Huye: Byari ibyishimo ubwo ikipe y’irerero rya PSG yamurikaga igikombe cy’Isi (Amafoto)

Kuri uyu wa 26 Gicurasi 2022 ni bwo ikipe y’abana batarengeje imyaka 13 y’amavuko barererwa mu irerero rya Paris Saint Germain (PSG) riri mu Karere ka Huye bamuritse igikombe cy’Isi batsindiye mu Bufaransa, mu irushanwa ryahuzaga amarerero yose y’iyi kipe ku Isi rizwi nka PSG Academies World Cup. Muri uyumuhango witabiriwe n’abayobozi barimo Guverineri w’Intara […]
M23 yarahiye ko itazongera kuva ku butaka bwa RDC
Umutwe witwaje intwaro wa M23 warahiye ko utazongera kuva ku butaka bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) nk’uko wigeze kubigenza mu mwaka w’2013 ubwo watsindwaga n’ingabo za Leta zari zifatanyije n’iziri mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye, MONUSCO. Mu kiganiro na VOA, Umuvugizi wa M23, Maj. Willy Ngoma yatangaje ko kuri ubu bazarwana n’ingabo za […]
RDC: Abasirikare 8 ba FARDC barimo umukoloneli barashinjwa kwica Umushinwa
Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 25 Gicurasi 2022, umukoloneri mu ngabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) n’abandi basirikare 7 batawe muri yombi na bagenzi babo, bashyikirijwe Guverineri wa Ituri. Barashinjwa kuba barishe Umushinwa n’umurinzi we w’Umunyekongo ku ya 18 Werurwe i Labo, hafi y’akarere ka Nderembi gaherereye mu nkengero z’iburengerazuba bw’umujyi wa […]
Rubavu: Urukiko rwakatiye umunyerondo wishe mugenzi we bari ku irondo
Urukiko Rwisumbuye rwa Rubavu ruherutse gusoma urubanza Ubushinjacyaha bwari bukurikiranyeho uwitwa Mugiraneza Jean Damascène icyaha cy’ubwicanyi, yakoreye mu Karere ka Nyabihu , Umurenge wa Jenda, Akagari ka Rega mu Mudugudu wa Kajebenshi ubwo yicaga uwitwa Hitimana Alphonse alias KANA mu ijoro ryo ku wa 9/4/2022, amuteye icyuma ku mutima agahita apfa. Ubushinjacyaha Bukuru dukesha iyi […]
Repubulika ya Demokarasi ya Congo ishobora kongera kuba isibaniro ry’ibihugu byo mu karere – ICG
Repubulika ya Demokarasi ya Congo ngo ishobora kongera kuba isibaniro ry’ibihugu byo mu karere nk’uko byatangajwe n’Ikigo International Crisis Group (ICG) muri raporo yacyo. Iyi raporo yashyizwe ahagargara mu gihe imirwano ikomeje guca ibintu mu nkengero z’Umujyi wa Goma mu bice bya Bunagana, Rutshuru na Rumangabo, aho bivugwa ko ikigo cya gisirikare cyaho cyari kigaruriwe […]
Kenya: Visi Perezida Ruto yaciye bugufi asaba imbabazi Perezida Uhuru Kenyatta
Visi Perezida wa Kenya, William Kipchirchir Samoei Ruto, yinginze Perezida Uhuru Kenyatta ngo amubabarire niba atarageze ku byo yari yitezweho mu gihe cy’imyaka icumi bayoboranye igihugu. Kuri uyu wa Kane, itariki ya 26 Gicurasi, mu masengesho yo gusengera igihugu yabereye muri Safari Park Hotel i Nairobi, visi perezida yemeye ko ashobora kuba yarashwanye n’umukuru w’igihugu, […]
Rick Ross yemeje ko ari mu munyenga w’urukundo na Hamissa Mobetto
Umuraperi w’Umunyamerika wamamaye nka Rick Ross yemeye ko ari mu rukundo na Hamissa Mobetto wo muri Tanzania, wigeze gukundana na Nasib Abdul Juma wamamaye nka Diamond Platinumz. Ibi bibaye hashize ukwezi aba bombi babihakanye. Mu kiganio cyabahuje ubwo baganiriraga ‘live’ ku rubuga rwa Instagram ni bwo bombi babyemeje. Byatangiye uyu mukobwa amubwira ati: “Bashaka kumenya […]
Senegal: Inkongi y’umuriro mu bitaro yahitanye impinja 11
Kuri uyu wa Gatatu, itariki 25 Gicurasi, impinja 11 zapfuye zizize inkongi y’umuriro yadutse mu bitaro bya Tivaouane, ibyago ngo byerekana amakosa akomeye ya sisitemu y’ubuzima ya Senegal. Minisitiri w’ubuzima Abdoulaye Diouf Sarr yavuze ko inkongi y’umuriro yatewe n’amashanyarazi mu gice cy’abana bakivuka mu Bitaro bya Abdoul Aziz Sy Dabakh. Yagize ati: Igice gifite ubushobozi […]
Umunyamakuru Ndahiro Valens yahuye n’uruvagusenya ubwo yataraga inkuru ku mupfumu
Umunyamakuru Ndahiro Valens Papy wa BTN TV yahuye n’uruvagusenya ubwo yataraga inkuru ku muvuzi gakondo cyangwa umupfumu mu karere ka Rubavu. Nyuma yo kumenya ko abaturage bo mu mudugudu wa Nyarubande, akagari ka Gikombe mu murenge wa Nyakiriba batewe impungenge n’inkono z’uyu mupfumu zihora zaka, Ndahiro yagiye gukurikirana. Uyu munyamakuru wamenyekanye cyane mu gutangaza inkuru […]
Ndimbati yigaragaje mu birori byabereye muri gereza ya Nyarugenge

Umunyarwenya akaba n’umukinnyi wa filimi n’amakinamico, Uwihoreye Jean Bosco wamamaye nka Ndimbati Moustapha, yigaragaje mu birori byabereye muri gereza ya Nyarugenge afungiwemo. Kuri uyu wa 26 Gicurasi, muri iyi gereza habereye ibirori byo gusoza amasomo ku mfungwa n’abagorwa bigaga mu ishuri ry’imyuga n’ubumenyingiro ry’urwego rubashinzwe, RCS. Ibi birori byitabiriwe n’abayobozi bakuru barimo Minisitiri w’umutekano, Gasana […]
Tanzania: Umuyobozi wari umaze amezi 3 aburiwe irengero yafatiwe ku nshoreke
Umuyobozi wo muri Tanzaniya, Mutta Rwakatare, wari umaze amezi atatu yaraburiwe irengero yasanzwe arimo kurya ubuzima n’undi mugore bari basigaye bibanira. Umuryango wa Rwakatare wari usanzwe ari umuyobozi w’agace ka Kawe, tariki ya 23 Werurwe 2022 ni bwo wamenyesheje Polisi ko wamubuze. Polisi yatangiye kumushakisha, imufatira mu gace ka Tabata kari mujyi wa Dar es […]
Perezida wa Kenya arashyikirizwa igikombe cy’Isi
Perezida wa Repubulika ya Kenya, Uhuru Kenyatta, kuri uyu wa 27 Gicurasi 2022 arashyikirizwa igikombe cy’Isi, mu rwego rw’imyiteguro y’irushanwa gihatanirwamo rizabera muri Qatar mu Gushyingo. Ikinyamakuru Nation gisobanura ko iki gikombe cya mbere gihenze ku Isi kiramara iminsi ibiri muri Kenya, hanyuma kijyanywe mu bindi bihugu byatoranyijwe. Kiragezwa ku biro bya Perezida Uhuru i […]
Ibihugu bya NATO byaba byumvikanye ko bigomba kwirinda intambara n’u Burusiya
Ibihugu bigize umuryango NATO byaba biherutse kumvikana ko bigomba kwirinda icyatuma bijya mu ntambara n’u Burusiya bukomeje kugaba ibitero muri Ukraine. Ibiro ntaramakuru by’u Budage, DPA, bivuga ko amakuru byahawe n’abafite aho bahuriye na NATO i Brussels mu Bubiligi kuri uyu wa 25 Gicurasi 2022, avuga ko byemeranyije kutohereza ibifaru n’indege z’intambara muri Ukraine. Ngo […]
Amavubi ntagiciye mu ijonjora ry’ibanze rya CHAN 2023
Ikipe y’igihugu ‘Amavubi’ yamaze kuvanwa mu makipe azakina ijonjora ry’ibanze ryo gushaka Itike y’Igikombe cya Afurika cy’abakina imbere mu bihugu byabo (CHAN 2023). Ni irushanwa rizabera muri Algeria hagati ya tariki ya 8 n’iya 31 Mutarama 2023, rikazakinwa n’amakipe y’ibihugu 18 aho kuba 16 nk’uko byari bimenyerewe. Kuri uyu wa Kane saa Saba ni bwo […]
L’ancienne Miss Rwanda libĂ©rĂ©e sous caution
Le tribunal primaire de Kicukiro a accordĂ© le mercredi 25 mai une libĂ©ration sous caution Ă Elsa Iradukunda, Miss Rwanda 2017, après que le parquet a retirĂ© leur dossier de dĂ©tention provisoire. Iradukunda est accusĂ© de diverses accusations, notamment d’avoir influencĂ© des assistants d’organes judiciaires, d’avoir fait de faux tĂ©moignages ainsi que d’avoir utilisĂ© de […]
M23 iravugwaho kwigarurira uduce twinshi mu gihe ishaka no gufata ikigo cya gisirikare cya Rumangabo
Amakuru yatangajwe kuri twitter na Kivu Morning Post aravuga ko mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane, saa kumi n’ebyiri imirwano yakomeje hagati ya FARDC na M23, ndetse urusaku rw’imbunda ziremereye n’izoroheje rwumvikanye mu Kigo cya gisirikare cya Rumangabo, kimwe mu by’ingenzi bya FARDC mu burasirazuba bw’igihugu. Amakuru akaba avuga ko kuri uyu wa Gatatu […]
JosĂ© Mourinho yanditse amateka atarakorwa n’umutoza n’umwe i Burayi
Umutoza JosĂ© Mourinho yanditse amateka yo kuba umutoza wa mbere ushoboye gutwara ibikombe byo ku mugabane w’u Burayi mu makipe ane atandukanye, nyuma yo gufasha AS Roma atoza kwegukana Igikombe cya UEFA Conference League itsinze Feyenoord yo mu Buholandi ku mukino wa nyuma. Igitego rukumbi cyo mu gice cya mbere cy’umukino cya Nicolo Zaniolo ni […]
Nyamasheke/Mataba: Barasaba ibungabungwa ry’icyobo cyaroshywemo Abatutsi 28

Abarokokeye jenoside yakorewe Abatutsi mu yari segiteri Gabiro mu murenge wa Shangi w’ubu, mu karere ka Nyamasheke, barasaba akarere kabo ubufasha icyobo ndangamateka kiri mu mudugudu wa Mataba, akagari ka Mataba muri uyu murenge wa Shangi, cyaroshywemo abatutsi 28 biganjemo abagore n’abana, kikazitirwa ku buryo burambye, kikarushaho kubungabungwa kugira ngo kitazangirika n’amateka kibumbatiye agasibangana. Babisabye […]
RDC: Ihuriro VICI-RDC rirasaba leta kwirukana Ambasaderi w’u Rwanda i Kinshasa
Ihuriro ry’Abenegihugu, Vigilance Citoyenne, “ryishimiye intambwe igaragara yatewe n’ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo mu kurwanya inyeshyamba za M23 rivuga ko zishyigikiwe n’u Rwanda mu mirwano ibera i Nyiragongo na Rutshuru”, risaba ko Ambasaderi w’u Rwanda i Kinshasa, Vincent Karega, yahambirizwa. Mu itangazo rigenewe abanyamakuru ryabonwe na ACTU7.CD, dukesha iyi nkuru, kuri uyu wa […]
Kigali: Polisi yataye muri yombi agatsiko k’abahinduraga numero ziranga telephone zibwe
Polisi y’u Rwanda mu Mujyi wa Kigali, ku wa mbere tariki ya 23 Gicurasi, yafashe abantu 12 bahinduraga nimero ziranga amatelefone yibwe zizwi nka IMEI cyangwa Serial number zigizwe n’imibare 15, ari nayo yifashishwa mu kuzikurikirana iyo zibwe kugira ngo zifatwe. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, Commissioner of Police (CP) John Bosco Kabera, yavuze ko […]
RDC yeruye, ishinja u Rwanda gufasha M23
Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yashinje byeruye u Rwanda kuba ari rwo ruri guha ubufasha inyeshyamba z’umutwe wa M23 zihanganye mu ntambara n’Ingabo za kiriya gihugu. RDC yashyize ibi birego ku Rwanda binyuze muri Minisitiri wayo w’Ububanyi n’Amahanga, Christophe Lutundula wagezaga ijambo ku nama nyobozi y’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe. Ni inama yabaye […]
ISLAM/RELIGION na MODERNITE- Igice cya gatatu
Byaba byiza tuvuze amateka magufi kw’iyinjizwa rya modernitĂ© Nyaburayi mu mbaga y’Abayisilamu n’uko yakiriwe. Mu nyandiko ye yise “Modernisation de l’islam ou islamisation de la modernitĂ© »2001 pag139-144 Prof Jocelyne Cesari asobanura muri macye uko imbaga y’abasilamu yakiriye modernitĂ© Nyaburayi. Abasilamu bamaze guhura na modernitĂ© nyaburayi bagize icyo yita choc, maze biba imbarutso yo kwitekerezaho […]