ukraine-20102024-01-1729433191

Ukraine yibasiye uruganda rw’ibiturika mu Burusiya

Sangiza iyi nkuru

Ukraine ivuga ko yagabye igitero kinini cya misile n’igitero cy’indege ku ruganda rukora ibiturika (explosives) mu Karere ka Bryansk mu Burusiya ivuga ko ari ingenzi cyane mu nganda z’intambara za Moscou.

Igisirikare cya Kyiv cyavuze ko misile za Storm Shadow zanyuze ku bwirinzi bw’ikirere by’u Burusiya, nubwo ibyagezweho muri iki gitero bikiri gusuzumwa.

SCALP EG 1024x700 1

Hagati aho nk’uko bitangazwa na DW, Perezida wa Ukraine, Volodymr Zelenskyy, ategerejwe muri Suede aho agomba kuganira ku masezerano ku bikoresho bya gisirikare.

 

Depositphotos 672432840 S
Missiles za Storm Shadow, zakozwe n’u Bufaransa bufatanyije n’u Bwongereza, ni missiles zirasirwa mu kirere zo mu bwoko bwa cruise missile ziraswa mu ntera ndende zakozwe na Matra na British Aerospace kuva mu 1994.

hq720 2

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *