Umuhungu wa Museveni yasabye u Bwongereza gukuraho ibihano bwafatiye General Kayihura

Umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni wa Uganda akaba n’umujyanama we mu by’umutekano, General Muhoozi Kainerugaba yasabye Leta y’u Bwongereza gukuraho ibihano yafatiye General Kale Kayihura. Kuri uyu wa 11 Ukuboza 2022 ni bwo Leta y’u Bwongereza yatangaje ko yafatiye ibihano Gen. Kayihura, isobanura ko azira ibikorwa bibangamira uburenganzira bw’ikiremwamuntu yagizemo uruhare kuva mu 2015 kugeza […]

Nyamasheke: Imyitwarire ya bamwe mu banyeshuri ba GS Karengera Gitwa ihangayikishije abaharerera

Nyuma y’aho bamwe mu banyeshuri b’urwunge rw’amashuri rwa Karengera Gitwa mu murenge wa Kirimbi mu karere ka Nyamasheke bagaragayeho n’imyitwarire mibi mu bihe bitandukanye, irimo urugomo, gukora agatsiko k’abajura ngo biyise’ Simbikangwa’ biba ibikoresho by’ishuri, kugera ku ishuri igihe bashakiye banaza ntibige, n’ibindi, ababyeyi baharerera barasaba ubuyobozi bw’ishuri n’ubw’akarere imbaraga mu guhindura iyi myitwarire. Bavuga […]

Tshisekedi yatangaje ko arasaba Joe Biden gufatira u Rwanda ibihano

Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), FĂ©lix Tshisekedi, kuva ku mugoroba wo kuri uyu wa 11 Ukuboza ari mu ruzinduko rw’akazi muri Leta zunze ubumwe za Amerika (USA). Yagiye kwitabira inama yiga ku iterambere ihuza USA n’ibihugu bya Afurika izabera i Washington DC kuva tariki ya 14 Ukuboza 2022. Nyuma yo kugera ku […]

Hatowe abadepite 9 bagiye guhagararira u Rwanda muri EALA

fjylyz2waaae6lz.jpg

Inteko rusange y’imitwe yombi y’Inteko Ishinga Amategeko kuri uyu wa Mbere, itriki 12 Ukuboza 2022 yatoye bdepite icyenda bagomba guhagararira u Rwanda mu Nteko Ishinga Amategeko y’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, EALA . Iki cyemezo gikurikira ubusabe bwatanzwe na komisiyo y’igihugu ishinzwe amatora, ku rutonde rwa nyuma rw’abakandida 24 bahataniraga guhagararira u Rwanda muri EALA. Amakuru […]

Rubavu: Abanyerondo b’umwuga barashinjwa gutega, bakambura abarimo umusirikare

Dushimimana avuga ko yatezwe, yamburwa n'abanyerondo

Abanyerondo b’umwuga bakorera mu kagari ka Gikombe, umurenge wa Rubavu mu karere ka Rubavu barashinjwa gutega abarimo umusirikare bakabambura amafaranga n’ibikoresho. Dusabimana Pascal yatangarije BWIZA ko mu kwezi gushize yatezwe n’abanyerondo, bamwambura ibyo yari afite byose. Ati: “Ku itariki ya 25/11/2022 nari ndi gutaha, ngeze hafi y’aho ntuye, mbona abantua batatu bambaye uniforme y’abanyerondo bahakorera, […]

Umurambo w’umunyeshuri wo muri Zambia wiciwe muri Ukraine arwanira u Burusiya wacyuwe

Umurambo w’umunyeshuri wo muri Zambiya wapfuye ubwo yarwanaga muri Ukraine nyuma yo kwinjirizwa mu gisirikare muri gereza y’u Burusiya wacyuwe iwabo kuri iki Cyumweru . Abanyamakuru ba AFP babonye isanduku y’ibirahuri iriho umwenda yerekana igice kimwe ubwo umurambo wagezwaga ku kibuga cy’indege cya Lusaka, aho bene wabo bari bateraniye bamutegereje. Ku isanduku hari code yanditse […]

Hamenyekanye igihe amanota y’abasoje ayisumbuye azasohokera

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ibizamini n’ubugenzuzi bw’amashuri (NESA) cyatangaje ko amanota y’ ibizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye umwaka wa 2021/2022 azatangazwa ku wa Kane tariki ya 15/12/2022 saa tanu (11:00) z’ amanywa. Ni ubutumwa NESA yanyujije kuri Twitter kuri uyu wa 12 Ukuboza, ibugenera abanyeshuri, ababyeyi, abarezi ndetse n’ abafatanyabikorwa bayo mu burezi. Ibizamini bisoza […]

Uganda yikuye muri CHAN 2022 ibura iminsi mike igatangira

Ikipe y’Igihugu ya Uganda ‘The Cranes’, yamaze kwikura mu gikombe cya Afurika cy’abakina imbere mu bihugu byabo (CHAN 2022) kibura iminsi mike kigatangira. Ni amakuru yemejwe na Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Uganda (FUFA), Moses Magogo. Mu butumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa Twitter kuri uyu wa Mbere, yavuze ko Imisambi ya Uganda yikuye muri […]

Nyamagabe: Impunzi z’Abanyekongo zasabye Leta ya RDC kubahiriza isezerano yazihaye

Impunzi z’Abanyekongo ziba mu karere ka Nyamagabe zazindukiye mu myigaragambyo ikomeye, zamagana itotezwa n’ihohoterwa imitwe yitwaje intwaro irimo FDLR ikorera Abatutsi bavuga Ikinyarwanda, zinasaba gufasha gutaha kandi zikarindirwa umutekano. Mu gitondo cy’uyu wa 12 Ukuboza 2022, izi mpunzi zasohoye mu nkambi ya Kigeme zisanzwe zicumbitsemo, zijya mu muhanda zitwaje ibyapa byanditseho ubutumwa busobanura impamvu y’iyi […]

Perezida Kagame ari mu Busuwisi

Perezida Paul Kagame yagiriye uruzinduko mu Busuwisi, aho yitabiriye inama igaruka ku bufatanye mu iterambere, 2022 Effective Development Co-operation Summit. Bitegayijwe ko ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere tariki 12 Ukuboza 2022, Perezida Kagame yitabira imirimo yo gufungura iyi nama ihuriza hamwe abayobozi baganira ku bufatanye mu iterambere, hagamijwe kugera ku ntego zigamije iterambere […]

Igitero cya bombe cy’Abatalibani ku mujyi wo muri Pakistan cyahitanye 6 abandi barakomereka

Ibiro Ntaramakuru by’Abanyamerika (AP) byatangaje ko ingabo z’abatalibani zishe abantu batandatu mu gitero cyagabwe ku mujyi wa Chaman ku Cyumweru, nk’uko ingabo za Pakistan zibitangaza. Chaman, ni umujyi uri ku mupaka wa Afghanistan na Pakistan, ahakomeje guteza guhangana hagati y’ibihugu byombi . Ingabo za Pakistan zavuze ko ingabo za Afghanistan (abahoze ari abarwanyi b’Abatalibani) bahitanye […]

Nyaruguru: Hon Muhongayire prĂ´ne l’Ă©galitĂ© des genres qui respecte les valeurs rwandaises

Honorable Christine Muhongayire

Pour lutter contre les violences familiales, Hon dĂ©putĂ© Christine Muhongayire, prĂ©sidente de la commission des affaires sociales au parlement rwandais, prĂ´ne une sensibilisation plus Ă©largie qui, non seulement, promeut l’Ă©galitĂ© entre l’homme et la femme mais aussi et surtout, respecte les valeurs positives de la sociètĂ© rwandaise. Muhongayire a fait cette remarque ce 9 dĂ©cembre […]

Musanze: Umuturage wasenyewe n’umuyobozi akomeje gusiragizwa

Nyirasafari Joselyne utuye mu mudugudu wa Kiruhura, akagari ka Bikara mu murenge wa Nkotsi w’akarere ka Musanze arasaba inzego zibishinzwe kumurenganura, nyuma y’aho umukozi ushinzwe ubicungire y’ubutaka, Uwinema ClĂ©mentine wayoboye igikorwa cyo kumusenyera inzu yanze kubahiriza ibwiriza rya Guverineri w’intara ryo kumwubakira. Uyu muturage yasenyewe tariki ya 5 Kanama 2022, ubwo Uwinema ari kumwe n’abadaso […]

RDC: Abo mu ishyaka PPRD barakeka ko Tshala Muana yaba yarishwe

Umukada mukuru mu ishyaka PPRD, Papy Tamba, yagize icyo avuga ku rupfu rw’umuhanzikazi Tshala Muana, wapfuye ku wa Gatandatu itariki ya 10 Ukuboza, asaba ko umurambo we wakorerwa ibizamini kuko akeka ko ashobora kuba yarishwe . Nyuma y’amakuru y’urupfu rwa Tshala Muana yatunguranye mu rukerera rwo kuwa Gatandatu ku bakunzi ba muzika n’abafana be by’umwihariko, […]

Le Rwanda et le Népal vont signer un accord sur les services aériens

Le Rwanda et le NĂ©pal devraient signer un accord de service aĂ©rien pour opĂ©rer des vols reliant les deux pays, selon les mĂ©dias . L’accord sera dans le cadre de la politique libĂ©rale du ciel que le NĂ©pal a adoptĂ©e, selon des responsables. Il comprend une disposition pour le partage de code, tel que le […]

RDB yatangiye iperereza ku mwiryane uri muri kampani ya SDU

Sibomana Jean avuga ko yavanwe ku rutonde atabimenyeshejwe, arusubizwaho atabimenyeshejwe

Urwego rw’igihugu rushinzwe iterambere (RDB) rwayoboye inama y’Inteko Rusange idasanzwe y’abanyamigabane badacana uwaka ba kampani ya SDU (Special Drivers United) Ltd itanga serivisi yo gutwara abantu n’ibintu. Iyi nama yabereye mu cyumba cy’inama cya Kiliziya yitiriwe Mutagatifu Vincent Pallotti, i Gikondo mu karere ka Kicukiro kuri uyu wa 11 Ukuboza 2022. Ni inama yakerewe bitewe […]

Kigali: Ubushinjacyaha bwashyikirijwe dosiye y’abakekwaho kwicira umushoferi mu kabari

Abantu batatu batawe muri yombi mu cyumweru gishize bakurikiranyweho kwica umushoferi w’ikamyo w’Umurundi bivugwa ko bakubise kugeza apfuye ku manywa y’ihangu mu kabari kari ku muhanda w’I Kabuga, dosiye yabo yamaze gushyikirizwa ubushinjacyaha . Uwishwe ni Emmanuel Muhizi, bivugwa ko yapfuye nyuma yo gukubitirwa mu kabari k’i Kabuga, mu nkengero za Kigali. Nk’uko byatangajwe n’umuvugizi […]

Zambia: Imirambo 27 y’abimukira bikekwa ko baturutse muri Ethiopia yasanzwe ku muhanda

Kuri iki Cyumweru, abapolisi ba Zambia basanze imirambo y’abagabo 27, bikekwa ko ari abimukira baturutse muri Ethiopia, bajugunywe mu gace k’ubuhinzi kari mu nkengero z’umurwa mukuru nyuma yo gupfa bazize inzara n’umunaniro, nk’uko abayobozi babitangaje . Polisi yavuze ko uwacitse ku icumu wenyine yabonetse ari muzima mu rukerera rwo ku Cyumweru maze ajyanwa mu bitaro […]

Muhizi killer suspects’ case submitted to prosecution

Three suspects arrested last week in connection to the case of a truck driver they allegedly beat to death in broad daylight at a roadside bar in Kigali now face prosecution. The deceased, Emmanuel Muhizi, is said to have succumbed to injuries after he was beaten in a bar in Kabuga, a Kigali suburb. According […]

Royal Air Maroc igiye gukora ingendo 30 ijyana abafana gushyigikira ikipe yabo muri Qatar

Sosiyete y’indege ya Royal Air Maroc irakora ingendo 30 zidasanzwe zo gutwara abakunzi b’umupira w’amaguru bava I Casablanca berekeza Doha gushyigikira ikipe y’igihugu cyabo mu mukino wa kimwe cya kabiri cy’Igikombe cy’Isi uzabahuza n’u Bufaransa nk’uko iyi sosiyete yabitangaje kuri uyu wa Mbere . Ivuga ko indege zizahaguruka ku wa Kabiri no ku wa Gatatu […]

Ukraine: Abacanshuro ba Wagner Group biciwe mu gitero cyagabwe kuri hotel bari bacumbitsemo

Abacanshuro bakorera Ikigo cy’Abarusiya, Wagner Group biciwe mu gitero cyagabwe n’ingabo za Ukraine kuri hotel aho benshi bari bakambitse mu mujyi wo mu karere ka Luhansk kigaruriwe n’u Burusiya nk’uko byatangajwe na Guverineri w’akarere ka Ukraine . Ku Cyumweru, Guverineri wa Luhansk uri mu buhungiro, Serhiy Haidai, mu kiganiro yagiranye na televiziyo ya Ukraine yavuze […]

Nyuma ya USA, u Bwongereza na bwo bwafatiye ibihano Gen. Kale Kayihura

Leta y’u Bwongereza ku Cyumweru tariki ya 11 Ukuboza yafatiye ibihano Gen. Kale Eduard Kayihura wahoze ari Umuyobozi Mukuru wa Polisi ya Uganda. Gen. Kayihura uheruka kujya mu kiruhuko cy’izabukuru, u Bwongereza bwamuhaniye icyo bwise “kugenzura imitwe myinshi itandukanye yagize uruhare mu guhonyora uburenganzira bwa muntu, harimo [gukora] iyicarubozo ndetse n’ibindi bihano by’ubugome, bya kinyamaswa […]

Gicumbi: Umugore akurikiranweho gusambanya umuhungu w’imyaka 13 akamwanduza imitezi

Ubushinjacyaha ku rwego Rwisumbuye rwa Gicumbi, kuwa 07 Ukuboza 2022 bwagejeje imbere y’Urukiko Rwisumbuye rwa Gicumbi umugore wo mu Karere ka Gicumbi, Umurenge wa Muko, Akagari ka Rebero, Umudugudu wa Kirara, ku cyaha cyo gusambanya umwana w’umuhungu w`imyaka 13 akanamwanduza imitezi. Icyo cyaha yagikoze mu kwezi kwa 8/2022, ubwo yatangiraga umwana avuye guhaha, akamukurura akamujyana […]

Kagame na Blinken ntibumvikanye, Dr Iyamuremye yareguye, Maj. Ngoma wafatiwe ibihano: inkuru z’icyumweru

Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 5 Ukuboza 2022 cyaranzwe n’inkuru nyamukuru zerekeye kuri politiki n’umutekano. Harimo ko: Perezida wa sena yareguye Uwari Perezida w’umutwe wa sena mu nteko ishinga amategeko y’u Rwanda, Dr Iyamuremye Augustin, yeguye kuri iyi nshingano kubera impamvu y’uburwayi. Ibaruwa y’ubwegure bwe yayigejeje kuri ba visi perezida ba sena ndetse n’abasenateri muri […]

Ntabwo twegura imbunda zacu ngo tujye aho tubonye- Prof. Nshuti Manasseh

Umunyamabaga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga ushinzwe Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, Prof Nshuti Manasseh, yavuze ko u Rwanda rutajya rwikamata ngo rutabare mu gihugu runaka, hatabayeho gusesengura umuzi w’ikibazo kugira ngo ibikorwa byarwo bizatange umuti ku kibazo muzi. Ibi Prof Nshuti yabitangaje kuri uyu wa Gatanu i Abu Dhabi ubwo hafungurwaga inama ya 15 […]