Umukunzi wa Diamond yateye benshi kwibaza ubwo yatangazaga izina ry’umwana we

Sangiza iyi nkuru

Umukunzi wa Diamond Platnumz, Tanasha Donna akomeje gutera amatsiko abashaka kumenya izina ry’umuhungu yitegura kwibaruka.

Diamond na Tanasha barateganya kwibaruka mu kwezi 2019. Ni umwana wa Kane kuri Diamond, akaba imfura kuri uyu mukobwa w’umunyamakuru muri Kenya.

Avuga ku bafite amashyushyu yo kumenya amazina y’umwana we, yahishuye gusa ko azaba afitemo izina ry’idini ya isilamu.

Yavuze ko kudatangaza izina ry’umwana  hakiri kare, abiterwa n’ab’Isi usanga rimwe na rimwe badashimishwa n’iterambere ry’abandi.

Ati “ Mfite ubwoba ko abantu babi bashobora kuzamugirira nabi. Izina twarivuganyeho ariko kuri ubu sinaritangaza.”

[penci_related_posts dis_pview=”no” dis_pdate=”no” title=”Izindi nkuru wasoma” background=”” border=”” thumbright=”no” number=”4″ style=”list” align=”none” withids=”” displayby=”recent_posts” orderby=”rand”]

Abamukurikirana nk’uko Classic 105 ibitangaza, uyu mukobwa wemera ko ari umukirisitu, yemera ko umuhungu we azafata izina ry’idini ya Se (Islam).

Uyu mwana kuri ubu azwi nka Young Lion.

 

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *