Umugabo wanjye tumaranye imyaka 8 tubana, dufitanye abana babiri, twiyemeje ko tuzabyara undi umwe ariko ndabona arimo kuntera umubabaro cyane.
Nkurikije ubutumwa bwcishijwe hano, ari umudamu uvuga ko na we umugabo we atakimwikoza kubera umubyibuho, rwose byatumye nanjye ngisha inama, kuko ubu nanjye ntabwo akinyikoza.
Ntuye mu mujyi wa Kigali, rwose ubu ibiro byambanye byinshi bigera hafi 90, umugabo wanjye usanga avuga ko muvuna, ngo nazanye inda, ngo umubyibuho wanjye umutera imvune iyo turimo gukora imibonano.
Rwose pe, nasomye ubutumwa bwa mugenzi wanjye, ngira ngo ni njyewe neza neza, ubu rwose ndaryama nkumva ndanamushaka cyaneeee, ariko kugira ngo ampindukirire bikaba ikibazo.
Nageze aho ndanamubwira nti, nukomeza kumbabaza nanjye nzashaka umusore ninshake nzajye namwishyura ariko ankemurire ikibazo’ icyo gihe nabonye yikanze amara iminsi yuzuza inshingano.
Muri iyi minsi rwose, ndabona atarimo kunyikoza, birambabaza, ababizi murabizi, umubiri urakurya ukumva birarenze kandi uryamanye n’umugabo iruhande rwawe, mungire inama, kuko nkeka ko yigira mu bandi bakobwa n’abakore abona batamugoye.



32 Responses
Umugabo andisha umubiri, mbabazwa n'uko atakinyikoza mu buriri ngo narabyibushye- Nkore iki?
mu byukuri umubyibuho ukabijeurimubituma gutera akabariro neza gusa ariko inama na kugira gerageza ukore siporo unankwe amazi menshi bizatuma nuba utangiye kugarura type umugabo akwifuza kandi a
kagushyigikira mu byo urimo naho gusenya si byiza sibyo
Umugabo andisha umubiri, mbabazwa n'uko atakinyikoza mu buriri ngo narabyibushye- Nkore iki?
Nibyo kora sporo ureke ibyurimo,ukwiye kubabazwa nibyo akubwira ugahangayikishwa n,ibiro byawe ugakora effort ngo bigabanuke byaba ngombwa akagufasha kuyikora kugirango akumotive naho kumubwira ibyo kuzana umusore wongukemura ibibazo byatuma ajya kure yawe kuruta
Umugabo andisha umubiri, mbabazwa n'uko atakinyikoza mu buriri ngo narabyibushye- Nkore iki?
Nibyo kora sporo ureke ibyurimo,ukwiye kubabazwa nibyo akubwira ugahangayikishwa n,ibiro byawe ugakora effort ngo bigabanuke byaba ngombwa akagufasha kuyikora kugirango akumotive naho kumubwira ibyo kuzana umusore wongukemura ibibazo byatuma ajya kure yawe kuruta
Umugabo andisha umubiri, mbabazwa n'uko atakinyikoza mu buriri ngo narabyibushye- Nkore iki?
mu byukuri umubyibuho ukabijeurimubituma gutera akabariro neza gusa ariko inama na kugira gerageza ukore siporo unankwe amazi menshi bizatuma nuba utangiye kugarura type umugabo akwifuza kandi a
kagushyigikira mu byo urimo naho gusenya si byiza sibyo
Umugabo andisha umubiri, mbabazwa n'uko atakinyikoza mu buriri ngo narabyibushye- Nkore iki?
Muvandi kora siporo,kndi ufate amazi menshi,gabanya kurya indyo ziganjemo amavuta,gabanya kurya umugati,ugabanye isukari,fata isaaha fatizo ugomba gufatiraho amafunguro.fata ikirahure cyamazi yakazuyaze arimo indimu burigitondo ,nubona umwanya ubikore byibuze gatatu kumunsi.uzatakaza ibiro kndi ugabanye nibinure byinda.
Umugabo andisha umubiri, mbabazwa n'uko atakinyikoza mu buriri ngo narabyibushye- Nkore iki?
Muvandi kora siporo,kndi ufate amazi menshi,gabanya kurya indyo ziganjemo amavuta,gabanya kurya umugati,ugabanye isukari,fata isaaha fatizo ugomba gufatiraho amafunguro.fata ikirahure cyamazi yakazuyaze arimo indimu burigitondo ,nubona umwanya ubikore byibuze gatatu kumunsi.uzatakaza ibiro kndi ugabanye nibinure byinda.
Umugabo andisha umubiri, mbabazwa n'uko atakinyikoza mu buriri ngo narabyibushye- Nkore iki?
Gerageza ujye ukora sports za buri munsi urebe ko umubiri wagabanuka. Niba aricyo gituma atagukemurira ikibazo azakugarukira. Naho ubundi umwanziro si ugusenya rwose.
Umugabo andisha umubiri, mbabazwa n'uko atakinyikoza mu buriri ngo narabyibushye- Nkore iki?
Gerageza ujye ukora sports za buri munsi urebe ko umubiri wagabanuka. Niba aricyo gituma atagukemurira ikibazo azakugarukira. Naho ubundi umwanziro si ugusenya rwose.
Umugabo andisha umubiri, mbabazwa n'uko atakinyikoza mu buriri ngo narabyibushye- Nkore iki?
Umubiri koko uraryana. None nasaba uyu mugabo akageregeza agatera akabariro uko ashoboye bitazavamo gutana ngo washatse umujeune ubigukorera.
Umugabo andisha umubiri, mbabazwa n'uko atakinyikoza mu buriri ngo narabyibushye- Nkore iki?
Umubiri koko uraryana. None nasaba uyu mugabo akageregeza agatera akabariro uko ashoboye bitazavamo gutana ngo washatse umujeune ubigukorera.
Umugabo andisha umubiri, mbabazwa n'uko atakinyikoza mu buriri ngo narabyibushye- Nkore iki?
Gusenya nibibi kd gushaka umupfubuzi byakubyarira ibindibibi kurushaho amazi nindimu ureke Mamacita bizagufasha nawe ujyumuganiriza ubimusobanurira ntaruhari wabigizemo gucaninyuma nibibi kurwego rwohejuru komeza wihangane
Umugabo andisha umubiri, mbabazwa n'uko atakinyikoza mu buriri ngo narabyibushye- Nkore iki?
Ihangane ntusenye kuko ahubwo kora siporo ufate indimu mumazi y,akazuyazi ubuki nibura utuyiko tubiri mugakombe (3) kumunsi ikindi iyo uvuye muri siporo wirinda guhita ugira icyo ufata ahubwo umywa amazi akonje ikindi uge ufata amatunda ariya bakunda kwita ngo nibipira kenshi gashoboka
Umugabo andisha umubiri, mbabazwa n'uko atakinyikoza mu buriri ngo narabyibushye- Nkore iki?
Ihangane ntusenye kuko ahubwo kora siporo ufate indimu mumazi y,akazuyazi ubuki nibura utuyiko tubiri mugakombe (3) kumunsi ikindi iyo uvuye muri siporo wirinda guhita ugira icyo ufata ahubwo umywa amazi akonje ikindi uge ufata amatunda ariya bakunda kwita ngo nibipira kenshi gashoboka
Umugabo andisha umubiri, mbabazwa n'uko atakinyikoza mu buriri ngo narabyibushye- Nkore iki?
Gusenya nibibi kd gushaka umupfubuzi byakubyarira ibindibibi kurushaho amazi nindimu ureke Mamacita bizagufasha nawe ujyumuganiriza ubimusobanurira ntaruhari wabigizemo gucaninyuma nibibi kurwego rwohejuru komeza wihangane
Umugabo andisha umubiri, mbabazwa n'uko atakinyikoza mu buriri ngo narabyibushye- Nkore iki?
Gusenya nibibi kd gushaka umupfubuzi byakubyarira ibindibibi kurushaho amazi nindimu ureke Mamacita bizagufasha nawe ujyumuganiriza ubimusobanurira ntaruhari wabigizemo gucaninyuma nibibi kurwego rwohejuru komeza wihangane
Umugabo andisha umubiri, mbabazwa n'uko atakinyikoza mu buriri ngo narabyibushye- Nkore iki?
Gusenya nibibi kd gushaka umupfubuzi byakubyarira ibindibibi kurushaho amazi nindimu ureke Mamacita bizagufasha nawe ujyumuganiriza ubimusobanurira ntaruhari wabigizemo gucaninyuma nibibi kurwego rwohejuru komeza wihangane
Umugabo andisha umubiri, mbabazwa n'uko atakinyikoza mu buriri ngo narabyibushye- Nkore iki?
Kora sport kbsa naho ibindi ntabisubizo birimo
Umugabo andisha umubiri, mbabazwa n'uko atakinyikoza mu buriri ngo narabyibushye- Nkore iki?
Kora sport kbsa naho ibindi ntabisubizo birimo
Umugabo andisha umubiri, mbabazwa n'uko atakinyikoza mu buriri ngo narabyibushye- Nkore iki?
Nguhe umuti wo kunanuka ujye ubyuka mugitondo nta kindi kintu urafata unywe amazi y’akazuyazi wakandiyemo indimu yose udasibye na rimwe kandi unareke burundu isukari uzambwira résultats ,
Umugabo andisha umubiri, mbabazwa n'uko atakinyikoza mu buriri ngo narabyibushye- Nkore iki?
Urababaje muvandimwe. Ariko winyura iyogusenya reka reka.
1) Fata amashu uyakate uyatogosanye na karoti ushyiremo akunyu gake, nta mavuta. Nibishya ubusye nk’ukora potage. Ugabanye ibiryo wihate iyo supu ariko cyane saa sita na nijoro.
2) Amazi ariko indimu nayo mu gitondo ariko indimu uyikatiramo n’ibishishwa byayo. Uyafate buri munsi mu gitondo na nijoro isaha 1 mbere yo kuryama.
3) Niba hari imiti yo kubobeza urubyaro wafashe sanga Dr wawe umubaze niba nayo itaba igutera kubyibuha.
4) Gerageza gukora imirimo yo mu rugo naho sport burya ikomeza amagufa ibilo bikiyongera kd ukanarya cyane, ahubwo ku mugoroba jya ukora marche wihuta ariko utiruka.
5) Gerageza kutarenganya umugabo wawe kuko buriya yarabangamiwe kd nawe ntekereza ko bimubabaza kubona atakumariraho amarangamutima ye.
Amahirwe menshi
Umugabo andisha umubiri, mbabazwa n'uko atakinyikoza mu buriri ngo narabyibushye- Nkore iki?
Urababaje muvandimwe. Ariko winyura iyogusenya reka reka.
1) Fata amashu uyakate uyatogosanye na karoti ushyiremo akunyu gake, nta mavuta. Nibishya ubusye nk’ukora potage. Ugabanye ibiryo wihate iyo supu ariko cyane saa sita na nijoro.
2) Amazi ariko indimu nayo mu gitondo ariko indimu uyikatiramo n’ibishishwa byayo. Uyafate buri munsi mu gitondo na nijoro isaha 1 mbere yo kuryama.
3) Niba hari imiti yo kubobeza urubyaro wafashe sanga Dr wawe umubaze niba nayo itaba igutera kubyibuha.
4) Gerageza gukora imirimo yo mu rugo naho sport burya ikomeza amagufa ibilo bikiyongera kd ukanarya cyane, ahubwo ku mugoroba jya ukora marche wihuta ariko utiruka.
5) Gerageza kutarenganya umugabo wawe kuko buriya yarabangamiwe kd nawe ntekereza ko bimubabaza kubona atakumariraho amarangamutima ye.
Amahirwe menshi
Umugabo andisha umubiri, mbabazwa n'uko atakinyikoza mu buriri ngo narabyibushye- Nkore iki?
Nguhe umuti wo kunanuka ujye ubyuka mugitondo nta kindi kintu urafata unywe amazi y’akazuyazi wakandiyemo indimu yose udasibye na rimwe kandi unareke burundu isukari uzambwira résultats ,
Umugabo andisha umubiri, mbabazwa n'uko atakinyikoza mu buriri ngo narabyibushye- Nkore iki?
nawe jya ku Kagari
Umugabo andisha umubiri, mbabazwa n'uko atakinyikoza mu buriri ngo narabyibushye- Nkore iki?
nawe jya ku Kagari
Umugabo andisha umubiri, mbabazwa n'uko atakinyikoza mu buriri ngo narabyibushye- Nkore iki?
Kora sport kugira ngo ibiro byawe bigabanuke ureke gutekereza gisenya usha abasore bsgukemurira ikibazo ufite ik’ingenzi Ni uko wamenye impungenge umugabo wawe afite. Musabe kdi agufashe gukora sports kuko uko muyikorana nabyo birushaho kongera kumwiyegereza.
Umugabo andisha umubiri, mbabazwa n'uko atakinyikoza mu buriri ngo narabyibushye- Nkore iki?
Kora sport kugira ngo ibiro byawe bigabanuke ureke gutekereza gisenya usha abasore bsgukemurira ikibazo ufite ik’ingenzi Ni uko wamenye impungenge umugabo wawe afite. Musabe kdi agufashe gukora sports kuko uko muyikorana nabyo birushaho kongera kumwiyegereza.
Umugabo andisha umubiri, mbabazwa n'uko atakinyikoza mu buriri ngo narabyibushye- Nkore iki?
Kora sports nyinshi bizagabanuka
Umugabo andisha umubiri, mbabazwa n'uko atakinyikoza mu buriri ngo narabyibushye- Nkore iki?
Kora sports nyinshi bizagabanuka
Umugabo andisha umubiri, mbabazwa n'uko atakinyikoza mu buriri ngo narabyibushye- Nkore iki?
Uzahamageare kuri iyo numero tukugire inama bizakemuka. 0782796458
Umugabo andisha umubiri, mbabazwa n'uko atakinyikoza mu buriri ngo narabyibushye- Nkore iki?
Uzahamageare kuri iyo numero tukugire inama bizakemuka. 0782796458
Umugabo andisha umubiri, mbabazwa n'uko atakinyikoza mu buriri ngo narabyibushye- Nkore iki?
Nagane Madame Mukakayumba Anastassia ufite ivuriro kicukiro hafi na simba supermarket avura abanje kureba ubwoko bwamaraso ninzobere hamwe n’itsinda rye .yaramvuye mfite ibiro 120 none mfite 77 mugihe cyamezi 6 guza.
Umugabo andisha umubiri, mbabazwa n'uko atakinyikoza mu buriri ngo narabyibushye- Nkore iki?
Nagane Madame Mukakayumba Anastassia ufite ivuriro kicukiro hafi na simba supermarket avura abanje kureba ubwoko bwamaraso ninzobere hamwe n’itsinda rye .yaramvuye mfite ibiro 120 none mfite 77 mugihe cyamezi 6 guza.