Umugabo wanjye akunda ko dutera akabariro mu buryo bumvunnye-umugore w’ i Kigali

Sangiza iyi nkuru

Umugore utuye mu Mujyi wa Kigali utarashatse ko dutangaza amazinaye avuga ko yumva abangamiwe n’umugabo we umuhenesha mu gihe cy’akabariro kuko ngo atabikunda.

Nk’uko bisanzwe, abinyujije kuri info@bwiza.com, uyu mugore uvuga ko afite imyaka 34 akaba afitanye n’umugabo we abana batatu avuga ko ibyo akorerwa n’umugabo we mu gihe cy’igikorwa cy’abashakanye kimubangamiye.

Avuga ko asanga ibyo umugabo we amukoresha ari nk’iby’indaya bityo akabona bimubangamiye nk’umuntu wakiriye agakiza.

Ati “Umugabo wanjye akunda ko dutera akabariro mpennye ariko njye simbikunda. Mbona ari iby’indaya,nkeka ko yaba yarabibonye mu mafilimi y’urukozasoni kuko siko dusanzwe dushimishanya. Birambangamira, mba numva nenda guhera umwuka.”

Uyu mugore avuga ko mu myaka 10 bamaze babana nk’abashakanye, umugabo we yadukanye ubu buryo bwo gutera akabariro, bikaba we bimubangamiye.

Yakomeje asaba inama niba ubu buryo butagira ingaruka  ku buzima bwe cyangwa se bikaba byamusenyera  urugo aramutse ahakaniye umugabo we.

[penci_related_posts dis_pview=”no” dis_pdate=”no” title=”Izindi nkuru wasoma” background=”” border=”” thumbright=”no” number=”4″ style=”list” align=”none” withids=”” displayby=”recent_posts” orderby=”rand”]

N’ubwo bimeze bityo ariko abahanga mu by’imibonano mpuzabitsina (sexologue) bumvikana kenshi bavuga ko ari byiza ko abashakanye bahindura uburyo bwo gutera akabariro. Ibi ngo bituma iki gikorwa gihora kimeze nk’igishya hagati yabo.

 

 

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *