Umugore wa Pierre Nkurunziza, Denise Bucumi yatangarije amagambo akomeye mu isengesho yakoreye muri Bujumbura mu Burundi, yibanze ku mugabo we wapfuye tariki ya 8 Kamena 2020.
Yifashishije amagambo yo muri Bibiliya, Denise yavuze ko ubwo yamenyeshejwe ko Nkurunziza byarangiye, yagize ati: ‘Mana Ihoraho, ngushimiye ko wemeye ko Nkurunziza agenda. Ni yo magambo ya mbere yasohotse mu kanwa kanjye.”
Yakomeje ati: “Mana, wari ufite ububasha bwo kwemera ko akomeza kubaho ariko washatse ko agenda. Nk’uko wemeye ko nkomeza kubaho kandi nararibwaga cyane kumurusha.”
Uko umuryango we wakiriye urupfu rwa Pierre Nkurunziza
Denise Bucumi mu nkuru dukomora kuri SOS Media, avuga ko Imana yahaye umuryango gukomera nyuma yo kumenya inkuru y’urupfu rw’umugabo we. Ati: “Tekereza ukuntu umwana w’imyaka 10 atigeze arira! Mu masaha make ya nyuma yambajije uko se amerewe.”
Yakomeje avuga ko yabanje kumenya niba abana be bose bari kumwe [icyo gihe yari akiri muri Kenya] maze abahamagara saa munani ku munsi wa kabiri navuganye, ababwira ko se byarangiye.
Ubwo yari agarutse mu rugo avuye muri Kenya kwivuza (hari ku wa kabiri nimugoroba) yasanze abana bamwenyura, basa n’aho nta kibazo bafite.
Umuryango wa Pierre Nkurunziza ngo uratuje gusa Denise ahamya ko umunsi uzabakomerera bose ari uwo gushyingura, ubwo bazabona umurambo wa nyakwigendera. Arasaba Imana kuzabakomeza icyo gihe.
Tariki ya ,9 Kamera ni bwo Guverinoma y’u Burundi yatangaje ko yapfiriye mu bitaro bya Karuzi, yishwe n’indwara y’umutima. Umuhango wo kumushyingura uteganyijwe kuri uyu wa 15 Kamena 2020.



26 Responses
Umugore wa Pierre Nkurunziza yatangaje amagambo akomeye
Umutwe w’iyi nkuru na contenu ntaho bihuriye.
Ayahe se? Gusa icyo nshima n’uko yakize peee! Imana ishimwe.
Mbaze abavuga ko yari Corona, none Kenya iyivura mu minsi ingahe?Aho bose ntibajya baboherezayo! Vuguziga uraho? Mbiswa ma!!!!
Umugore wa Pierre Nkurunziza yatangaje amagambo akomeye
Sam, wasomye neza ko inkuru n’umutwe nge mbona bihuye, igika cya mbere cyirabisobanura neza.
Umugore wa Pierre Nkurunziza yatangaje amagambo akomeye
Sam, wasomye neza ko inkuru n’umutwe nge mbona bihuye, igika cya mbere cyirabisobanura neza.
Umugore wa Pierre Nkurunziza yatangaje amagambo akomeye
Umutwe w’iyi nkuru na contenu ntaho bihuriye.
Ayahe se? Gusa icyo nshima n’uko yakize peee! Imana ishimwe.
Mbaze abavuga ko yari Corona, none Kenya iyivura mu minsi ingahe?Aho bose ntibajya baboherezayo! Vuguziga uraho? Mbiswa ma!!!!
Umugore wa Pierre Nkurunziza yatangaje amagambo akomeye
Nra ruhare na rumwe Imana yagize mu rupfu rwa Nkurunziza.Niba koko yari arwaye Coronavirus,yashoboraga kujya muli Kenya kwivuza nk’umugore we kandi nawe agakira.Ikosa Nkurunziza yakoze nuko yakomeje kuvuga ko “Imana yarinze u Burundi Coronavirus”.Nibakomeza kwinangira ntibambare masks ngo Imana izabarinda,Corona izabamara.Mwibuke abarokore benshi banga kujya kwivuza ngo Imana irahari,nyamara bagapfa.Na Nkurunziza niko byagenze.Mu byukuri,aba ari Satani ibahuma umutima nkuko bible ivuga.
Umugore wa Pierre Nkurunziza yatangaje amagambo akomeye
NONE SE MUVANDI URASHAKA KUVUGA KO NKURUNZIZA YISHWE NA COLO NAVIRUS?
Umugore wa Pierre Nkurunziza yatangaje amagambo akomeye
NONE SE MUVANDI URASHAKA KUVUGA KO NKURUNZIZA YISHWE NA COLO NAVIRUS?
Umugore wa Pierre Nkurunziza yatangaje amagambo akomeye
NONE SE MUVANDI URASHAKA KUVUGA KO NKURUNZIZA YISHWE NA COLO NAVIRUS?
Umugore wa Pierre Nkurunziza yatangaje amagambo akomeye
Ni coronavirus sha! Ikosora@Mugisha
Umugore wa Pierre Nkurunziza yatangaje amagambo akomeye
Ni coronavirus sha! Ikosora@Mugisha
Umugore wa Pierre Nkurunziza yatangaje amagambo akomeye
Ni coronavirus sha! Ikosora@Mugisha
Umugore wa Pierre Nkurunziza yatangaje amagambo akomeye
Ni coronavirus sha! Ikosora@Mugisha
Umugore wa Pierre Nkurunziza yatangaje amagambo akomeye
NONE SE MUVANDI URASHAKA KUVUGA KO NKURUNZIZA YISHWE NA COLO NAVIRUS?
Umugore wa Pierre Nkurunziza yatangaje amagambo akomeye
Nyaminana, umuhinga yaravuze ngo umunyabwenge arinda akanwa ke kuvuga ubupfapfa. None wewe ntuzapfa? Ubwo rero urashaka kuvuga ko abarokore aribo batagira ubwenge.isi ntisakaye igihe cyawe kigeze uranyagirwa. Tenyenya rero utazavaho usaba ko bagutegurira room ikuzimu.
Umugore wa Pierre Nkurunziza yatangaje amagambo akomeye
Nyaminana, umuhinga yaravuze ngo umunyabwenge arinda akanwa ke kuvuga ubupfapfa. None wewe ntuzapfa? Ubwo rero urashaka kuvuga ko abarokore aribo batagira ubwenge.isi ntisakaye igihe cyawe kigeze uranyagirwa. Tenyenya rero utazavaho usaba ko bagutegurira room ikuzimu.
Umugore wa Pierre Nkurunziza yatangaje amagambo akomeye
Ninde yakubwiy kwambara agafukamunwa kobibuza gupfa? Bamu controla ivyo muvuga mugihe abantu bagandariy uwabo. Wakambara utakambara uzopfa hageze. Nibaza wew kwatakintu ukora mukwirinda gusumvya uwarengutse. Imana niyikikwibikiye. Ntamuhinga wurupfu ndugu yangu. Bushima Imana ubonye uramutse ukabona uraniriwe. Zabufuka munwa zozo hhhhhh
Umugore wa Pierre Nkurunziza yatangaje amagambo akomeye
Ninde yakubwiy kwambara agafukamunwa kobibuza gupfa? Bamu controla ivyo muvuga mugihe abantu bagandariy uwabo. Wakambara utakambara uzopfa hageze. Nibaza wew kwatakintu ukora mukwirinda gusumvya uwarengutse. Imana niyikikwibikiye. Ntamuhinga wurupfu ndugu yangu. Bushima Imana ubonye uramutse ukabona uraniriwe. Zabufuka munwa zozo hhhhhh
Umugore wa Pierre Nkurunziza yatangaje amagambo akomeye
Muhungu vyihorere yaco uvuga nabi bikabij . Icishe bnshi mubaturage nukwigira abanyabwenge. Wewe buriya urazi ico Ari co umuyobozi (Umukuru wigihugu) yivuza nkawe?, akutikiranwa nkawe? Iga kuvuga ibirimwo ibitekerezo bizima Atari ibisunikwa numwuka gusa
Umugore wa Pierre Nkurunziza yatangaje amagambo akomeye
Muhungu vyihorere yaco uvuga nabi bikabij . Icishe bnshi mubaturage nukwigira abanyabwenge. Wewe buriya urazi ico Ari co umuyobozi (Umukuru wigihugu) yivuza nkawe?, akutikiranwa nkawe? Iga kuvuga ibirimwo ibitekerezo bizima Atari ibisunikwa numwuka gusa
Umugore wa Pierre Nkurunziza yatangaje amagambo akomeye
Nra ruhare na rumwe Imana yagize mu rupfu rwa Nkurunziza.Niba koko yari arwaye Coronavirus,yashoboraga kujya muli Kenya kwivuza nk’umugore we kandi nawe agakira.Ikosa Nkurunziza yakoze nuko yakomeje kuvuga ko “Imana yarinze u Burundi Coronavirus”.Nibakomeza kwinangira ntibambare masks ngo Imana izabarinda,Corona izabamara.Mwibuke abarokore benshi banga kujya kwivuza ngo Imana irahari,nyamara bagapfa.Na Nkurunziza niko byagenze.Mu byukuri,aba ari Satani ibahuma umutima nkuko bible ivuga.
Umugore wa Pierre Nkurunziza yatangaje amagambo akomeye
Hagiye data wagiye ntagaruke ubu nkaba mbayeho mubuzima bugoye ino iwacu i rwanda.
Umugore wa Pierre Nkurunziza yatangaje amagambo akomeye
Hagiye data wagiye ntagaruke ubu nkaba mbayeho mubuzima bugoye ino iwacu i rwanda.
Umugore wa Pierre Nkurunziza yatangaje amagambo akomeye
Imana nimwakire mubwami bwayo.igihe cari kigeze
Umugore wa Pierre Nkurunziza yatangaje amagambo akomeye
Imana nimwakire mubwami bwayo.igihe cari kigeze
Umugore wa Pierre Nkurunziza yatangaje amagambo akomeye
RIP Igihe ciwe cari kigeze.naruhuke mumahoro
Umugore wa Pierre Nkurunziza yatangaje amagambo akomeye
RIP Igihe ciwe cari kigeze.naruhuke mumahoro