Umunyeshuri wiga mu mwaka wa Gatatu w’amashuri yisumbuye mu Ishuri rya Ainamoi riri ahitwa Kericho muri Kenya kuwa Gatatu w’iki cyumweru yashimangiye mu mutwe wa diregiteri, Geoffrey Rono, umusumari wa inches enye zingana na cm 10.16 Uyu munyeshuri utavuzwe amazina, yakoze ibi nyuma y’aho ubuyobozi bw’ishuri bwari bumwirukanye kuko yasabwaga kubanza kwishyura ideni abubereyemo. Uyu yasabwaga kwishyura amashilingi ya Kenya ibihumbi 150 na we agasaba ko yahabwa igihe kugira ngo ashake ubwishyu. Nyuma y’aho ubuyobozi bwangiye kumutega amatwi, yahisemo gucunga diregiteri, wari urimo kugendagenda mu kigo mu ijoro, amushimangira mu mutwe umusumari wa cm 10 mu mutwe, aramukomeretsa bikomeye kuko yakoresheje akabaho ashimangira uwo musumari. Ikinyamakuru The Star cyo muri Kenya kivuga ko ahubwo uyu musumari wari uwa inches esheshatu gusa ibyinshi bivuga ko ari inches enye. Diregiteri yajyanwe kwa muganga mu gihe uyu munyeshuri na we yahise aburirwa irengero nk’uko Umuyobozi wa Polisi muri Kericho, Silas Mathiu, wemeje aya makuru, akavuga ko uyu mwana yahise aburirwa irengero nyuma yo gukora iryo abara ahagana saa tatu z’ijoro. Afande Mathiu avuga ko uyu munyeshuri ubu ari gushakishwa mu gihe Diregiteri Rono yajyanwe kwa muganga. WASOMA: https://bwiza.com/?Kigali-Umunyeshuri-yateye-umwarimu-igitiritiri-cy-ikigori-mugenzi-we-yari-amaze Kimwe no mu Rwanda, Kenya nayo ihanganye n’ikibazo cy’ikinyabupfura hafi ya ntacyo mu mashuri. Abanyeshuri bo muri iki gihugu mu minsi ishize, bari badukanye ingeso yo gutwika za dorutwari (aho barara).
XMA Header Image
Nikibazo Politike!! Abagabo 2 bananiwe kumvikana babituzanamo\dufite abapfumu RIB na Police byavaho
youtube.com
Aa



18 Responses
Umunyeshuri yashimangiye mu mutwe wa diregiteri umusumari wa cm 10
Yegoko sinarinziko na Kenya aruko.nuburere bubi buhabwa abana kuva bavuka.ajyakugera mwishuli atacyumva.yarigize akaraha kajyahe.mwarimu ntacyo avuze imbereye.
Umunyeshuri yashimangiye mu mutwe wa diregiteri umusumari wa cm 10
Yegoko sinarinziko na Kenya aruko.nuburere bubi buhabwa abana kuva bavuka.ajyakugera mwishuli atacyumva.yarigize akaraha kajyahe.mwarimu ntacyo avuze imbereye.
Umunyeshuri yashimangiye mu mutwe wa diregiteri umusumari wa cm 10
Birababaje!ababyeyi batereranye leta muguha abana uburere bwiza.Ikindi Kandi uburenganzira bw’umwana bugeza Aho bubuza umubyeyi,umurezi n’undi wese guhana umwana uko bikwiye kugeza Aho usaba umuyobozi guhana umwana ntaho turi kujya!
Umunyeshuri yashimangiye mu mutwe wa diregiteri umusumari wa cm 10
Birababaje!ababyeyi batereranye leta muguha abana uburere bwiza.Ikindi Kandi uburenganzira bw’umwana bugeza Aho bubuza umubyeyi,umurezi n’undi wese guhana umwana uko bikwiye kugeza Aho usaba umuyobozi guhana umwana ntaho turi kujya!
Umunyeshuri yashimangiye mu mutwe wa diregiteri umusumari wa cm 10
Ngo kwishura? Kosora wa ndike kwishyura mwe kujya mwigira abasirimu mu rurimi, editor want akora iki?
Umunyeshuri yashimangiye mu mutwe wa diregiteri umusumari wa cm 10
Ngo kwishura? Kosora wa ndike kwishyura mwe kujya mwigira abasirimu mu rurimi, editor want akora iki?
Umunyeshuri yashimangiye mu mutwe wa diregiteri umusumari wa cm 10
Mubyukuri rwose birakwiye ko uburere bwabana bukurikiranirwa hafi amazi atararenga inkombe, nimururwo rwego rwo kwirinda kuzagira urwanda rwahazaza rwiza! Hari hakwiye kujyaho gushyirwaho ibihano bizwi wenda akaba ariryo tegeko ry’amurengera! Bitaribyo isi iragera aharindimuka setu
Umunyeshuri yashimangiye mu mutwe wa diregiteri umusumari wa cm 10
Mubyukuri rwose birakwiye ko uburere bwabana bukurikiranirwa hafi amazi atararenga inkombe, nimururwo rwego rwo kwirinda kuzagira urwanda rwahazaza rwiza! Hari hakwiye kujyaho gushyirwaho ibihano bizwi wenda akaba ariryo tegeko ry’amurengera! Bitaribyo isi iragera aharindimuka setu
Umunyeshuri yashimangiye mu mutwe wa diregiteri umusumari wa cm 10
Mubyukuri mushake umuti w’iki kibazo amazi atararenga inkombe kuko guhana umwana si ukumubyinira
Umunyeshuri yashimangiye mu mutwe wa diregiteri umusumari wa cm 10
Mubyukuri mushake umuti w’iki kibazo amazi atararenga inkombe kuko guhana umwana si ukumubyinira
Umunyeshuri yashimangiye mu mutwe wa diregiteri umusumari wa cm 10
Mubyukuri rwose birakwiye ko uburere bwabana bukurikiranirwa hafi amazi atararenga inkombe, nimururwo rwego rwo kwirinda kuzagira urwanda rwahazaza rwiza! Hari hakwiye kujyaho gushyirwaho ibihano bizwi wenda akaba ariryo tegeko ry’amurengera! Bitaribyo isi iragera aharindimuka setu
Umunyeshuri yashimangiye mu mutwe wa diregiteri umusumari wa cm 10
Mubyukuri rwose birakwiye ko uburere bwabana bukurikiranirwa hafi amazi atararenga inkombe, nimururwo rwego rwo kwirinda kuzagira urwanda rwahazaza rwiza! Hari hakwiye kujyaho gushyirwaho ibihano bizwi wenda akaba ariryo tegeko ry’amurengera! Bitaribyo isi iragera aharindimuka setu
Umunyeshuri yashimangiye mu mutwe wa diregiteri umusumari wa cm 10
Ndabona bitoroshye
Umunyeshuri yashimangiye mu mutwe wa diregiteri umusumari wa cm 10
Ndabona bitoroshye
Umunyeshuri yashimangiye mu mutwe wa diregiteri umusumari wa cm 10
turabakunda cyane
Umunyeshuri yashimangiye mu mutwe wa diregiteri umusumari wa cm 10
turabakunda cyane
Umunyeshuri yashimangiye mu mutwe wa diregiteri umusumari wa cm 10
Birakwiye kongera gutekereza kukibazo cyo kujyana abana kw’ishuli bakiri bato cyane aho batakigumana n’ababyeyi ngo bahabwe uburere bwa nyabwo mumyaka iza turagwiza ibyihebe bikomotse mucyo tubona nk’iterambere.
Umunyeshuri yashimangiye mu mutwe wa diregiteri umusumari wa cm 10
Birakwiye kongera gutekereza kukibazo cyo kujyana abana kw’ishuli bakiri bato cyane aho batakigumana n’ababyeyi ngo bahabwe uburere bwa nyabwo mumyaka iza turagwiza ibyihebe bikomotse mucyo tubona nk’iterambere.