Umupasiteri yavuze icyamuteye gusomana n’abakobwa umwe agahahamuka

Sangiza iyi nkuru

Pasiteri mu Idini y’Abapurotesitanti, Rev. Fr. BalthazaR Obeng Labri, yasabye imbabazi ku kuba yarasomeye kuri alitari abakobwa batatu b’abanyeshuri, umwe agahahamuka, avuga ko byatewe no kubifata nk’ibisanzwe.

Muri videwo yasakaye mu minsi ishize, Labri yagaragaye asoma abakobwa batatu gusa umwe muri bo byagaragara ko atabishaka, yarahahamutse.

Rubanda yihereje imbuga nkoranyambaga, iramunenga biratinda, ingingo yatumye na we yandika ibaruwa, asaba imbabazi.

Yagize ati ” Nsabye imbabazi ku bw’ibikorwa byanjye. Ntabwo nari natekereje neza kuri iriya myitwarire. Iriya myitwarire ndemera ko ari mibi cyane muri ibi bihe bya Covid-19.”

Pasiteri Labri yabaye yambuwe inshingano, aracyakorwaho iperereza.

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *