Umufotozi yamaze amasaha abiri arangariye Gasumbashyamba yabyaraga- REBA AMAFOTO

Sangiza iyi nkuru

Umufotozi witwa Richard Lane w’imyaka 46 y’amavuko avuga ko yamaze amasaha abiri ahanze amaso kuri Gasumbashyamba (giraffe) yabyaraga.

Ni Gasumbashyamba yo muri pariki ya Masai Mara muri Kenya. Richard avuga ko bwari ubwa mbere abonye iyi nyamaswa ibyara.

Yagize ati “Yari amahirwe kuri njye ya mbere yo kubona iki gikorwa cy’umwimerere gishamaje”.

Nk’uko DM ibitangaza, ngo Richard yakomeje kwitegereza na nyuma ubwo iyi nyamaswa yari imaze kugeza hasi icyana cyayo. Mu isaha imwe ngo nacyo cyatangiye guhaguruka ku maguru ane, gitambuka hafi ya nyina yari ikomeje kugikomba.

A1A2A3 A4

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *