U Bwongereza bwatekereje ku bimukira baryamana bahuje ibitsina mbere yo kubohereza mu Rwanda

Sangiza iyi nkuru

Guverinoma y’u Bwongereza yatekereje by’umwihariko ku baryamana bahuje ibitsina, abihinduza ibitsina n’abandi bahuriye mu muryango wa LGBTQI+ barebwa n’amasezerano ibihugu byombi biherutse kugirana.

Muri raporo y’isuzuma u Bwongereza bwakoze, bwagaragaje ko butekereza ku buryo aba bimukira bashobora kuzafatwa mu gihe bazaba barageze mu Rwanda nk’igihugu kidafite amategeko yihariye abarengera.

Muri iyi raporo yasohotse kuri uyu wa 9 Gicurasi 2022 Bwiza.com ifitiye kopi, Minisiteri y’umutekano w’imbere mu Bwongereza yagaragaje ko ifite impungenge ku buryo aba bantu bazafatwa, yakomeje ko isobanura ko ikomeje kubikoraho inyigo, mu bufatanye n’u Rwanda.

Umunyamabanga w’u Bwongereza ushinzwe umutekano w’imbere, Priti Patel, kuri uyu wa 9 Gicurasi 2022 yari yatangaje ko guverinoma iteganya muri iki cyumweru kumenyesha itsinda rya mbere ry’abaryamana bahuje ibitsina gahunda yo kubohereza mu Rwanda.

Soma Izindi Nkuru

16 Responses

  1. U Bwongereza bwatekereje ku bimukira baryamana bahuje ibitsina mbere yo kubohereza mu Rwanda
    Shaka umuntu atera inkuru kandi ukunda abandi

  2. U Bwongereza bwatekereje ku bimukira baryamana bahuje ibitsina mbere yo kubohereza mu Rwanda
    Shaka umuntu atera inkuru kandi ukunda abandi

  3. U Bwongereza bwatekereje ku bimukira baryamana bahuje ibitsina mbere yo kubohereza mu Rwanda
    Shaka umuntu atera inkuru kandi ukunda abandi

  4. U Bwongereza bwatekereje ku bimukira baryamana bahuje ibitsina mbere yo kubohereza mu Rwanda
    Shaka umuntu atera inkuru kandi ukunda abandi

  5. U Bwongereza bwatekereje ku bimukira baryamana bahuje ibitsina mbere yo kubohereza mu Rwanda
    Haya, birangiye se uwo mwana ari twe muwuzaniye?

  6. U Bwongereza bwatekereje ku bimukira baryamana bahuje ibitsina mbere yo kubohereza mu Rwanda
    Haya, birangiye se uwo mwana ari twe muwuzaniye?

  7. U Bwongereza bwatekereje ku bimukira baryamana bahuje ibitsina mbere yo kubohereza mu Rwanda
    U Rwanda ntirwakagombye kwemera igihe na importation y’umuco w’ubutinganyu.Abo Ubwongereza bwagombye kubagumana.

  8. U Bwongereza bwatekereje ku bimukira baryamana bahuje ibitsina mbere yo kubohereza mu Rwanda
    U Rwanda ntirwakagombye kwemera igihe na importation y’umuco w’ubutinganyu.Abo Ubwongereza bwagombye kubagumana.

  9. U Bwongereza bwatekereje ku bimukira baryamana bahuje ibitsina mbere yo kubohereza mu Rwanda
    Niyenumva batakababanga miye bakagombye kurekerwa uburenganzira bwabo kukoburiwese agira icyakunze

  10. U Bwongereza bwatekereje ku bimukira baryamana bahuje ibitsina mbere yo kubohereza mu Rwanda
    Niyenumva batakababanga miye bakagombye kurekerwa uburenganzira bwabo kukoburiwese agira icyakunze

  11. U Bwongereza bwatekereje ku bimukira baryamana bahuje ibitsina mbere yo kubohereza mu Rwanda
    abo batinganyi rwose babagumane ,ko numva wagirango bazatujonjorera abafite inenge

  12. U Bwongereza bwatekereje ku bimukira baryamana bahuje ibitsina mbere yo kubohereza mu Rwanda
    abo batinganyi rwose babagumane ,ko numva wagirango bazatujonjorera abafite inenge

  13. U Bwongereza bwatekereje ku bimukira baryamana bahuje ibitsina mbere yo kubohereza mu Rwanda
    Kubera ko abo bantu baba bagomba kwitabwaho mu bulyo bwihariye, amafaranga abatangwaho nayo yagombye kwongerwa!

  14. U Bwongereza bwatekereje ku bimukira baryamana bahuje ibitsina mbere yo kubohereza mu Rwanda
    Kubera ko abo bantu baba bagomba kwitabwaho mu bulyo bwihariye, amafaranga abatangwaho nayo yagombye kwongerwa!

  15. U Bwongereza bwatekereje ku bimukira baryamana bahuje ibitsina mbere yo kubohereza mu Rwanda
    nibyo nibafashwe kandi murwanda bazabona abo bashakana pee

  16. U Bwongereza bwatekereje ku bimukira baryamana bahuje ibitsina mbere yo kubohereza mu Rwanda
    nibyo nibafashwe kandi murwanda bazabona abo bashakana pee

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *