Umugore witwa madi Brooks wo muri USA yanyarukiye kuri Tiktok, avuga ko asangira umugabo we na nyina ndetse na murumuna we bagirana ibihe byiza, hagamijwe kumushimisha. Avuga ko kugira ngo umugabo we yishime, amwemerera kuryamana n’uwo abonye muri abo bombi. Madi ukurikirwa n’ibihumbi bisaga 92 kuri Tiktok, yavuze ngo ” Uwo ni we mugore ndi we. Nsangira umugabo wanjye na mama na murumuna wanjye kandi ni byiza cyane.” Avuga ikibitera, ati ” Hari igihe mba numva njye ntiteguye ko dutera akabariro, ndareka umugabo wanjye akarayamana na mama inshuro runaka nko mu cyumweru.” Yakomeje agira ati ” Na mushiki wanjye rimwe na rimwe ndamureka bagasabana.” Bamwe mu bamukurikira bagaragje kumirwa, bibaza uko umugabo yaryamana na nyirabukwe, akiyongeza muramukazi we.



8 Responses
Umugabo wanjye musangira na mama ndetse na murumuna wanjye ngira ngo yishime-Umugore
Niko iyi si iteye kuva kera.Ubusambanyi nicyo cyaha gikorwa ku bwinshi mu rwego rwo kwishimisha.Kuba Imana ibitubuza,ntacyo bibwiye abantu.
Umugabo wanjye musangira na mama ndetse na murumuna wanjye ngira ngo yishime-Umugore
Niko iyi si iteye kuva kera.Ubusambanyi nicyo cyaha gikorwa ku bwinshi mu rwego rwo kwishimisha.Kuba Imana ibitubuza,ntacyo bibwiye abantu.
Umugabo wanjye musangira na mama ndetse na murumuna wanjye ngira ngo yishime-Umugore
Bira babaje kurira nyokobukwe
Umugabo wanjye musangira na mama ndetse na murumuna wanjye ngira ngo yishime-Umugore
Bira babaje kurira nyokobukwe
Umugabo wanjye musangira na mama ndetse na murumuna wanjye ngira ngo yishime-Umugore
Birababaje kurira nyokobukwe, numuco wakinyarwanda ntubyemera
Umugabo wanjye musangira na mama ndetse na murumuna wanjye ngira ngo yishime-Umugore
Birababaje kurira nyokobukwe, numuco wakinyarwanda ntubyemera
Umugabo wanjye musangira na mama ndetse na murumuna wanjye ngira ngo yishime-Umugore
niba bose ntacyo bibatwari ndumva ntagitangaje. nibo bazi uburemere bw impamvu ibibatera
Umugabo wanjye musangira na mama ndetse na murumuna wanjye ngira ngo yishime-Umugore
niba bose ntacyo bibatwari ndumva ntagitangaje. nibo bazi uburemere bw impamvu ibibatera