Umunyamakuru Ndahiro Valens yahuye n’uruvagusenya ubwo yataraga inkuru ku mupfumu

Sangiza iyi nkuru

Umunyamakuru Ndahiro Valens Papy wa BTN TV yahuye n’uruvagusenya ubwo yataraga inkuru ku muvuzi gakondo cyangwa umupfumu mu karere ka Rubavu.

Nyuma yo kumenya ko abaturage bo mu mudugudu wa Nyarubande, akagari ka Gikombe mu murenge wa Nyakiriba batewe impungenge n’inkono z’uyu mupfumu zihora zaka, Ndahiro yagiye gukurikirana.

Uyu munyamakuru wamenyekanye cyane mu gutangaza inkuru zidasanzwe, yagiye mu rugo rw’uyu mupfumu aherekejwe n’abaturage bo muri Nyarubande, maze aramwibwira, ashaka kumusobanuza kuri aka kazi ke.

Uyu mupfumu utishimiye kubona Ndahiro mu rugo rwe, yamusubije ati: “Umva nkubwire rero, umva nkubwire, njyewe nta banyamakuru nshaka hano. Urumva? Nta banyamakuru nshaka.”

Inzuki zahise zirukankana uyu munyamakuru hamwe n’aba baturage bari bamuri inyuma, bose bakizwa n’amaguru.

Soma Izindi Nkuru

18 Responses

  1. Umunyamakuru Ndahiro Valens yahuye n’uruvagusenya ubwo yataraga inkuru ku mupfumu
    HHHHHHHH
    NDATEMBAGAYE PEEEE

  2. Umunyamakuru Ndahiro Valens yahuye n’uruvagusenya ubwo yataraga inkuru ku mupfumu
    HHHHHHHH
    NDATEMBAGAYE PEEEE

  3. Umunyamakuru Ndahiro Valens yahuye n’uruvagusenya ubwo yataraga inkuru ku mupfumu
    Babyita ikosora!

  4. Umunyamakuru Ndahiro Valens yahuye n’uruvagusenya ubwo yataraga inkuru ku mupfumu
    Babyita ikosora!

  5. Umunyamakuru Ndahiro Valens yahuye n’uruvagusenya ubwo yataraga inkuru ku mupfumu
    No kuba yahageze inzukizikamwirukankana , nabwo ni inkuru yayibonye ihamya ko uriya Ari umupfumu.

  6. Umunyamakuru Ndahiro Valens yahuye n’uruvagusenya ubwo yataraga inkuru ku mupfumu
    No kuba yahageze inzukizikamwirukankana , nabwo ni inkuru yayibonye ihamya ko uriya Ari umupfumu.

  7. Umunyamakuru Ndahiro Valens yahuye n’uruvagusenya ubwo yataraga inkuru ku mupfumu
    Ubu se title wanditse ihuriyehe na content pls try to be proffetional .

    1. Umunyamakuru Ndahiro Valens yahuye n’uruvagusenya ubwo yataraga inkuru ku mupfumu
      Turetse kunenga bikabije, njye ndabona bihuye cyane ahubwo.

    2. Umunyamakuru Ndahiro Valens yahuye n’uruvagusenya ubwo yataraga inkuru ku mupfumu
      Turetse kunenga bikabije, njye ndabona bihuye cyane ahubwo.

  8. Umunyamakuru Ndahiro Valens yahuye n’uruvagusenya ubwo yataraga inkuru ku mupfumu
    Ubu se title wanditse ihuriyehe na content pls try to be proffetional .

  9. Umunyamakuru Ndahiro Valens yahuye n’uruvagusenya ubwo yataraga inkuru ku mupfumu
    mmmmmmmmmmmmm

  10. Umunyamakuru Ndahiro Valens yahuye n’uruvagusenya ubwo yataraga inkuru ku mupfumu
    mmmmmmmmmmmmm

  11. Umunyamakuru Ndahiro Valens yahuye n’uruvagusenya ubwo yataraga inkuru ku mupfumu
    Nibyo byazajya bimushobora !ubwose murumva ataragiye kubangamira businesses yabandi!We harumuntu ujyumutera kukazi ke atamwatse uburenganzira??mbere yabyose yagombaga kubanza kwaka Randevu umupfu

  12. Umunyamakuru Ndahiro Valens yahuye n’uruvagusenya ubwo yataraga inkuru ku mupfumu
    Nibyo byazajya bimushobora !ubwose murumva ataragiye kubangamira businesses yabandi!We harumuntu ujyumutera kukazi ke atamwatse uburenganzira??mbere yabyose yagombaga kubanza kwaka Randevu umupfu

  13. Umunyamakuru Ndahiro Valens yahuye n’uruvagusenya ubwo yataraga inkuru ku mupfumu
    Hhhhh nihatali yihangane

  14. Umunyamakuru Ndahiro Valens yahuye n’uruvagusenya ubwo yataraga inkuru ku mupfumu
    Hhhhh nihatali yihangane

  15. Umunyamakuru Ndahiro Valens yahuye n’uruvagusenya ubwo yataraga inkuru ku mupfumu
    Njye ndabonako inkuru yayibonye.
    Nonese kwirukankanwa n’inzuki, niyo ubwayo n’inkuru. Ariko nimba uwo mupfumu akora mukuri, numva atampamvu y’uko yari kwirukana uwo munyamakuru kuko ninawe wari kuzamushakira abakiriya binyuze mukinyamakuru. Kuba yahise abateza inzuki, njye nibazako adakora bizima

  16. Umunyamakuru Ndahiro Valens yahuye n’uruvagusenya ubwo yataraga inkuru ku mupfumu
    Njye ndabonako inkuru yayibonye.
    Nonese kwirukankanwa n’inzuki, niyo ubwayo n’inkuru. Ariko nimba uwo mupfumu akora mukuri, numva atampamvu y’uko yari kwirukana uwo munyamakuru kuko ninawe wari kuzamushakira abakiriya binyuze mukinyamakuru. Kuba yahise abateza inzuki, njye nibazako adakora bizima

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *