuga hari umukorera site ubikora?yasifuye nabi se ejobundi kuburyo wavuga ko atabishoboye?Naho ibyo kuvuga ngo ntazi abasifuzi bose,wowe se ubu uzi abakinnyi bose bo mu Rwanda? Ngo ntawundi mukobwa uzongera kubaho uzagera kuri ruriya rwego….Si nishyari gusa ,ni nkuko wavuga ngo nta munyeshuri uzongera kuba uwa mbere mu ishuri,iki kiganiro uzakireke ahubwo niba ukora gutyo nawe ibi ntubishoboye uzarebe ibindi ujyamo noneho!?!
Sam Karenzi yiseguye ku bamwibasiriye bamuhora Salima Mukansanga
Barayomba burya koko ubwose kuba ahajyeze birimo bikurya ? Nawe bazagusunike ubutaha
Sam Karenzi yiseguye ku bamwibasiriye bamuhora Salima Mukansanga
Barayomba burya koko ubwose kuba ahajyeze birimo bikurya ? Nawe bazagusunike ubutaha
Sam Karenzi yiseguye ku bamwibasiriye bamuhora Salima Mukansanga
Bavuga mû gifaransa ngo la valeur de l’homme n attend pas le nombre d’ annees. Kandi n’amahirwe ye nimba hari inzeho yasimbitse ….icya ngombwa ni kureba uko akora neza inshingano bamushinze. She is very serious and focused.Proud of Mukansanga
Sam Karenzi yiseguye ku bamwibasiriye bamuhora Salima Mukansanga
Bavuga mû gifaransa ngo la valeur de l’homme n attend pas le nombre d’ annees. Kandi n’amahirwe ye nimba hari inzeho yasimbitse ….icya ngombwa ni kureba uko akora neza inshingano bamushinze. She is very serious and focused.Proud of Mukansanga
Sam Karenzi yiseguye ku bamwibasiriye bamuhora Salima Mukansanga
Bitwaye ikise Kuba yasimbuka?Umuntu ashobora kurangiza ishuri agahita aba minister atabanje kuba umuyobozi wo hasi.Rero Karenzi yacitswe nanone ntitwavugako yagirira ishyari umu nyarwanda
Sam Karenzi yiseguye ku bamwibasiriye bamuhora Salima Mukansanga
Bitwaye ikise Kuba yasimbuka?Umuntu ashobora kurangiza ishuri agahita aba minister atabanje kuba umuyobozi wo hasi.Rero Karenzi yacitswe nanone ntitwavugako yagirira ishyari umu nyarwanda
Sam Karenzi yiseguye ku bamwibasiriye bamuhora Salima Mukansanga
Salima numunya mugisha
Sam Karenzi yiseguye ku bamwibasiriye bamuhora Salima Mukansanga
Salima numunya mugisha
Sam Karenzi yiseguye ku bamwibasiriye bamuhora Salima Mukansanga
Karenzi nkawe ubwubushinjyiye kuki urwanya umwana wu Rwanda
Sam Karenzi yiseguye ku bamwibasiriye bamuhora Salima Mukansanga
Karenzi nkawe ubwubushinjyiye kuki urwanya umwana wu Rwanda
Sam Karenzi yiseguye ku bamwibasiriye bamuhora Salima Mukansanga
Niba yaratarutse ntakibazo ayo mahirwe yarayabonye nawe uzasabe bagusimbutse turebe ko bakujyana mureke ishyari ryishe Abeli
Sam Karenzi yiseguye ku bamwibasiriye bamuhora Salima Mukansanga
Niba yaratarutse ntakibazo ayo mahirwe yarayabonye nawe uzasabe bagusimbutse turebe ko bakujyana mureke ishyari ryishe Abeli
Sam Karenzi yiseguye ku bamwibasiriye bamuhora Salima Mukansanga
Ishyari umufitiye ntacyo ryamutwara.
Sam Karenzi yiseguye ku bamwibasiriye bamuhora Salima Mukansanga
Ishyari umufitiye ntacyo ryamutwara.
Sam Karenzi yiseguye ku bamwibasiriye bamuhora Salima Mukansanga
Karenzi rwose akunda kurangwa n’ishyari cyane, ngo Salima ntabikwiye ?!!! uziko wagirango Hari mushikiwe wagombaga kujyayo none bamwimye Ayo mahirwe !!!
Karenzi rero Niba wowe ubona atabikwiye singombwa ko uvuga ikije cyose mukanwa ugaragaza ko ababikoze ubarusha ubushishozi.
Ubuse wowe uri umuyobozi aruko twese tubonako haricyo urusha abandi banyamakuru bagenzi bae, Niba barakugize umuyobozi bafite icyo bagendeyeho, na Salima rero nuko byagenze ; gabanya ishyari n’urwango rwakwaritsemo.
Ese wagiye wiha akabanga ukihishira nibura ukwezi kumwe.
Sam Karenzi yiseguye ku bamwibasiriye bamuhora Salima Mukansanga
Karenzi rwose akunda kurangwa n’ishyari cyane, ngo Salima ntabikwiye ?!!! uziko wagirango Hari mushikiwe wagombaga kujyayo none bamwimye Ayo mahirwe !!!
Karenzi rero Niba wowe ubona atabikwiye singombwa ko uvuga ikije cyose mukanwa ugaragaza ko ababikoze ubarusha ubushishozi.
Ubuse wowe uri umuyobozi aruko twese tubonako haricyo urusha abandi banyamakuru bagenzi bae, Niba barakugize umuyobozi bafite icyo bagendeyeho, na Salima rero nuko byagenze ; gabanya ishyari n’urwango rwakwaritsemo.
Ese wagiye wiha akabanga ukihishira nibura ukwezi kumwe.
Sam Karenzi yiseguye ku bamwibasiriye bamuhora Salima Mukansanga
Imana ntireba nkabantu kdi ntikora nkabo mubyukuri Salima yarabikoreye ndetse aranabikwiriye kko arinawe uriyo rekatuvugeko niyogisunika yayibonye gsa ntacyobitwaye niyamamare kwisi hose
Sam Karenzi yiseguye ku bamwibasiriye bamuhora Salima Mukansanga
Imana ntireba nkabantu kdi ntikora nkabo mubyukuri Salima yarabikoreye ndetse aranabikwiriye kko arinawe uriyo rekatuvugeko niyogisunika yayibonye gsa ntacyobitwaye niyamamare kwisi hose
Sam Karenzi yiseguye ku bamwibasiriye bamuhora Salima Mukansanga
Imana ntireba nkabantu kdi ntikora nkabo mubyukuri Salima yarabikoreye ndetse aranabikwiriye kko arinawe uriyo rekatuvugeko niyogisunika yayibonye gsa ntacyobitwaye niyamamare kwisi hose
Sam Karenzi yiseguye ku bamwibasiriye bamuhora Salima Mukansanga
Imana ntireba nkabantu kdi ntikora nkabo mubyukuri Salima yarabikoreye ndetse aranabikwiriye kko arinawe uriyo rekatuvugeko niyogisunika yayibonye gsa ntacyobitwaye niyamamare kwisi hose
Sam Karenzi yiseguye ku bamwibasiriye bamuhora Salima Mukansanga
Imana ntireba nkabantu kdi ntikora nkabo mubyukuri Salima yarabikoreye ndetse aranabikwiriye kko arinawe uriyo rekatuvugeko niyogisunika yayibonye gsa ntacyobitwaye niyamamare kwisi hose
Sam Karenzi yiseguye ku bamwibasiriye bamuhora Salima Mukansanga
Imana ntireba nkabantu kdi ntikora nkabo mubyukuri Salima yarabikoreye ndetse aranabikwiriye kko arinawe uriyo rekatuvugeko niyogisunika yayibonye gsa ntacyobitwaye niyamamare kwisi hose