Ubuzima bwa Mwarabu urinda Diamond buri mu kaga nyuma yo gukora impanuka

Sangiza iyi nkuru

Umusore w’ibigango, Seleman Mirundi, uzwi ku izina rya  Mwarabu fighter, urinda umuhanzi Diamond, yakoze impanuka none ubuzima bwe buri mu kaga.

Ikinyamakuru Kenyan E Daily  gitangaza ko yakoze impanuko ikomeye, akubita umutwe hasi  ajyanwa mu bitaro bya Leta bya Muhimbili (National referral hospital) biri mu Mujyi wa Dar es Salaam muri Tanzania.

N’ubwo kidatangaza icyamuteye impanuka, kivuga ko ubwo yamaraga kuyikora yajyanwe mu bitaro bya Lugalo nyuma yoherezwa mu bya Muhimbili aho arimo kwitabwaho n’abaganga.

Mwarabu Fighter ni umugabo w’ibigango urinda Diamond aho ari hose, akaba yaranigeze kugaragara adakura ijisho kuri Zari ubu watandukanye na Diamond, amurinze.

mwarabu
Mwarabu arinze Diamond
Mw
Mwarabu afite umugore n’abana

Amafoto ya Mwarabu mu myitozo:

t1
Ntabwo hatangajwe niba Mwarabu yakoze impanuka ari mu myitozo cyangwa niba ari iy’ibinyabiziga

t2 t4 t5

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *