Teta Sandra agiye gutangiza akabari n’umusore ushinjwa gukunda iraha 

Sangiza iyi nkuru

Umunyarwandakazi, Teta Sandra aravugwaho kuba yafunguye akabari mu Mujyi wa Kampala n’undi mugabo witwa Urban Ratibu, wagiye ushinjwa n’abakobwa bakundanaga kwikundira iraha.

Amakuru yatangajwe na Bigeye ni Teta n’uyu uko uyu musore, Ratibu Urban bateganya gutangiza akabari kitwa  Luxe Club, aha aba bombi bazaba bafite imirimo bahakora.

Ratubu yari asanzwe afite akandi kabari kitwa Starbucks kari ahitwa Bunga.

Ku rundi ruhande, muri Mata 2018 Bwiza.com yasomye ikinyamakuru cyitwa Bukedde cyandikirwa muri Uganda muririmu lw’Oluganda, ihasanga inkuru ivuga ko Urban Ratifu ari uw’iraha  gusa ngo nta cyerekezo.

Capture 1

Ni amakuru yatanzwe n’uwo bakundanaga, Esther Ellah Namubiru wavuze ko yahisemo gutandukana na Ratibu kuko yabonaga nta cyerekezo agira mu buzima. Yahise ashakana n’umucuruzi witwa Giggs Kavuma uzwi mu bucuruzi bw’amasmabu utiye Kireka muri Kampala.

download

Ubwo Bukedde yamwegeraga ngo agire icyo avuga ku byo ashinjwa, Urban Ratibu yavuze ko atameze neza ko ntacyo yavuga ku byo ashinjwa na Namubiru.

[penci_related_posts dis_pview=”no” dis_pdate=”no” title=”Izindi nkuru wasoma” background=”” border=”” thumbright=”no” number=”4″ style=”list” align=”none” withids=”” displayby=”recent_posts” orderby=”rand”]

Teta Sandra amaze igihe aba muri Uganda aho akorera ubucuruzi. Bisanzwe bizwi ko ari mu rukundo n’umuhanzi Weasel.

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *