Umucuruzi witwa James Rugemalira yarekuwe na Leta ya Tanzania nyuma y’aho umushinjacyaha mukuru, amuhanaguyeho ibyaha.
Mu kwezi kwa Kamena 2017, Rugemalira na mugenzi we Seth, bagejejwe mu rukiko bashinjwa ibyaha bitandatu bifitanye isano n’ubucuruzi bukozwe bunyuranyije n’amategeko. Mu byaha bashinjwaga, harimo ko aba bacuruzi bahombeje Leta Tsh Miliyari 358. Kurikira ibiganiro n’amavidewo binyura kuri Bwiza TV


