Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), Félix Tshisekedi, kuva ku mugoroba wo kuri uyu wa 11 Ukuboza ari mu ruzinduko rw’akazi muri Leta zunze ubumwe za Amerika (USA).
Yagiye kwitabira inama yiga ku iterambere ihuza USA n’ibihugu bya Afurika izabera i Washington DC kuva tariki ya 14 Ukuboza 2022.
Nyuma yo kugera ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Washington DC, Tshisekedi yakiriwe na Perezida wa USA, Joe Biden, avuga ko muri uru ruzinduko, azashyira imbaraga mu gusaba ko u Rwanda rufatirwa ibihano hamwe n’umutwe witwaje intwaro wa M23.
Ibiro bye byabyemeje biti: “Perezida Tshisekedi azifashisha uru ruzinduko muri US, ashyira imbaraga mu gusaba ko u Rwanda na M23 igenzura bitemewe n’amategeko igice cy’intara ya Kivu y’Amajyaruguru byafatirwa ibihano.”
Biteganyijwe ko inama Tshisekedi yagiyemo izitabirwa n’abakuru b’ibihugu 40 byo muri Afurika. Biden ni we uzayiyobora.



12 Responses
Tshisekedi yatangaje ko arasaba Joe Biden gufatira u Rwanda ibihano
Arabura gushaka iterambere ry’igihugucye,no kureshya abashoramari,ngo abaturagebe bavemubukene bukabije baterwa n’ifungamutwe afite,ngo arasabira uRwanda ibihano!ariko aziko we ar’umwere nukuntu akwirakwiza intwaro mumitwe,igira uruhare muguhungabanya umutekano w’abaturage ayoboye,n’akarere murirusange
Tshisekedi yatangaje ko arasaba Joe Biden gufatira u Rwanda ibihano
Arabura gushaka iterambere ry’igihugucye,no kureshya abashoramari,ngo abaturagebe bavemubukene bukabije baterwa n’ifungamutwe afite,ngo arasabira uRwanda ibihano!ariko aziko we ar’umwere nukuntu akwirakwiza intwaro mumitwe,igira uruhare muguhungabanya umutekano w’abaturage ayoboye,n’akarere murirusange
Tshisekedi yatangaje ko arasaba Joe Biden gufatira u Rwanda ibihano
Hhhh.
Buriya se aba abona ari ngombwa kubitangaza!!!!
Ngo bitange iki?
Yewe!
Tshisekedi yatangaje ko arasaba Joe Biden gufatira u Rwanda ibihano
Hhhh.
Buriya se aba abona ari ngombwa kubitangaza!!!!
Ngo bitange iki?
Yewe!
Tshisekedi yatangaje ko arasaba Joe Biden gufatira u Rwanda ibihano
Twishimiye iyonama.
Tshisekedi yatangaje ko arasaba Joe Biden gufatira u Rwanda ibihano
Twishimiye iyonama.
Tshisekedi yatangaje ko arasaba Joe Biden gufatira u Rwanda ibihano
Em23 imbere cyane gusa kisegeti akwiye ibihano ahubwo ariwe ntabwo yubahiriza ikiremwa muntu nabamushigikira ntarundi rukundo nukumushakaho izahabu gusa inda izarikora kbx abo baperezida kukibo batubahiriza ikiremwa ahubwo ninda yabatambitse
Tshisekedi yatangaje ko arasaba Joe Biden gufatira u Rwanda ibihano
Em23 imbere cyane gusa kisegeti akwiye ibihano ahubwo ariwe ntabwo yubahiriza ikiremwa muntu nabamushigikira ntarundi rukundo nukumushakaho izahabu gusa inda izarikora kbx abo baperezida kukibo batubahiriza ikiremwa ahubwo ninda yabatambitse
Tshisekedi yatangaje ko arasaba Joe Biden gufatira u Rwanda ibihano
Icyonzi neza abo baperezida bari gutinya nukoEM23ifashe turiya duce twoso baba bahobye kujya kwibayo izahabu ntabindi gusa nibakore inama tuve mubuhunz
Tshisekedi yatangaje ko arasaba Joe Biden gufatira u Rwanda ibihano
Icyonzi neza abo baperezida bari gutinya nukoEM23ifashe turiya duce twoso baba bahobye kujya kwibayo izahabu ntabindi gusa nibakore inama tuve mubuhunz
Tshisekedi yatangaje ko arasaba Joe Biden gufatira u Rwanda ibihano
ariko gisekedi yarereje urwanda rukamufasha Aho kwirirwa arira Kandi arumuntu wumugabo
Tshisekedi yatangaje ko arasaba Joe Biden gufatira u Rwanda ibihano
ariko gisekedi yarereje urwanda rukamufasha Aho kwirirwa arira Kandi arumuntu wumugabo