Guverinoma y’u Rwanda n’iya Mozambique zashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye mu rwego rw’ubutabera, arimo guhererekanya abakurikiranyweho ibyaha.
Minisitiri w’ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta y’u Rwanda, Ugirashebuja Emmanuel hamwe na mugenzi we wo muri Mozambique, Helena Matheus Kida ni bo basinye aya masezerano, bahagarariye ibihugu byabo.
Aya masezerano ashyizweho umukono nyuma y’iminsi itatu ishize Minisitiri Kida n’itsinda ayobowe rigeze mu Rwanda, mu ruzinduko rw’akazi.
Ifoto: RBA



2 Responses
U Rwanda na Mozambique byagiranye amasezerano yo guhererekanya abanyabyaha
Ubwo Mozambike igiye kubuza amahoro ingorwa z’impunzi zari ziriyo ishyigikira umugambi mubisha wo kurimbura ikitwa umuhutu aho ari hose. Mpunzi muhari nimutirwanaho murashira, mushake abanyamategeki mushoze urubanza naho ubundi rwabujindiri arabakanda ubugabo abujanjagure
U Rwanda na Mozambique byagiranye amasezerano yo guhererekanya abanyabyaha
Ubwo Mozambike igiye kubuza amahoro ingorwa z’impunzi zari ziriyo ishyigikira umugambi mubisha wo kurimbura ikitwa umuhutu aho ari hose. Mpunzi muhari nimutirwanaho murashira, mushake abanyamategeki mushoze urubanza naho ubundi rwabujindiri arabakanda ubugabo abujanjagure