Umushumba wa Paruwasi ya Remera mu itorero rya Angilikani, Rev. Pasiteri Antoine Rutayisire yavuze ko barambiwe kubona ibikorwa by’ukukozasoni (pornography) mu nsengero.
Yabivugiye mu iteraniro kuri uyu wa 9 Mutarama 2022 ubwo yagezaga inyigisho ku bitegura gushyingirwa.
Yabasabye ibintu bitatu: kubahiriza igihe, kubivuga hakiri kare mu gihe bahagaritse umugambi wo gushyingirwa, icya gatatu avuga ko gikomeye kurusha ibindi byose ni ukwita ku myambarire.
Kuri iki ngiki nk’uko byumvikana amashusho ari kuri Ukwezi TV, yagize ati: “Abakirisito murambabarira kuko ngiye gukoresha amagambo ubundi ntakoresha hano. Imyambarire y’abageni. Turambiwe kureba pornography mu rusengero. Umukobwa araza, akaza yambaye bwa buntu buri decorté, wamubwira ngo azamure akaboko, ibere ryose rigasohokamo, ukamubona uko yavutse.
Yasatuye, ageze aho itako ritereye, yatera intambwe, ugasanga ara-struggl-inga. Noneho ukongeraho na bamwe badakingira n’ibyo bambariyeho. Ibyo ni ibintu turimo kubona hano.”
Yakomeje ati: “Ngaho imagine umuntu waje nta n’icyo yambariyeho, akageza hano. Iyo ateye intambwe…” asaba ko byibuze aba bakobwa bajya basatura bakageza ku ivi, rikaba ari ryo rigaragara. Ati: “Nutera ivi, wenda nzabone itako. Erega amaso yacu yabonye byinshi!”
Pasiteri Rutayisire yavuze ko abakobwa bazajya baherekeza abitegura gushyingirwa, batazongera kwemererwa kwinjira mu rusengero mu gihe bafite amakanzu asatuye kurenza amavi.



26 Responses
Turambiwe kureba ‘pornography’ mu rusengero_Pasiteri Rutayisire
Ubundi se ko amatorero ya gikristo ko ariyo yakabaye agira uruhare mugutoza imyitwarire myiza abantu,none ubu akaba yaratereye iyo,abakristo bakaba nk’abandi bose mumivugire,mumigenzereze no mumyambarire,icyabuze ni iki ngo itorero risubire k’umurongo ryahozeho wo kuba intangarugero?
Abajya munsengero bakwiriye kuba batandukanye n’ab atajyayo(babandi bo bateranira mutubari n’utubyiniro). Niba atari ibyo,amatorero hafi ya yose yo muri ikigihe,abayayoboye bashobora kuzaba nka bamwe Yesu yavuze ko bazabona ishyano kuko babuza kwinjira n’abashakaga kuza.
Turambiwe kureba ‘pornography’ mu rusengero_Pasiteri Rutayisire
Ubundi se ko amatorero ya gikristo ko ariyo yakabaye agira uruhare mugutoza imyitwarire myiza abantu,none ubu akaba yaratereye iyo,abakristo bakaba nk’abandi bose mumivugire,mumigenzereze no mumyambarire,icyabuze ni iki ngo itorero risubire k’umurongo ryahozeho wo kuba intangarugero?
Abajya munsengero bakwiriye kuba batandukanye n’ab atajyayo(babandi bo bateranira mutubari n’utubyiniro). Niba atari ibyo,amatorero hafi ya yose yo muri ikigihe,abayayoboye bashobora kuzaba nka bamwe Yesu yavuze ko bazabona ishyano kuko babuza kwinjira n’abashakaga kuza.
Turambiwe kureba ‘pornography’ mu rusengero_Pasiteri Rutayisire
Urakoze ndaryoshya unshimiye ahandyaga,barinda bagera aho barambirwa kurebera pornography, munzu y’Imana, ntibashyiriweho kurinda itorero ry’imana? Ikizira kinjiyemo bareba he? Mbere yo kurwana no kugisohora?sibo babanje gusinzira? Iyo bahagarara nkabagabo ba kristo bagabiwe umurimo ibi byose byajyaga kubaho munzu y’Imana?
Turambiwe kureba ‘pornography’ mu rusengero_Pasiteri Rutayisire
Urakoze ndaryoshya unshimiye ahandyaga,barinda bagera aho barambirwa kurebera pornography, munzu y’Imana, ntibashyiriweho kurinda itorero ry’imana? Ikizira kinjiyemo bareba he? Mbere yo kurwana no kugisohora?sibo babanje gusinzira? Iyo bahagarara nkabagabo ba kristo bagabiwe umurimo ibi byose byajyaga kubaho munzu y’Imana?
Turambiwe kureba ‘pornography’ mu rusengero_Pasiteri Rutayisire
Urakoze ndaryoshya unshimiye ahandyaga,barinda bagera aho barambirwa kurebera pornography, munzu y’Imana, ntibashyiriweho kurinda itorero ry’imana? Ikizira kinjiyemo bareba he? Mbere yo kurwana no kugisohora?sibo babanje gusinzira? Iyo bahagarara nkabagabo ba kristo bagabiwe umurimo ibi byose byajyaga kubaho munzu y’Imana?
Turambiwe kureba ‘pornography’ mu rusengero_Pasiteri Rutayisire
Urakoze ndaryoshya unshimiye ahandyaga,barinda bagera aho barambirwa kurebera pornography, munzu y’Imana, ntibashyiriweho kurinda itorero ry’imana? Ikizira kinjiyemo bareba he? Mbere yo kurwana no kugisohora?sibo babanje gusinzira? Iyo bahagarara nkabagabo ba kristo bagabiwe umurimo ibi byose byajyaga kubaho munzu y’Imana?
Turambiwe kureba ‘pornography’ mu rusengero_Pasiteri Rutayisire
Ibyo no ukuri kuko birabsbaje! Nibibe umuco muri Anglican hose pe
Turambiwe kureba ‘pornography’ mu rusengero_Pasiteri Rutayisire
Ibyo no ukuri kuko birabsbaje! Nibibe umuco muri Anglican hose pe
Turambiwe kureba ‘pornography’ mu rusengero_Pasiteri Rutayisire
Ndagushimye
Turambiwe kureba ‘pornography’ mu rusengero_Pasiteri Rutayisire
Ndagushimye
Turambiwe kureba ‘pornography’ mu rusengero_Pasiteri Rutayisire
Pastor ndagushimiye nivuye inyuma, icyampa ibyo uvuze bikazashyirwa mu bikorwa. Kera ku rusengero higirwaga indangagaciro ariko ubu naho byaranze, ahari ahera harahindanye bityo n’abatahakwiye barahinjira. Mugaruke ku isoko
Turambiwe kureba ‘pornography’ mu rusengero_Pasiteri Rutayisire
Pastor ndagushimiye nivuye inyuma, icyampa ibyo uvuze bikazashyirwa mu bikorwa. Kera ku rusengero higirwaga indangagaciro ariko ubu naho byaranze, ahari ahera harahindanye bityo n’abatahakwiye barahinjira. Mugaruke ku isoko
Turambiwe kureba ‘pornography’ mu rusengero_Pasiteri Rutayisire
Pastor ndagushimiye nivuye inyuma, icyampa ibyo uvuze bikazashyirwa mu bikorwa. Kera ku rusengero higirwaga indangagaciro ariko ubu naho byaranze, ahari ahera harahindanye bityo n’abatahakwiye barahinjira. Mugaruke ku isoko
Turambiwe kureba ‘pornography’ mu rusengero_Pasiteri Rutayisire
yewe urusengero barugize nkiwabope
Turambiwe kureba ‘pornography’ mu rusengero_Pasiteri Rutayisire
yewe urusengero barugize nkiwabope
Turambiwe kureba ‘pornography’ mu rusengero_Pasiteri Rutayisire
Pastor ndagushimiye nivuye inyuma, icyampa ibyo uvuze bikazashyirwa mu bikorwa. Kera ku rusengero higirwaga indangagaciro ariko ubu naho byaranze, ahari ahera harahindanye bityo n’abatahakwiye barahinjira. Mugaruke ku isoko
Turambiwe kureba ‘pornography’ mu rusengero_Pasiteri Rutayisire
Naba nabo.Uzi abadukanye imyambaro ishushyanya uko bateye kose! Arambara ninkovu yaho bamubaze abyara ikishushyanya
Turambiwe kureba ‘pornography’ mu rusengero_Pasiteri Rutayisire
Naba nabo.Uzi abadukanye imyambaro ishushyanya uko bateye kose! Arambara ninkovu yaho bamubaze abyara ikishushyanya
Turambiwe kureba ‘pornography’ mu rusengero_Pasiteri Rutayisire
Pastor Rutayisire ,Imana imuhe umugisha kuko nubwo iyi ngingo y’imyifatire yarangaweho mu matorero yose,ubu nicyo gihe Imana ishimye kumucishamo ubu butumwa.Rutayisire abiciye mu Itorero ashinzwe kuko ayoboye paroisses nyinshi,twizera ko hose azahatanga aya mabwiriza meza.Anglican yose izareberaho ndetse n’andi matorero.Gusa ni ukwita n’aho bipfira,kuko usanga irari rya bamwe mu bitwa Abashumba mu nsengero,ritiza umurindi bamwe kwifata uko bishakiye,cyane igitsina gore,kdi ibi byafasha na Leta kugarura Umuco nyarwanda mu bantu.Ariko kwambara bakikwiza niwo muco.Gusatura bageza mu mavi n’ubundi ni ukugumana wa mwanzi uboshya gusatagura imyenda.Njye nzaza gukora Protocole yo kubasubiza hanze rwose,ariko imyambarire irebe ibihe byose no muri Services z’amateraniro aho mu nsengero kuko nubundi iyo muri kuri za Arthal mwirirwa mureba za films mu bakristo.
Turambiwe kureba ‘pornography’ mu rusengero_Pasiteri Rutayisire
Pastor Rutayisire ,Imana imuhe umugisha kuko nubwo iyi ngingo y’imyifatire yarangaweho mu matorero yose,ubu nicyo gihe Imana ishimye kumucishamo ubu butumwa.Rutayisire abiciye mu Itorero ashinzwe kuko ayoboye paroisses nyinshi,twizera ko hose azahatanga aya mabwiriza meza.Anglican yose izareberaho ndetse n’andi matorero.Gusa ni ukwita n’aho bipfira,kuko usanga irari rya bamwe mu bitwa Abashumba mu nsengero,ritiza umurindi bamwe kwifata uko bishakiye,cyane igitsina gore,kdi ibi byafasha na Leta kugarura Umuco nyarwanda mu bantu.Ariko kwambara bakikwiza niwo muco.Gusatura bageza mu mavi n’ubundi ni ukugumana wa mwanzi uboshya gusatagura imyenda.Njye nzaza gukora Protocole yo kubasubiza hanze rwose,ariko imyambarire irebe ibihe byose no muri Services z’amateraniro aho mu nsengero kuko nubundi iyo muri kuri za Arthal mwirirwa mureba za films mu bakristo.
Turambiwe kureba ‘pornography’ mu rusengero_Pasiteri Rutayisire
Nubwo ubivuze utinze Ntacyo bitwaye. Bitarenze abayobozi b’amatorero benshi babaye nka Eli ntà guhana nta gucyaha.
Nyabuneka nimuheshe Imana icyubahiro cyayo mugaragaze indangagaciro za gikiristo.
Nimubatabikora muzabibazwa.
Turambiwe kureba ‘pornography’ mu rusengero_Pasiteri Rutayisire
Nubwo ubivuze utinze Ntacyo bitwaye. Bitarenze abayobozi b’amatorero benshi babaye nka Eli ntà guhana nta gucyaha.
Nyabuneka nimuheshe Imana icyubahiro cyayo mugaragaze indangagaciro za gikiristo.
Nimubatabikora muzabibazwa.
Turambiwe kureba ‘pornography’ mu rusengero_Pasiteri Rutayisire
Abashumba mu itorero barasinziriye.
Uretse nabo baba bari mubukwe Kera nabonaga umuririmbyi wambaye imyamyaro nkiyo ikojeje isoni mbere y’uko Choral iririmba umushumba avuga ATI” uriya nasubire kwicara akebeye impunguro” none ubu murusengero araza bakaritimba twese tureba, umushumba yafata ijambo nimumfashe dushimire Choral yaririmbye neza. Rwose birakwiye ko itorero Anglican risubira kurufatiro rwa Kristo.
Turambiwe kureba ‘pornography’ mu rusengero_Pasiteri Rutayisire
Abashumba mu itorero barasinziriye.
Uretse nabo baba bari mubukwe Kera nabonaga umuririmbyi wambaye imyamyaro nkiyo ikojeje isoni mbere y’uko Choral iririmba umushumba avuga ATI” uriya nasubire kwicara akebeye impunguro” none ubu murusengero araza bakaritimba twese tureba, umushumba yafata ijambo nimumfashe dushimire Choral yaririmbye neza. Rwose birakwiye ko itorero Anglican risubira kurufatiro rwa Kristo.
Turambiwe kureba ‘pornography’ mu rusengero_Pasiteri Rutayisire
Murakoze cyane Rév. abashumba Bose birakwiye ko bagira iki gitekerezo cyo kubaka itorero rizima rifite indangagaciro.
Turambiwe kureba ‘pornography’ mu rusengero_Pasiteri Rutayisire
Murakoze cyane Rév. abashumba Bose birakwiye ko bagira iki gitekerezo cyo kubaka itorero rizima rifite indangagaciro.