Umugabo wanjye iyo yanyoye inzoga atera akabariro ntarangize nkore iki?

Sangiza iyi nkuru

Ndi umugore wubatse vuba ariko ntabwo nywa inzoga mu gihe umugabo wanjye we asomaho nubwo atari cyane. iyo tugeze mu gikorwa cyo kubaka urugo, umugabo wanjye ntajya arangiza.

Umugabo ashobora no kumara isaha yose kandi njye birambangamira kuko mba narushye kandi ntaba ashaka kurekeraho.

Iyo yagasomyeho ni bwo aba ashaka gukora imibonano mpuzabitsina cyane, kandi iyo atagasomye usanga ataha ahita yiryamira n’iyo abikoze ntarenza iminota ibiri ugasanga nanjye singeze ku byishimo byanjye byanyuma (kurangiza).

Nabuze icyo nkora rwose, iyo atazinyoye rwose mba numva ari byiza n’ubwo amfubya kuko acika intege vuba.

Iyo yasomyeho akaba ari bwo agira intege cyane ku buryo yakwiyongeza n’inshuro zirenga ebyri ariko njye mba nabaye nk’umupfu. Umugabo wanjye kandi ntabwo abyumva ngo aba agira ngo anyereke ko atajya mu bandi bagore ndetse ko ankunda.

Umugabo twabiganiriyeho kenshi ariko guhuza byaratunaniye pe, ni yo mpamvu nifuje ko abasomyi b’iki kinyamakuru cyanyu bangira inama. Ese muce ku nzoga ? Nzinukwe imibonano cyangwag nkomeze nihangane? Ese ko numva nazahera umwuka umunsi umwe, mu ngire inama. Mbaye mbashimiye.

Soma Izindi Nkuru

16 Responses

  1. Umugabo wanjye iyo yanyoye inzoga atera akabariro ntarangize nkore iki?
    Uzahamagare abakuru mu muryango mubibaganirire. Atari ibyo, ndumva muzarusenya.
    Ariko se wowe uragirango akugire ate ko nawe udashobotse? Uramurega ko iminota 2 amara iyo atanyoye igupfubya. Yagasoma ho, uti: Aba yabaye nkikimashini… Kurongora ni Uburyo kandi birigishwa bikamenywa. Nasange ababizi bamwigishe uko bikorwa.

  2. Umugabo wanjye iyo yanyoye inzoga atera akabariro ntarangize nkore iki?
    Uzahamagare abakuru mu muryango mubibaganirire. Atari ibyo, ndumva muzarusenya.
    Ariko se wowe uragirango akugire ate ko nawe udashobotse? Uramurega ko iminota 2 amara iyo atanyoye igupfubya. Yagasoma ho, uti: Aba yabaye nkikimashini… Kurongora ni Uburyo kandi birigishwa bikamenywa. Nasange ababizi bamwigishe uko bikorwa.

  3. Umugabo wanjye iyo yanyoye inzoga atera akabariro ntarangize nkore iki?
    ndakubaza iyo amaze iyi minota 2 wowe urarangiza?nyuma se iyo yanyoye bwo bwo wowe byibura urarangiza
    nsubiza mbone nguhe igisubizo kirambuye kwibi.

  4. Umugabo wanjye iyo yanyoye inzoga atera akabariro ntarangize nkore iki?
    ndakubaza iyo amaze iyi minota 2 wowe urarangiza?nyuma se iyo yanyoye bwo bwo wowe byibura urarangiza
    nsubiza mbone nguhe igisubizo kirambuye kwibi.

  5. Umugabo wanjye iyo yanyoye inzoga atera akabariro ntarangize nkore iki?
    Nta kindi gishoboka mubiganire. Icyo mwebwe babiri mutazabasha gukemura ntabwo kizigera gishoboka ngo ni uko mwazanye abandi.

  6. Umugabo wanjye iyo yanyoye inzoga atera akabariro ntarangize nkore iki?
    Nta kindi gishoboka mubiganire. Icyo mwebwe babiri mutazabasha gukemura ntabwo kizigera gishoboka ngo ni uko mwazanye abandi.

  7. Umugabo wanjye iyo yanyoye inzoga atera akabariro ntarangize nkore iki?
    nihatari pe ariko ujye wihangana pe ubimuhe ntakundi

  8. Umugabo wanjye iyo yanyoye inzoga atera akabariro ntarangize nkore iki?
    nihatari pe ariko ujye wihangana pe ubimuhe ntakundi

  9. Umugabo wanjye iyo yanyoye inzoga atera akabariro ntarangize nkore iki?
    Abagore barasetsa.Uwo ni umuteto urimo abandi babuze about kubarongora none wowe uri gutabaza.Ni iki cyagukuye iwanyu Madamu?Ubwo se indaya zirongorwa n’abagabo bangahe Ku munsi?Humura uzamenyera.Ahubwo ujye ugura agacupa buri munsi ubundi agukore uwo mwana w’umuhungu.

  10. Umugabo wanjye iyo yanyoye inzoga atera akabariro ntarangize nkore iki?
    Abagore barasetsa.Uwo ni umuteto urimo abandi babuze about kubarongora none wowe uri gutabaza.Ni iki cyagukuye iwanyu Madamu?Ubwo se indaya zirongorwa n’abagabo bangahe Ku munsi?Humura uzamenyera.Ahubwo ujye ugura agacupa buri munsi ubundi agukore uwo mwana w’umuhungu.

  11. Umugabo wanjye iyo yanyoye inzoga atera akabariro ntarangize nkore iki?
    mbega umugore wumunya murengwe!!!! abandi bagenzi bawe babuze imachine nkiyo yawe… yikomereho waratomboye abandi irabipa ” Shira umuteto mama”

  12. Umugabo wanjye iyo yanyoye inzoga atera akabariro ntarangize nkore iki?
    mbega umugore wumunya murengwe!!!! abandi bagenzi bawe babuze imachine nkiyo yawe… yikomereho waratomboye abandi irabipa ” Shira umuteto mama”

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *