Umugore wa pasiteri yagaragaye asambanira n’ufite ubumuga bwo mu mutwe mu bwiherero

Sangiza iyi nkuru

Umugore w’i muri Afurika y’Epfo, Dlamini Dube, yateje urunturuntu ku mbuga mkoranyambaga nyuma ya videwo y’iminota irindwi imugaragaza ari gusambanira n’umugabo usanzwe azwiho kurwara mu mutwe, bari mu bwiherero.

Dlamini ni umugore wa pasiteri washinze Itorero Crown of Grace Ministries nk’uko ibinyamakuru byo muri Afurika y’Epfo birimo Massmediang.

Ababibonye bavuga ko uyu mugore nta kindi yari agamije kitari “Imigenzo yo kongera abakirisitu benshi mu rusengero rwabo ngo ayo binjiza yiyongereye.”

Umwe ati ” Nta muntu muzima wakora biriya. Umugabo we nawe akarebera! ”

Kuri ubu ariko amakuru ahari avuga ko abakirisitu benshi bamaze kwitandukanya n’uru rusengero.

Soma Izindi Nkuru

12 Responses

  1. Umugore wa pasiteri yagaragaye asambanira n’ufite ubumuga bwo mu mutwe mu bwiherero
    Mwabantu mwe ibyimyemerere yikigihe biteye inkeke pe ba pastor na padiri bikigihe bateje inkeke

  2. Umugore wa pasiteri yagaragaye asambanira n’ufite ubumuga bwo mu mutwe mu bwiherero
    Mwabantu mwe ibyimyemerere yikigihe biteye inkeke pe ba pastor na padiri bikigihe bateje inkeke

  3. Umugore wa pasiteri yagaragaye asambanira n’ufite ubumuga bwo mu mutwe mu bwiherero
    uwomubyeyi ahabwe ighano gikwiye ubwose urwonurusengero akagomba guhohotera uwomuntu ufite ubumuga izo ninyabingi zabo murakoze

  4. Umugore wa pasiteri yagaragaye asambanira n’ufite ubumuga bwo mu mutwe mu bwiherero
    uwomubyeyi ahabwe ighano gikwiye ubwose urwonurusengero akagomba guhohotera uwomuntu ufite ubumuga izo ninyabingi zabo murakoze

  5. Umugore wa pasiteri yagaragaye asambanira n’ufite ubumuga bwo mu mutwe mu bwiherero
    Uwomugore yariyafashwe naw

  6. Umugore wa pasiteri yagaragaye asambanira n’ufite ubumuga bwo mu mutwe mu bwiherero
    Uwomugore yariyafashwe naw

  7. Umugore wa pasiteri yagaragaye asambanira n’ufite ubumuga bwo mu mutwe mu bwiherero
    Ahanwe kuko yahohoteye uwomugabo

  8. Umugore wa pasiteri yagaragaye asambanira n’ufite ubumuga bwo mu mutwe mu bwiherero
    Ahanwe kuko yahohoteye uwomugabo

  9. Umugore wa pasiteri yagaragaye asambanira n’ufite ubumuga bwo mu mutwe mu bwiherero
    UWO MUGORE AKORANA NA SHITANI MUBURYO BWABUGUFI

  10. Umugore wa pasiteri yagaragaye asambanira n’ufite ubumuga bwo mu mutwe mu bwiherero
    UWO MUGORE AKORANA NA SHITANI MUBURYO BWABUGUFI

  11. Umugore wa pasiteri yagaragaye asambanira n’ufite ubumuga bwo mu mutwe mu bwiherero
    Akumiro ni amavunja igitangaza ni ubuheri. Bari baziranye se cga umugore yamugenzeho mpaka amufashe ku ngufu

  12. Umugore wa pasiteri yagaragaye asambanira n’ufite ubumuga bwo mu mutwe mu bwiherero
    Akumiro ni amavunja igitangaza ni ubuheri. Bari baziranye se cga umugore yamugenzeho mpaka amufashe ku ngufu

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *