Umugore n’umugabo mu gihugu cya Senegal baherutse gufatwa bari gusambanira ku muhanda bakuyemo imyenda yose ku manywa y’ihangu nta cyo bibabwiye.
Uyu mugore n’umugabo batatangajwe amazina bafotowe n’abihitiraga bari mu bikorwa byo gushimisha imibiri gusa ngo bakaba nta cyo byari bibabwiye kuko bari bameze nk’abibereye mu rugo rwabo.
Ibitangazamakuru bitandukanye muri kiriya gihugu byatangaje ko uyu mugore n’umugabo baje gufatwa n’inzego z’umutekano bakajya kubagorora bashinjwa gusebya umuco igihugu cyabo kigenderaho ndetse n’Afurika muri rusaange.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Aba bakunzi basanzwe mu gace kitwa Sea plaza m umurwa mukuru w’igihugu, Dakar aho basambaniraga hakaba hari ku nzira nyabagendwa ku buro buri muhisi n’umugenzi bababonaga bamwe bagahagarara bakabanza bakirebera abandi bakagira isoni bagahita bagenda biruka.
Abatangaje aya makuru batangaje ko bigoye kwemeza niba aba koko bari umugore n’umugabo bashakanye cyangwa niba bari bapanze kuhahurira bagashimishanya bataye abo bashakanye.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Gentille@Bwiza.com


