Umukobwa wamenyekanye ku mazina ya Lara mu bitangazamakuru byo mu gihugu cya Nigeria avuga ko atajya akundana n’abantu batari abihayimana cyane abapadiri kuko ngo bitwara neza ku ngingo yo mu buriri.
Uyu mukobwa avuga ko ubunararibonye bwe bushingiye ku kuba igihe cyose yakundanye na ba Reverend pasiteri n’abapadiri ari bwo yagize ibihe byiza cyane mu by’imibonano mpuzabitsina. Avuga ko bazi icyo gukora mu buriri ariko ngo byagera ku ba padiri bikaba ibindi bindi nk’uko Salonedaily ibitangaza. Mu magambo ye ati ” Naryamanye n’abapadiri batatu batandukanye. Ni abahanga mu bintu byose. Kuva natangira gukundana n’abagabo, abapadiri ni bo banshimishije cyane. Nari mfite umuhungu umwe twakundanaga mbere yo kumenyana na padiri, twaje kuryamana nyuma. Yari azi kwita ku bantu kandi ashoboye akazi ko mu buriri.” Uyu mukobwa utarigeze atangaza amazina y’abapadiri yaryamanye nabo, avuga ko ikibi cyabo ari uko bahora babimura bityo ko kugirana umubano nabo bitamara kabiri. Yakomeje agira ati ‘Maze kuryamana n’abapadiri batatu. Nta gahunda mfite yo gukundana n’undi muntu utari padiri kuko abandi bababaza umutima mu buryo bworoshye. Ku bw’ibyo sinizeye ko nabona umuntu usanzwe wampa ibyishimo, akandinda imihangayiko.” Uyu mukobwa ariko nanone avuga ko agusha abantu b’Imana abizi neza ko bihabanye n’umuhamagaro wabo. Avuga ko yifuza guhagarika gukundana n’abapadiri ariko ngo byamaze kumutwara uruhu n’uruhande ku buryo kubireka ari ingorabahizi. Akomeje kwibaza icyo yakora ngo areke iyo myitwarire yo kugisha abapadiri. Arasaba inama niba hari uburyo yakoresha akivanamo uburyo yiyumvamo abapadiri.



16 Responses
Umukobwa yavuze impamvu akunda kuryamana n’abapadiri gusa
Uyu mukobwa ni shitani yuzuye nta nama yagirwa keretse kwihana gusa cg akazabona ishyano nk iryo shitani azabona.
Umukobwa yavuze impamvu akunda kuryamana n’abapadiri gusa
INAMANAGIRA UWO MUKOBWANI UKUVAMWIBYO KUKO ARIKWANDUZA ABIHAYIMANA (ARIKO ABIHAYIMANA NIBAREKEGUCA INYUMA IMANAYABO
Umukobwa yavuze impamvu akunda kuryamana n’abapadiri gusa
INAMANAGIRA UWO MUKOBWANI UKUVAMWIBYO KUKO ARIKWANDUZA ABIHAYIMANA (ARIKO ABIHAYIMANA NIBAREKEGUCA INYUMA IMANAYABO
Umukobwa yavuze impamvu akunda kuryamana n’abapadiri gusa
INAMANAGIRA UWO MUKOBWANI UKUVAMWIBYO KUKO ARIKWANDUZA ABIHAYIMANA (ARIKO ABIHAYIMANA NIBAREKEGUCA INYUMA IMANAYABO
Umukobwa yavuze impamvu akunda kuryamana n’abapadiri gusa
INAMANAGIRA UWO MUKOBWANI UKUVAMWIBYO KUKO ARIKWANDUZA ABIHAYIMANA (ARIKO ABIHAYIMANA NIBAREKEGUCA INYUMA IMANAYABO
Umukobwa yavuze impamvu akunda kuryamana n’abapadiri gusa
Uyu mukobwa ni shitani yuzuye nta nama yagirwa keretse kwihana gusa cg akazabona ishyano nk iryo shitani azabona.
Umukobwa yavuze impamvu akunda kuryamana n’abapadiri gusa
Uyu mukobwa yahanzweho na sekibi.
Dukomeze dusabire abihayimana kudatezuka ku murimo ukomeye Imana yabatoreye, no gukomeza kugira imbaraga zo kunesha za Sekibi nk’izi.
Dutokesheje kandi uwuririra kuri iyi nkuru akagambira kujya kuyobya abatorewe umurimo w’Imana.
Umukobwa yavuze impamvu akunda kuryamana n’abapadiri gusa
Uyu mukobwa yahanzweho na sekibi.
Dukomeze dusabire abihayimana kudatezuka ku murimo ukomeye Imana yabatoreye, no gukomeza kugira imbaraga zo kunesha za Sekibi nk’izi.
Dutokesheje kandi uwuririra kuri iyi nkuru akagambira kujya kuyobya abatorewe umurimo w’Imana.
Umukobwa yavuze impamvu akunda kuryamana n’abapadiri gusa
Uyu mukobwa ateye ubwoba inama namugira nuko yakwihana ibyo yakoze byose naho ubundi yageze kure.
Umukobwa yavuze impamvu akunda kuryamana n’abapadiri gusa
Uyu mukobwa ateye ubwoba inama namugira nuko yakwihana ibyo yakoze byose naho ubundi yageze kure.
Umukobwa yavuze impamvu akunda kuryamana n’abapadiri gusa
Umukobwa niyihane areke ibyaha. Yige gutinya Imana n’intumwa zayo.
Umukobwa yavuze impamvu akunda kuryamana n’abapadiri gusa
Umukobwa niyihane areke ibyaha. Yige gutinya Imana n’intumwa zayo.
Umukobwa yavuze impamvu akunda kuryamana n’abapadiri gusa
Umukobwa niyihane areke ibyaha. Yige gutinya Imana n’intumwa zayo.
Umukobwa yavuze impamvu akunda kuryamana n’abapadiri gusa
Umukobwa niyihane areke ibyaha. Yige gutinya Imana n’intumwa zayo.
Umukobwa yavuze impamvu akunda kuryamana n’abapadiri gusa
UYUMUKOBWA NIKIGERAGEZO
Umukobwa yavuze impamvu akunda kuryamana n’abapadiri gusa
UYUMUKOBWA NIKIGERAGEZO