Umukobwa wo mu Mujyi wa Kampala utaramenyekana amazina bivugwa ko yiga Kitende, yashyize hanze amashusho ari gusambana n’abahungu batatu batandukanye icyarimwe. Muri video eshatu ngufi, uyu mukobwa agaragara ari muri ibyo bikorwa biteye isoni bigakekwa ko umwe muri abo bahungu, cyane ko bo batagaragara neza ari we waba yarashyize hanze ayo mashusho. Hari amakuru avuga ko bishoboka ko iyo video atari iya vuba aha, ko no mu 2019 yigeze gushyirwa hanze gusa ubu ikaba yaba yarahinduriwe izina ikitwa iya Kitende. Aya mashusho yagiye hanze nyuma y’aho kandi undi munyeshuri wiga Makerere witwa Paula na we aye yagiye hanze. Paula ubwo yaganiraga na DailyExpress yavuze ko uwabikoze ari umuhungu wari inshuti ye, bashwana akamushyira ku karubanda. Si ibyo gusa kuko umukobwa witwa Gloria Kengazi na we w’umunyeshuri yashyize hanze andi mashusho. Ibitangazamakuru bivuga ko izi video ziyongereye cyane muri ibi bihe Uganda iri muri Guma mu rugo. Kurikira ibiganiro n’amavidewo binyura kuri Bwiza TV
XMA Header Image
U Rwanda na Uganda: umubano ukomeje kuzamo Kidobya –Abaturage nibo bakomeje kubihomberamo #ISANZURE
youtube.com
Aa


